AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Shangazi Dative amaze gufasha abashakanye benshi basenyerwaga n’ibibazo byo gutera akabariro

Shangazi Dative amaze gufasha abashakanye benshi basenyerwaga n’ibibazo byo gutera akabariro
24-05-2022 saa 09:59' | By Chief Editor | Yasomwe n'abantu 2300 | Ibitekerezo

Shangazi Dative ni umubyeyi umaze kumenyekana cyane haba mu Rwanda no hanze yarwo ko afite ubunararibonye n’impano idasanzwe mu gufasha abubatse ingo.

Byatangiye ageze mu myaka makumyabiri aho yafashaga abakobwa b’urungano mu gikorwa cy’urubohero no guca imyeyo.

Abazi uyu muco nyarwanda ni umuco wihariwe n’igitsinagore ukorwa ku myanya ndangagitsina yabo ikiba kigamijwe ni ukwambika imyanya ndangagitsina yabo,ariko
by’ukuri uyu muco wo guca imyeyo ku gitsinagore ufite ibanga rikomeye mu kuryoshya imibonano mpuza bitsina ku bashakanye nk’uko bagabo n’abagore benshi babihamya.

SHANGAZI Dative avugako mu myaka afite ikabakaba 50 akora uyu murimo wo gufasha abubatse ingo n’abenda kuzishinga ikibazo yahuraga nacyo gikomeye n’ikibazo abagore cyangwa abagabo bamugezagaho inshuro nyinshi,abagore barega abagabo babo ko mugihe cy’imibonano mpuzabitsina abagabo babo barangiza vuba bo bagasigara bumva batanyuzwe bityo hakaba hari ababura kwihangana bakavuga ko ari cyo cyabateye guca inyuma y’abagabo babo.

Abagabo nabo hakaba abarega abagore babo ko mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina abagore babo baba ntabushake bafite inshuro nyinshi bakabikora bigoranye,bakavuga ko nabo ibyo bibatera kwishakira abandi bagore babibakorera bafite ubushake.

Ubwo Shangazi Dative yaganiraga n’ikinyamakuru DW cy’Abadage ndetse na radio Ijwi ry’Amerika bamubajije imbogamizi afite muri uwo murimo w’ubujyanama ku bubatse ingo,ababwira ko ikibazo afite gikomeye ari ukuzabona umuti nyawo ufasha abagabo bagira ikibazo cyo kurangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina n’ufasha abagore batagira ubushake muri icyo gikorwa.

REBA VIDEO HANO :

Shangazi Dative mukuganira n’ibyo binyamakuru nyuma yaje kugira umugisha ahabonera igisubizo,ubu Shangazi Dative niwe ufite umuti,ufite abahamya ko wabakijije ikibazo cyo kurangiza vuba,kubura ubushake mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina haba ku bagabo n’abagore.

Ibi mubitandukanye n’aho mwagiye mujya hose bakabarira amafranga ubusa,Shangazi Dative ari kwamamaza atari kubera indonke gusa ahubwo arabikora nko gufasha unuryango nyarwanda urimo ingo zisenywa cyane n’ibyo bibazo byavuzwe haruguru.

Abakobwa n’abagore bakeneye service y’urubohero(guca imyeyo) abibakorera neza kandi akaba yaguha umuti mwiza ubikora noneho akakwereka uko wabyikorera nawe.

Shangazi Dative afite ikigo cyitwa MASENGE LIFE CENTER,gikorera hirya y’ahahoze gereza ya Nyarugenge ugeze kuri station SP ihari.
Wamuhamagara kuri Tel +250783441825.Iyi Tel. iri no kuri WhatsApp.
Cyangwa ukamwandikira kuri email : dativemukamana9@gmail.com


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA