Bitey Agahinda Ariko ntacyotwakora
Nukur birabaje cyane gose kand biteyagahinda kubakana n’umugore njuwo.Mana tabara ingo natwebwe imisore duhe kuzashaka abeza
Umugorewetna nabasigaye bakomezet kwihangana I will be there in a minute
Uyumugaboagaragajeintegenkecyanekdi hariikingengeugombakwakiraibibiabazokkoturimunsi ntago yaribwiyahure yari guhunga akajya ahantu agatangaumutekano uniform yarikuzahinduka akamushaka
Ahaa urukundo rurababaza
Iyo uhemukiwe nibwo wakumva ko gucira urubanza umuntu ari amakosa
Rip rata gusa abantu mwirinde kubabaza ababakunda
Uyu yanze kureba aho uwo yakunze nubuzima bwe bamusambanya areba ahitamo kwigendera
ubwo azi ko yakemuye ikibazo kdi nibwo yagiteye niba aribyo abane basigaye mugahinda ko kubura ababyeyi bose
ubwo azi ko yakemuye ikibazo kdi nibwo yagiteye niba aribyo abane basigaye mugahinda ko kubura ababyeyi bose
Yakozenabi kwiyahura yarigutumayihungira kuko umugor numwana wuyundi ntawiyahura atarozwe
Yakozenabi kwiyahura yarigutumayihungira kuko umugor numwana wuyundi ntawiyahura atarozwe
Dushikame dusengere ingo zacu bishobokeko yaba yaradohotse mugusenga kubera Covid 19 yatumye insengero zifunga Gusa ababaje abana be , uuwo mwanzuro yafashe ntabwo aliwo yali kubibwira abakristu basengana cg imiryango (famille) cg inshuti zutugo zahafi
Ntafate umwanzuro ukakaye mwenuko yarabyihereranye kdi umutwe umwe wigira inama yogusara Imana ibe hafi abana asize kdi ibakomeze*
Imana imwakire.kubin yiyahuy yri yraremerejw namakosa umugore yamukorera ariko iyahung ntiyiyahure.Iman imwakire.knd iturind natw abasore kuzorwa kubagore nkabo
Imana imwakire.kubin yiyahuy yri yraremerejw namakosa umugore yamukorera ariko iyahung ntiyiyahure.Iman imwakire.knd iturind natw abasore kuzorwa kubagore nkabo
Mbuze icyo mvuga gusa buriya buri muntu yisuzumye yakwisangaho umugayo. Uyu mugabo rwose azize intege nkeya iyo agira umutiza yari gukomeza gushikama twese ubuzima tubayemo si ikintu
Ntawagakwiye gucira uyu mugabo urubanza burya agahinda gatera umuntu kwiyica kaba gakabije
Ntawagakwiye gucira uyu mugabo urubanza burya agahinda gatera umuntu kwiyica kaba gakabije
Ntawagakwiye gucira uyu mugabo urubanza burya agahinda gatera umuntu kwiyica kaba gakabije
Iyi ni imbwa si umugabo
Yaribeshye ntiyabaye umugabo ariko ikigwari ese azigute KO agiye mwijuru ?yoooh cyangwa yarazi ko umugore we ari nyina ?iyi isi nuguhangana ese uyo mugore ko yatangaga ibye.uwiyishe ntaririrwa.amusigiye urubuga.nagende yari umunyabwoba.asigiye abana rubanda bari baramunaniye kurera.
Namwe mwese muri kumugaya nange ndabagaye. Utarahura nijibazo gikomeye agirango afite umutima ukomeye. Kwisi ntamuntu numwe ijambo "sinakwiyahura" ritaraturuka mukanwa. Nyamara dukomeza kubibona.
Bisobanuye ko buri muntu agira aho kwihangana kwe kugarukira. Murekere aho guca imanza rero ejo namwe mutazaba muri kuri cover page yibinyamakuru mwimanitse.
Satani yarabikoze p kuk uyo mugabo apfuye kabiri umubiri n’impwelu ntabw ashobora kubona ijuru. Abafit imigambi yo kwiyahura babivelo kuko bibazanira kuzogwa muri gehinomu.
Ngaye abagabo mbwa baasetse imbohe. Ubuzima utaabayemo ntukabusesengure kuko ntana kimwe uba ubuziho. Umuntu uzi psychology yabasha wenda kunyumva. Niba utarapfusha ntukihe gusesengura agahinda kuwapfushije cyangwa ngo umuvebe ngo ararizwa niki kuko ntuteze gusobanukirwa ibye kuko utarikubibamo. Ikindi kandi kudasobanukirwa ko abantu tutaremye kimwe ni bwo bujiji busumbya ubundi ubujiji
Birababaje !!!yiyahuye acyeka ko amubabaje ahubwo amuhaye Rugari azajya avuga ari"Ntirwica ruragaba"amuhaye umwanya.
Birababaje !!!yiyahuye acyeka ko amubabaje ahubwo amuhaye Rugari azajya avuga ari"Ntirwica ruragaba"amuhaye umwanya.
Birababaje !!!yiyahuye acyeka ko amubabaje ahubwo amuhaye Rugari azajya avuga ari"Ntirwica ruragaba"amuhaye umwanya.
ndakugaye. wahimye nde se ?
Sha birababaje ariko yakoze ibitakagombye gukorwa kwiyahura biragayitse ariko umugore we rwose niba koko ariwe ntandaro yurupfu rwuyu mugabo koko yigaye kandi asabe Imana imbabazi ave murizo ngeso
Birababaje pe kd biragayitse kubona umuntu yiyambura ubuzima gsa hari igihe ibibazo biba byinshi umuntu akananirwa gufata umwanzuro arko kwiyambura ubuzima ntibikwiye buriya atumye abana be iteka bazajya bamufata nkumugome kd wenda atariko byari biri,rero uyu mugore nawe yigaye kuko iyo mico ntibereye umutegarugori.
NUKURI NDASAVYE MBANJE GUSABA IMBAZI KURI AYA MAJAMBO NANDITSE : kuki MURWANDA ibibintu vyibonekeza kubwinshi hagati yabantu bashakanye, ?
ABOBANTU bafise ubushuhe bukabije bakwiye kwisubiraho imbere yogufata icemezo cogushaka kuko basanzwe baziyuko naho bashatse bazohava baca inyuma uwo bashakanye !!!! ahubwo kubera ubushuhe bafise bakagomye guhitamwo umwuga W’UBURAYA.
ABOBAGORE CANKE ABAGABO banyirabayazana yo kwiyahura imbere yabo bubakanye bazobityozwa imbere y’uwiteka !!!!!!
Uyu mugabo n’umugabo tu nkunda abantu nkaba bazi gufata ibyemezo bikomeye nkibi ,ahubwo agire amahirwe aho agiye naho hazamubere heza,kuko asanze arihabi yaba ahuye ningorane
uwomugabo.yafashe, umwanzuro.mubi pe
Nukuri uwo mugabo yahemutse gusa imana izabimubaza
ubundi kwiyahuta ni ubugwari bubi iyo umurekaugashaka undi c ?igihugu nticyuzuye abakobwa kdi beza, ubu c kuba wiyahuye uribwira ko wamuhimye jye ndakigaye ndamutse ndi Imana nta nijuru rwosenaguha gusa ubwiyahure bwawe ntibuzakurikirane abana bawe batakora nkawe apu
Buriya ntako atagize none biramurenze ahitamo kwiruhukira Uzi gukunda umuntu akaguhemukira birababaza kdi ntabwo twese twakira ibintu kimwe iruhukire
Buriya ntako atagize none biramurenze ahitamo kwiruhukira Uzi gukunda umuntu akaguhemukira birababaza kdi ntabwo twese twakira ibintu kimwe iruhukire
Uyu mugabo yafashe icyemezo kigayitse pe ariko bituberisomo
Ibi ntibikwie umunyarwanda
Nabandi twubatsetwisuzume
Amazi atararenga inkombe
Kuko uyu siwe wanyuma imana iturengere
Uyu mugabo yafashe icyemezo kigayitse pe ariko bituberisomo
Ibi ntibikwie umunyarwanda
Nabandi twubatsetwisuzume
Amazi atararenga inkombe
Kuko uyu siwe wanyuma imana iturengere
Imana imwakire gusa hababaje abana asize naho umugorewe azaguma gukora ibyo yakorara gusa nagahinda ku muryango nyarwanda itegeko ?
Yabuzubwenge
Ubuse,aramuhimye
Ahubwo
Nibwamutanzeneza
Azajyabokoranacyoyikanga
Gusa uwonyakwige yabangami imana imuhe iruhuko bidashira pore kubasigaye.
RIP Innocent ! Imana ikubabarire !
Yooo, mwihangane ntimuce imanza kandi Imana ihari. Ntaburenganzira mumufiteho nabucye !
Icyemezo cyo kwiyahura buri wese yagifata ni uko aba atari yageza igihe cyo kugifata. Bityo rero, buri wese ahagarare mu nkike ze, uwo isi itarakaranga agira ngo ibirungo byarashize !
Bimaze kugaragara ko hari impfu nyinshi ziri guterwa n’amakimbirane mu miryango, mu bashakanye. Hakwiye kurebwa umuti urambye kuri iki kibazo. Ministeri ifite umuryango mu nshingano ikwiye gushakashaka ingamba zo gukumira ibi bibazo. Ariko nanone, niba ari uku bikomeje, nagira inama abatarashaka kwitondera gushinga ingo.
Umuryango asize wihangane andi ukomere.
Murakoze !
RIP Innocent ! Imana ikubabarire !
Yooo, mwihangane ntimuce imanza kandi Imana ihari. Ntaburenganzira mumufiteho nabucye !
Icyemezo cyo kwiyahura buri wese yagifata ni uko aba atari yageza igihe cyo kugifata. Bityo rero, buri wese ahagarare mu nkike ze, uwo isi itarakaranga agira ngo ibirungo byarashize !
Bimaze kugaragara ko hari impfu nyinshi ziri guterwa n’amakimbirane mu miryango, mu bashakanye. Hakwiye kurebwa umuti urambye kuri iki kibazo. Ministeri ifite umuryango mu nshingano ikwiye gushakashaka ingamba zo gukumira ibi bibazo. Ariko nanone, niba ari uku bikomeje, nagira inama abatarashaka kwitondera gushinga ingo.
Umuryango asize wihangane andi ukomere.
Murakoze !
1.Imana Imwakire
2. Statistics z’abiyahura n’izindi types za Risk of Harm zihagaze gute locally,nationally, globally ?
3. What are the main reasons of suicide in our community
4. What are the consequences from these types of Risk of.Harm (Kwigirira nabi)
5. What action to take in order to eliminate this kind of Risk of Harm
6. What are the various paries to be involved to alleviate these Risk of harm
7. Way forward.... Dukore iki ?
Kwiyahura si wo muti bavandimwe.Gusa na none kwihanganira ukugerageza mubana biragoye.Icyo nabonye nuko nyuma yo guseba ubuzima bukomeza.Nta wupfa adasebye kandi nta n’useba ngo yicwe na byo.Imana ntiyaduhaye kwihangana kimwe ariko hahirwa uwihanganira ibimugerageza kuko namara kubitsinda azahabwa ikamba ry’ubugingo Imana yateguriye abayikunda.Ushaka ubujyanama mpamagara ngufashe kuri 0783021882 ndi Reverend Pastor TWIZEYIMANA Francois Xavier I Gicumbi.
Nye yakoze icah kidaharirwa kuk kwiyahura sumuti wogukemura ibibazo noneh yasize mukaga ibibondo nyene
Nukuri ndumva ibyo bintu uwo mugabo yakoze atari umwanzuro mwiza. Ibyo bintu ntibyumvikana rwose .ndacyeka ntamuntu wakwiyahura kubera ko umugore amuca inyuma@
Sinshimye icyemezo yafashe’ cyakora yari umugabo nta mbwa yiyahura. Kandi wenda nawe yumvise nabi ngo Aho kuba imbwa waba umva. Mumenye ibyanyu kuko useka neza aseka nyuma. Nimwe mutahiwe kuko rucitse yambutse.
Nukuri rwose nubwo wiyambuyubuzima ariko imana nikubabarire ikwakire mubayo kuko ndumva waruremerewep kd pore kubasigaye
Nukuri rwose nubwo wiyambuyubuzima ariko imana nikubabarire ikwakire mubayo kuko ndumva waruremerewep kd pore kubasigaye
uwomuvandimwe imana imwakire mubayo ntakundi byamera.
uwomuvandimwe imana imwakire mubayo ntakundi byamera.
Biteye agahindA ariko nakundi niko isi iteye imana imuhe iruhuhuko ridashira
Uriya wiyise Beatrice, ibyo avuga yabimenya neza ar’uko ariwe byabayeho.
Bavandimwe guhitamo kwiyahura numwanzuro wububwa kdi wangiza uwawufashe kdi wiyahura nigikorwa kibi bityo twakagombye gukunda ubuzima nkimpano twahawe numuremyi
Icyuho aho kiri nikitazibwa hazabaho n’ibirenze ibi.
Utaranigwa agaramye niwe wibaza ko yakomera mu ijuru bakumva... Gusa abashobora kugana iyagagatanya si buri wese n’ubwo nge nabikoze nkabona biremeye.
Tuzibe icyuho aho kiri hose ndetse n’itegeko ry’umuryango rivugururwe rwose.
Nge nararitinye mpitamo kwiremariya umunyamahanga ... Iryo tefeko rirabogamye bikabije nabonye ntarihindura ngo mbishobore cg ngo mbisabe bibe ejo maze nzibukira abo rirengera da ! RIP Innocent
Mwica urubanza, Imana yacu izi abayo. Ntiwamenya wasanga Innocent ari gusamba yicujije icyaha yari akoze cyobkwiyica n’ibindi byaha yakoze ubu akaba ari kwa Jambo.
Gusa kwiyahura sibyiza (ndabinenze) ndetse n’abatuma abandi biyahura (nibijya bibonerwa ibimenyetso) bajye bahanwa nk’ababishe.
Musengere Imiryangobabasenga !
Murakoze
Birababaje ariko kwiyahura nicyaha
Ariko iyo uyumugabo agumakwihangana byamunaniye akoze igikorwa kigayitse
Birababaje ariko kwiyahura nicyaha
Ariko iyo uyumugabo agumakwihangana byamunaniye akoze igikorwa kigayitse
Dabgqp4q630
Dszc💂
Gusa birababaje pe.
Uyu mwarimu ndamuzi yaranyigishije, gusa urushako rw’iyi minsi ndabona rutoroshye bavandi. Uwiteka arengere isi rwose
Nukuri arababaje gusa aphanye agahinda