AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax
Imyidagaduro
Umunyamakuru Rutaganda Joel agiye kurongora

Rutaganda usanzwe ari n’Umuyobozi w’Ihuriro ry’abanyamakuru b’imyidagaduro [Rwanda Showbiz...

Samusure wayobotse isoko ryo kuri YouTube yavuze igihombo baterwaga no gucuruza filime kuri CD

Muri Nzeri 2019, nibwo uyu mugabo yatangiye gukina filime y’uruhererekane yise ‘Mahindu Series’...

Sunny nyuma yo kwiyambika ubusa mu ruhame yasabye imbabazi Sunny nyuma yo kwiyambika ubusa mu ruhame yasabye imbabazi

Aya mafoto agaragaza ubwambure bw’uyu Munyarwandakazi akaba n’umubyeyi w’umwana w’imyaka 11...

Ben Nganji yatabarije abana bo mu muhanda mu ndirimbo ye ‘struggle’ Ben Nganji yatabarije abana bo mu muhanda mu ndirimbo ye ‘struggle’

Ni ubutumwa bukubiye mu ndirimbo nshya ya Ben Nganji yise ‘Struggle’ itabariza abana bo mu...

Andrée, Paul na Peter b’i Musanze bahinduriwe ubuzima na ‘Be Kind Family’ batangiye gukina filime

Iyi filmi yatangiye gutambuka ku rukuta rwa YouTube rw’Umuryango Be Kind, igaragaramo abagabo...

Umuhanzikazi Sunny yerekanye ubwambure biteza impaka-Video Umuhanzikazi Sunny yerekanye ubwambure biteza impaka-Video

Uyu mugore kuri ubu ubarizwa mu gihugu cya Kenya aho akorera ibikorwa by’ubucuruzi abangikanya...

Denys Nyituriki yifashishije abakinnyi ba filime bagezweho mu mashusho y’indirimbo ye nshya

Denys asanzwe ari umucuranzi, umwanditsei w’indirimbo ubarizwa by’umwihariko muri Chorale St Paul...

Impanuro za Mukayizeri ‘Kecapu’ ku bakobwa bato babyara bakumva ubuzima burangiye Impanuro za Mukayizeri ‘Kecapu’ ku bakobwa bato babyara bakumva ubuzima burangiye

Mukayizeri yamamaye muri filimi nyinshi by’umwihariko iyitwa ‘Bamenya’ akinamo yitwa Kecapu ari...

Aho kwiba uzabe umurobyi cyangwa umuyede- Marchal Ujeku ndirimbo nshya iri mu rurimi rw’Amahavu Aho kwiba uzabe umurobyi cyangwa umuyede- Marchal Ujeku ndirimbo nshya iri mu rurimi rw’Amahavu

Uyu muhanzi uririmba mu rurimi gakondo ruzwi nk’Ururimi rw’Amahavu, rukoreshwa ku Kirwa cya...

Bishop Gafaranga agiye gukina filimi ku buzima bwe kuva mu bwana Bishop Gafaranga agiye gukina filimi ku buzima bwe kuva mu bwana

Uyu musore uri mu bari kwitwara neza mu ruganda rw’urwenya [comedy], yavuze ko kuri ubu afite...

Bahati wahoze muri Just Family yashinze ‘Label’ igiye kuzamura impano z’abahanzi Bahati wahoze muri Just Family yashinze ‘Label’ igiye kuzamura impano z’abahanzi

Itsinda rya Just Family ryahoze rigizwe n’uyu Bahati, Jimmy na Croidja riri mu yigeze...

Dr Habyarimana wigisha muri Kamunuza y’u Rwanda yashyize hanze indirimbo itabariza abari mu kaga

Indirimbo ‘Mana tabara’ ya Dr Habyarimana Deogratias, yagiye hanze kuri uyu wa Kane tariki 18...

Bahati Makaca yavuze ku hazaza he muri sinema n’iherezo rya Just Family

Bahati kuri ubu uri mu bahagaze neza mu ruganda rwa sinema hano mu Rwanda by’umwihariko binyuze...

Christus Regnat mu njyana ya Reggae baririmbye impanuro umubyeyi aha umwana we Christus Regnat mu njyana ya Reggae baririmbye impanuro umubyeyi aha umwana we

Mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2020 nibwo Chorale Christus Regnat yo muri Kiriziya Gatolika...

Umuhanzi Sam Muvunyi yashyize hanze indirimbo avuga ko no mu bihe bidukomereye dukwiye gushima Umuhanzi Sam Muvunyi yashyize hanze indirimbo avuga ko no mu bihe bidukomereye dukwiye gushima

Sam Muvunyi ni umuhanzi umaze igihe kitari gito kuko yashyize hanze indirimbo ya mbere muri...

Igisupusupu yashoye ibihumbi 280Frw mu irushanwa yise ’IsubirehoChallenge’ Igisupusupu yashoye ibihumbi 280Frw mu irushanwa yise ’IsubirehoChallenge’

Indirimbo ’Isubireho’ ya Nsengiyumva yagiye hanze ku wa 10 Kamena 2020, ikoze mu buryo bw’amajwi...

Igisupusupu avuga ko umugore n’abana bamushimiye ko yishyizeho teinture n’amaherena

Uyu muhanzi kuri ubu washyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Isubireho’ ikubiyemo...

Inzozi zabaye impamo ! Ikiganiro na Marie France wifuzaga gukora kuri televiziyo none yashinze iye bwite

Uvugwa muri iyi nkuru ni Niragire Marie France wamamaye cyane muri sinema y’u Rwanda nka...

Mico The Best aragirana  ikiganiro n’Umuyobozi ushinzwe kurwanya Igituntu muri OMS Mico The Best aragirana ikiganiro n’Umuyobozi ushinzwe kurwanya Igituntu muri OMS

Ibi biganiro birahuza Mico The Best na Dr Lucica biteganyijwe kuba kuri uyu wa Kane tariki 11...

Jacques Marius waretse ubupadiri kubera umuziki yahinduye izina anashyira hanze indirimbo nshya

Ubundi Marius Bison (Jacques Marius Kamana) ni umuririmbyi, umwanditsi w’indirimbo n’umucuranzi...

Amafoto atangaje Patient Bizimana yashyize hanze ntiyavuzweho rumwe Amafoto atangaje Patient Bizimana yashyize hanze ntiyavuzweho rumwe

Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo zitandukanye yaherukaga gushyira hanze iyo yise ‘Nubw’ijoro’...

Umunyarwandakazi Marie France wamamaye muri sinema nka ‘Sonia’ yashinze televiziyo Umunyarwandakazi Marie France wamamaye muri sinema nka ‘Sonia’ yashinze televiziyo

Televiziyo ya Marie France yitwa “Genesis TV” kuri ubu yanatangiye kugaragara kuri Canal+ izajya...

Shaddy Boo, yabaye Chef Shaddy Boo ibiryo yatekeraga Meddy Saleh agiye kubitekera buri wese

Ati “Ikintu ngomba kuvuga ku bijyanye na business yanjye ubu ng’ubu ndi umutetsi nabaye chief...

Umuvugabutumwa wo muri ADEPR yasohoye indirimbo iri mu njyana ya Hip hop Umuvugabutumwa wo muri ADEPR yasohoye indirimbo iri mu njyana ya Hip hop

Tuyishimire yakuranye inzozi zo kuba umuhanzi ndetse gushyira hanze indirimbo ye ya mbere...

Nelly Kelba uri mu bahagaze neza yashyize hanze amashusho y’indirimbo yari imaze umwaka Nelly Kelba uri mu bahagaze neza yashyize hanze amashusho y’indirimbo yari imaze umwaka

Uyu muhanzi uri mu bakiri bato ariko bafite impano zo guhangwa amaso muri muzika Nyarwanda...

Miller namufataga nka murumuna wanjye kuko ninjye wamuhaye akazi ka mbere yakoze- Deejay Pius Miller namufataga nka murumuna wanjye kuko ninjye wamuhaye akazi ka mbere yakoze- Deejay Pius

Deejay Pius kuri ubu yahurije hamwe abahanzi batandukanye barimo Tom Close, Danny Vumbi, Uncle...

 ‘Twaje Mana yacu’ yasubiwemo mu buryo bugezweho n’abaririmbyi bo muri Korali 10 zo muri Kiliziya Gatolika ‘Twaje Mana yacu’ yasubiwemo mu buryo bugezweho n’abaririmbyi bo muri Korali 10 zo muri Kiliziya Gatolika

Iyi ndirimbo “Twaje Mana yacu” yasohotse kuri uyu wa Kabiri tarki 2 Kamena 2020, ikozwe mu buryo...

Igor Mabano yamurikiye album ya mbere kuri YouTube

Igitaramo cyo kumurika alubumu ya Igor Mabano yise ‘Urakunzwe’ cyabaye kuri uyu wa Gatandatu...

Dr Aristote wo muri Chœur International yashyize hanze indirimbo ‘Ndangamiye Yezu’ Dr Aristote wo muri Chœur International yashyize hanze indirimbo ‘Ndangamiye Yezu’

Indirimbo ‘Ndangamiye Yezu’ yagiye hanze kuri uyu wa Kane tariki 28 Gicurasi 2020, ubusanzwe...

Patrick wo mu ikinamico ‘Urunana’ yavuze ku mubano udasanzwe w’abo bakinana barimo na Minisitiri Bamporiki Patrick wo mu ikinamico ‘Urunana’ yavuze ku mubano udasanzwe w’abo bakinana barimo na Minisitiri Bamporiki

Uyu musore winjiye mu ikinamico urunana mu 2012, avuga ko kuva yakuranye inzozi zo kuba...

Indirimbo ya Queen Cha na Marina yavugishije benshi yakorewe amashusho Indirimbo ya Queen Cha na Marina yavugishije benshi yakorewe amashusho

Indirimbo ‘Do Me’ yagiye hanze bwa mbere mu buryo bw’amajwi ku wa 30 Mata 2020, mu gihe...

Reginae Carter, umukobwa wa Lil Wayne yashyize hanze amafoto yateye abantu kumwibazaho Reginae Carter, umukobwa wa Lil Wayne yashyize hanze amafoto yateye abantu kumwibazaho

Uyu mukobwa ukurikirwa n’abantu barenga miliyoni 5 kuri instagram mu mpera z’icyumweru gishize...

Miss Nimwiza Meghan yahawe akazi muri RIB itegura Miss Rwanda Miss Nimwiza Meghan yahawe akazi muri RIB itegura Miss Rwanda

Kuri uyu wa Mbere tariki 25 Gicurasi 2020, abategura irushanwa rya Miss Rwanda batangaje ko...

Ububiligi : Korali ADEPR Namur yavuze ku mishinga ifite inasobanura byinshi ku ndirimbo ‘Mu bwihisho’ Ububiligi : Korali ADEPR Namur yavuze ku mishinga ifite inasobanura byinshi ku ndirimbo ‘Mu bwihisho’

Iyi korali yashinzwe mu 2018, ubwo mu mujyi wa Namur hari hamaze gufungurwa umudugudu w’Itorero...

IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA