n’ubwo yakurura abantu b’isi yose, akubahwa n’abo ntazi, adafite umutima ukurura Imana kuri we, amezi nk’ibuye ridafite umumaro, ridashobora kubakishwa. Amafoto ye ntacyo amariye abana b’abaryarwanda.
uyu mukubwa yabishyuye angahe ko mwamwamamajecane bagabo?
ni dange kabisa
Mana we!Bibiliya imbwirako tugomba kwirinda. IBISITAZA ABANTU Nuko abwira (Yesu) abigishwa be ati" Ntacyabuza ibisitaza kuza, ariko ubizana azabona ishyano.Ibyamubera byiza nuko yahambirwa urusyo mu ijosi akarohwa mu nyanja, biruta ko yagusha umwe muri aba bato ya. Mwirinde! Mwene so nakora nabi umucyahe, niyihana umubabarire. Kandi nakugirira nabi ku munsi umwe, akaguhindukirira ku munsi wa karindwi ati’Ndihannye’ Uzamuabarire.
Ikongera ikagira iti:1 ABATESALONIKE: 5:23 Imana y’amahoro ibeze rwose mwebwe ubwanyu n’umwuka wanyu, n’ubugingo n’umubiri byose birarindwe, bitazabaho umugayo ubwo Umwami wacu Yesu azaza . Basomyi namwe barebyi biyi nku, mureke dusenge ukusenze ugire uti: Mana tabara isi iri kujya ahabi. Murakoze.
uyu munyagwa wasanga waravukiye mucyaro kibi none akaba ashaka kugaragaza ko yarenzwe,umurengwe usiga inzara sha,ejo hazaza ibindi.
Kurubu kugirango ubone abaguzi benshi ugomba kwamamaza ibyo ugurisha,uwo mukobwa arimukazi niko yahisemo uretse ko yahisemo nabi
Kurubu kugirango ubone abaguzi benshi ugomba kwamamaza ibyo ugurisha,uwo mukobwa arimukazi niko yahisemo uretse ko yahisemo nabi
Njye rero ndabona biteye isoni pe. Namwe banyamakuru mwabishyizeho mutya ndabagaye. Umugore kuba mwiza ni mwiza pe. Ariko hari amaphotos mbona yari kugumana we n’umugabo we. Ko yabonye uwe se nyine ni iki kimutera kumva yakwandagaza umubiri we ku gasozi?? Niba aribyo bita gukurura abagabo nabyo byaba bibabaje. Yaba abakurura se ngo abajyane he kandi ko abana n’umwe yahisemo?? Iyi mba mbona ari imfashanyigisho za satani ziganisha ku busambanyi nta kindi
natukuunda uburaya buramukijije !!!! yewe koko nta mwuga udakiza!!!cyabikora narekere aho kuko Imana yamuhaye umugabo !yihane,agarukire yesu
Uyu mugore arasweretse peeeeeee. Naho kubamutuka, nuko mutamubonye abahaye mwashyiramo numunwa ye. Ayo manyo murabona ataryoshye sha? Uuuuuuu!!!! Uwakumpa sha nisaha imwe wenda nkaguha $1.000
Aka gakuri se....karagurisha....ngo nigurire!!! Ikiro nangahe?ariko ufite ikirenge nibitoki bibi....utuguru natwo ntakigenda!! Ndaguha make!!!😅😅😅😅
Wa mukobwa we, wibaza ko umugabo wawe abyishomiye? Niba bimushomisha, arakwanga. Iyo mari ushyira ku karubanda ifitweho uburenganzira numugabo waee gusa. Kuki uyandarika?
Ko irimo hushukwisha abagabo bose barebs iti photo😄uzabaha?
Acha umalaya
Afite ibinesho byiza cyane uwabicengezamo rwagihuta yayindi yafashe amakari bya sawa sawa!!!
mureke umwana akoreshe igihe cye neza, ari mubihe bye byumunezero,no kwikunda nezetrwa ibihe bibi bitaraza rata mumuhe amahoro
ewe wamukobw we n’ibagufashe guseng YESU aguhindur nayubundi satani yaramaze kuronka ikibnza kinni muri wew
Ewana uyu mudamu ndamukunze pe. ni Mwiza kandi agaragaje ko yisanzura imbere y’umugabo we. Gusa amenye ko mu muco wacu iyo wigaragaje utyo babyita kwiyandarika. Ntabwo yakagombye kuba yarabishize ku ma reseaux sociaux. So, for free nk’umuntu ujijukiwe ku myitwarire y’abantu namufasha kumugira inama . azanyandikire kuri manzije@yahoo.com nzamufasha. King James niwe waririmbye ngo mundekere umugore, ayo arya ni ayanjye. Urabona ko yari yaherekejwe na Samusure MC na Masamba nka best man. Byari byiza
ariko sha nibakwihorere uzunguze uwo mubiri wawe ejo bundi nibagushyira muri morgue urimo ama pamba mumazuru bakwihutana ngo utaza kubanukira aho ntuzaba utwereke uburyo ukunze umubiri satani aragushuka ariko my friend abana beza bateye neza barapfuye uzajye ku gisozi urebe urupfu nawe ruzakugeraho komeza uzunguzwe na satani ngo urerekana umubiri,umugore ufite umugabo ntaguhagije?
mwese niba munakijijwe suko mwagakwiye kumubwira nimumwereke inzira nyayo aho kumutuka ubwose mumurushije iki mama umukobwa icyo nagusabaga niba ufite umugabo kunda umugabo wawe ariko wituma abandi bakwifuza
Satan ni danger akorera mu bagore ko gusa nabonye wagirango bosa ibyihebe
Satan ni danger akorera mu bagore ko gusa nabonye wagirango bosa ibyihebe
Ariko uyu mukobwa muramuhora ubusa, ni iki se yakoze kidakorwa koko? Ubusa ni iki se ahubwo? Hari igitsina ke se mwabonye yashyize ku karubanda? Rata live ur life nkuko ubishaka God will judge si abantu. Uri mwiza kdi uteye neza kuko ntiwigurisha kdi nta n’amabagabo babandi ukeneye ureke aba bashaka kukwambika izina ribi gusa. Sinkuzi ariko ndakwikundira. Nkunda ukuntu witereye
Abanyarwandz mukunda gutukana!! Uyu mukobwa ni mwiza birenze! Nanjye meze ntya nahenera isii😂😂😂😂😂
Icyo kibuno nikimara kujogoka inyo,uzamenyako byose ari ubusa,nonese ko ufite umugabo urakurura abandi ugira ute?ahubwo uri indaya butwi,yoboka Kristo uzaba mwiza kurenza uko uri.naho ubundi ubwami bwa shobuja satani buzarangira kdi uzarira ayo kwarika
Ntakibazo ubugoryi burarutana, nambe nawe nturi nkabiriya bicucu byibitinganyi. ariko nawe rero ibyo sibyo ugomba kwihesha agaciro like rwandan women
Yewe wa mukobwa we, icyo nakubwira cyo ukeneye Yesu PE! Ubwo se urarata iki koko? Umubiri ni ubusa uzashira, rwose icyo gihe wirirwa uta ngo urifotoza ngo "kugirango ukurure abagabo". Yesu aragukeneye.
Ubwiza bw’umukobwa bumugeza ibwami, ariko ubwenge bwe nibwo bumugenera igihe azamarayo.
uriya mukobwa yibonamo ubwiza ariko ntabwenge kuko kugaragaza ibibero bye kubantu bose ntabwenge burimo.
yataye umuco nyarwanda.