Tabreti yamfashije kumenya amakuru menshi yukukwe nasobanukiwe byinshi kubera kureb’amashusho navide
Hhh uranskeje cyane iyo uvuze rubanda rugufi ukongeraho ko wagiyeyo ujya muri kaminuza uba ushatse gusobanura ko abo wise rubanda rugufi bo batize. Abakanishi nabo biga kaminuza kimwe nabandi ibaruwa yawe irimo byinshi utaramenya uzasubireyo kenshi babanze bagatoze kuko haribyo ugikeneye. Nkubu rubanda rugufi ntubizi ndetse namashuri nturasobanukirwa. Former KIST Yigisha abakanishi, IPRCs zigisha abakanishi kd abo bose bajya mu itorero nurugero naguhaga ibindi nawe uzabishake
joriji ni umusirimu peeeeee
joriji ni umusirimu peeeeee
Ni byiza kuba intore.
Icyo nabonye nanjye nuko kubera kujya mu mshugurwa y’intore kenshi usanga abo bahorayo barabigize iturufu barisha kuko bahamagarwa kenshi mu mahugurwa ndetse bagahagararira amanama atandukanye ariko icyo ngaya n’uko kwironda ntibegere abatarabashije kujya gutozwa nk’intore ngo bababwire ku nyigisho bahawe, bityo igihugu cyunguke intore zindi zatojwe nizo za mbere.
JORIJI UZANDIKIRE NA PEREZIDA MUGUFUNGA IMIPAKA ABATURAGE BO HASI TUKAHARENGANIRA IBICIRO BIKAZAMUKA
ariko ukwezi ntimuzi gutara amakuru inkuru zomumwaka washize mwayeye icyirenge mucya igihe koko izinkuru zanyu zishaje twarazirambiwe
dushimiye cyane iyinyandiko iratwigisha cyane.
Banetti ko atacyandika byagenze bite ?
Ibyo nibyo kambisa arirjewe nifitiye ikibazo dinyagamugayo ahontuye dinore dubaha dafasha non rucagu mwambabariye mukatagaza igihe abaziyadikisha mugisirikare dacyinyotewe dashakagukorera irwabyaye.0734484114.murakoze
Ibyo nibyo kambisa arirjewe nifitiye ikibazo dinyagamugayo ahontuye dinore dubaha dafasha non rucagu mwambabariye mukatagaza igihe abaziyadikisha mugisirikare dacyinyotewe dashakagukorera irwabyaye.0734484114.murakoze
Joriji Yisubireho Ibyo Nago Bikwiye Kabisa Mugihe Tugezemo.
Azabanze yige guca ubuhake.Kuko guhakirizwa ari wo muco atoza abatoaho kubigisha Demokarasi.
Iyi baruwa ikwiye igisubizo. Umutoza nasubize kuko umuyoboro wo gutoza ushobora kuba utagira amashami kandi buri wese yakagombye kurya imbuto z’ubutore.
Nibyo koko bibaye byiza hashyirwaho gahunda yogutoza abikorera ariho habonekamo nabo bamotari n’abanyonzi kuko bari mubatanga serivisi kenshi muri benshi
Genda Joriji uri uwambere.
Rucagu rwose agutege amatwi birakwiye ko abo bose bavuzwe haruguru bafatirwa umwanya bagatekerezwaho nabo bagatozwa.
Komerezaho ku mabaruwa arimo ubwenge utugezaho !!
Genda Joriji uri uwambere.
Rucagu rwose agutege amatwi birakwiye ko abo bose bavuzwe haruguru bafatirwa umwanya bagatekerezwaho nabo bagatozwa.
Komerezaho ku mabaruwa arimo ubwenge utugezaho !!
mugenzi wange joriji ndakwemera ufite ibitekerezo byiza ujye ubinyuza mu binyamakuru byose kandi bazajye baguhemba
Ikinyamakuru ukwezi.com nkunda kugisoma cyane ariko nkishimira ibitekerezo by’umuntu uzwi ku izina rya Joriji Baneti n’amabaruwa afunguye agenera inzego z’ubuyobizi ! ibitekerezo bye bigiye byigwaho byadufasha kubona igisubizo cy’ibibazo duhura nabyo cg byibasiye bamwe muri twe ! abo yandikira rwose bafite amahirwe yo kunengwa bityo bikaba byabafasha kunoza imikorere ! Congs Joriji
Ikinyamakuru ukwezi.com nkunda kugisoma cyane ariko nkishimira ibitekerezo by’umuntu uzwi ku izina rya Joriji Baneti n’amabaruwa afunguye agenera inzego z’ubuyobizi ! ibitekerezo bye bigiye byigwaho byadufasha kubona igisubizo cy’ibibazo duhura nabyo cg byibasiye bamwe muri twe ! abo yandikira rwose bafite amahirwe yo kunengwa bityo bikaba byabafasha kunoza imikorere ! Congs Joriji
1. Igitekerezo cya joriji ni kiza kirasobanutse
2. Nubwo ntasubiriza RUCAGU, Abamotari bamwe baratojwe nubwo atari bose, koko birakwiye ko nabasigaye batozwa
3. Mperutse kumva ko Itorero rigiye kujya ku mudugudu abatuye umudugudu bose bagatozwa ntekereza ko inyota twese dufite ariho izashirira
joriji nanjye ndamushyigikiye birakwiye kuko twese turi unit
sinarinzi ko joriji ari umunyabwenge akakageni ! gusa joriji ndsgushimiye n’abagushyigikiye mwese , u.untu wese agombe atozwe
IKI GITEKEREZO NI CYIZA PEE. AHUBWO WAGIRANGO HARABO ITORERO RYASHYIRIWEHO. NYAMARA URETSE N’ABO BO MURI IBYO BYICIRO BYAVUZWE, HARI N’IBINDI BYICIRO BIMWE NA BIMWE USANGA BIBA BIKWIYE KUGENERWA ITORERO RYIHARIYE KUBERA IMIRIMO BISHINZWE IJYANYE N’IMICUNGIRE Y’IBYA RUBANDA ARIKO UGASANGA NTA NA RIMWE BYIGEZE BITEKEREZWAHO. URUGERO NATANGA N’ABAKOZI B’IMIRENGE SACCOS. ESE MWE MUBONA NK’ABA BADAKWIYE KUJYA MW’ITORERO BAKIGISHWA UMUCO,INDANGAGACIRO NA KIRAZIRA KOKO.
NDASABA BAGENZI BANJYE KO BAKUMWA NEZA IKI GITEKEREZO BAKAGITANGAHO IBITEKEREZO KU BURYO BURI POSITIVE. KUKO IYO UREBYE UKUNTU BARIYA BAKOZI BIRIRWA BIBA, BAFUNGWA, BARENGANYWA, ....USANGA HARICYO BABURA KIJYANYE N’INDANGAGACIRO.
ahubwo iyi baruwa wanditse irimo ubwenge ahubwa rucagu azagushake aguhembe umuhaye igitekerezo
Icyifuzo cye ni inyamibw.
Uwasaba Mr Rucagu agatekereza no ku bakozi bakorera private sector
Ariko Joriji Wowe Waturutse Mu Buhe Bwatsi ?
jyenda joroji uteye ubwuzu kbx gusa nawe urarengera uzisubireho pe !!!!
Tabreti yamfashije kumenya amakuru menshi yukukwe nasobanukiwe byinshi kubera kureb’amashusho navide