AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Arthur n’umugore we bari kurya ubuzima ahantu hanogeye ijisho (AMAFOTO)

Arthur n’umugore we bari kurya ubuzima ahantu hanogeye ijisho (AMAFOTO)
31-12-2021 saa 15:19' | By Editor | Yasomwe n'abantu 5963 | Ibitekerezo

Arthur Nkusi bakunze kwita Rutura, yashyize hanze amafoto ari kumwe n’umugore we Fiona Muthoni Ntarindwa bari ahantu hanogeye ijisho bigaragara ko bari mu byishimo.

Nkusi Arthur amaze icyumweru avuye kuri micro za Radio aho yari amaze imyaka 10 mu itangazamakuru irimo igera kuri ine yari amaze kuri Kiss FM.

Ku mugoroba wok u ya 23 Ukuboza 2021, uyu mugabo ufite izina rikomeye mu myidagaduro mu Rwanda, yatangaje ko bucyeye bwaho tariki 24 Ukuboza ari wo munsi wa nyuma aza kuba yumvikanye kuri Micro za Kiss FM.

Nkusi Arthur yongeye kugaragara ku mbuga koranyambaga ashyiraho amafoto ari kumwe n’umugore we Fiona Muthoni Ntarindwa baherutse gusezerana.

Aya mafoto abagaragaza bari mu byishimo ku mucanga, Nkusi Arthur yashyizeho ubutumwa buyaherekeje agira ati “Ibihe bitandukanye mbere ya 2022.”

Ni amafoto yishimiwe na bamwe mu bakurikira uyu munyarwenya baboneyeho kumwifuriza umwaka mwiza we n’umugore we bamaze igihe gito bashyingiranywe.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA