AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Umukinnyi wa filime z’ urukozasoni yatangaje impamvu yitejeho igitsina cy’ ifarashi

Umukinnyi wa filime z’ urukozasoni yatangaje impamvu yitejeho igitsina cy’ ifarashi
25-05-2019 saa 12:28' | By Nsanzimana Ernest | Yasomwe n'abantu 7618 | Ibitekerezo

Jack “Matherfuker” Ma yihimbye Jack Ma kugira ngo yitiranwe n’ umuherwe nyiri ikigo cy’ ubucuruzi cya Alibaba yibagishije igitsina bamuteraho icy’ ifarashi.

Uyu mugabo wo muri Hong Kong niwe muntu wa mbere ku isi uteweho igitsina cy’ ifarashi. Manager w’ uyu mukinnyi witwa Xian Fue yavuze ko impamvu yateweho igitsina cy’ ifarashi ari uko kiba ari kinini, ngo kizamufasha mu kazi ke ko gukina filime z’ urukozasoni.

Ati “Abagore bo muri Asia bakunda ibitsina by’ abagabo b’ abirabura kuko abagabo b’ Abashinwa bagira ibitsina bito. Igitsina cy’ ifarashi kiba ari kinini kiruta icy’ abirabura”.

Jack “Matherfuker” Ma yabagiwe muri Kaminuza ya Hong Kong ninaho yatereweho igitsina cy’ ifarashi. Iki gikorwa cy’ injyana munyu cyamaze amasaha 18.

Zian Fue yabwiye World daily Report ko uyu mugabo Ma yateweho igitsina cy’ ifarashi kuko aribyo bihendutse, ngo ntabwo yari kubona igitsina cy’ umwirabura.

Ku mpungege z’ uko iki gitsina cy’ inyamaswa yateweho gishobora kuzagira ingaruka ku buzima bwe, Zian avuga ko nikigira ingaruka bazamusubizaho igitsina cye karemano.

Magingo umubare w’ abantu bibagisha ngo baterweho ingingo z’ inyamaswa ntabwo uri hejuru cyane, gusa Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita ku buzima rivuga ko mu mwaka 2050 , abantu bibagisha ngo baterweho ingingo z’ inyamaswa bazaba ari benshi. Ngo nibuba umuntu umwe muri batanu azajya yibagisha.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA