AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Perezida n’ umugore we bagaragaye bari kurya ubuzima birakaza abaturage

Perezida n’ umugore we bagaragaye bari kurya ubuzima birakaza abaturage
30-08-2019 saa 18:26' | By Nsanzimana Ernest | Yasomwe n'abantu 17929 | Ibitekerezo

Perezida wa Senegal n’ umugore we bagaragaye bagiye mu karuhuko ahitwa Biarritz mu gihugu cy’ Ubufaransa , bamwe mu baturage birabababaza.

Ibi byatangiye ubwo Perezida Macky Sall wa Senegal n’ umugore we Marième Faye Sall bashyira ku rubuga rwa Twitter amafoto yabo bari mu karuhuko mu Bufaransa bakagaragara ko mu Bufaransa hari ahantu nyaburanga ho gusohokera.

Bamwe mu bakoresha urubuga rwa twitter barakariye Perezida Macky Sall n’ umufasha we bakavuga ko bakabaye barasohokeye ahantu nyaburanga ho muri Senegal akaba ariho bamamaza aho kwamamaza ahantu nyaburanga ho mu Bufaransa.

Nubwo bamwe mu baturage ba Senegal bagaragaje ko babajwe no kuba Perezida wabo n’ umugore we baragiye kuruhukira muri Senegal hari abandi baturage bagaragaje ko bibashimishije banabifuriza gutaha amahoro.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA