Nk’uko tubimenyereye, u Rwanda ruri ku muvuduko udasanzwe mu iterambere, bikaba akarusho iyo bigeze mu itumanaho n’ikoranabuhanga. Nk’uko bimaze kumenyerwa, Call Rwanda ni ikigo kimaze kuba ubukombe mu itumanaho gifasha abanyarwanda binyuze muri telephone, kuri ubu kikaba cyagabanyije ibiciro mu ntangiriro z’umwaka ku bigo cyangwa abantu ku giti cyabo bifuza itumanaho rigezweho bava muri Analogue bajya muri Digital.
Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bwayo, ubu Call Rwanda irimo gutanga izi servisi ku giciro cyo hasi ku bifuza izi servisi zikurikira:
Ubu buryo abantu bari bazi ko bugenewe ibigo bikomeye gusa nk’amabanki, ibigo by’ubwishingizin cyangwa Ibigo bya leta, nyamara siko bimeze kuko ubu ni ibya buri wese ubyifuza kandi buri wese yabishobora ku bikora mu kigo cye.
Akarusho ni uko ababyifuza bahabwa umwaka wose w’ubufasha ku buntu , (Free Annual Maintainance Support), bagahabwa Shortcode ku buntu.
Ibiciro by’izi servisi bihera ku madolari 200, niba nawe ugikoresha uburyo bwa Analogue, Call Rwanda iragushishikariza kwinjira mu isi nshya kandi akarusho ni uko ubyifuza yemererwa kwishyura mu byiciro nyuma yo kumvikana ku mikoranire y’ibigo byombi.
Kubindi bisobanuro wahamagara 0788302371, 0789533614, 5000 cyangwa wandike kuri email : crispin@call-rwanda.com , aisha@call-rwanda.com cyangwa ukabaganaaho bakorera kuri KN 3, imbere y’ibiro by’umujyi wa Kigali, hafi ya I&M Bank HQ kandi bakora iminsi yose kuva saa moya za mu gitondo kugeza saa tatu z’ijoro.