Gs nibyo ariko xe ubwo bishatse kuvugako uriya mugore abonye ubutabera ahari bizamushimisha se gusa numvishe afite akanyamuneza avuga namagambo meza
Uko byagenda kose,ayo bavuga yose burya Koko Umugisha uravukanwa,abo Imana yahaye bakawusazana,Evode ariko nubwo hari igihe yaba arengera mu mvugo ye nk’umuhanga wishingikirije amategeko,ariko afite n’ubumuntu muriwe,kubera ko yakoze ikosa ahita arisabira imbababazi ako kanya nta muhate ashyizweho,ubusanzwe abantu bari mu rwego nkurwa Evode ntibajya basaba imbabazi,Evode courage.
Ndashirira presida warepuburika uburyo adahwema kudushyakira ibyateza urwanda imbere. Uyumuntu ashoboye arabibona niyadashoboye arabibonda.
Ndashirira presida warepuburika uburyo adahwema kudushyakira ibyateza urwanda imbere. Uyumuntu ashoboye arabibona niyadashoboye arabibonda.
Azagire akazi keza ! Ariko rero ibi binteye kwibaza :"none se ubu uyu muvandimwe arahanwe(ku makosa yari yakoze...) cyangwa aragororewe ?????! ! Ibi se hari isomo byasigira abandi bashobora gutekereza kuba bakora ikosa nk’iryo yari yakoze....,cyangwa bahawe "go ahead" ?!!
Nyakubahwa President arebana ubushishozi uyu Evode yari n’umuhanga muby’amategeko kuba yaragiriwe ikizere na Nyakubahwa akamuzamura nuko ashoboye.
Nonese ubushinja cyaha bwamuhamije icyocyaha ? ubundi nigute minisiteri asakwa numuntu ushinzwe umutekano ? ahubwe yagakwiye kuwucungungirwa nkumuyobozi mukuru, naho iyininkuru nziza kubasubiye mukazi kandi keza. dukeneye imbaraga zabanyabwenge nka Maitre Evode. naho amagambo yonakagambane ntacyo byatwungura.
Ubusanzwe Evode agira ibitekerezo bizima pe ariko haraho arengera akoresheje ubushobozi ahabwa namategeko
Gs nibyo ariko xe ubwo bishatse kuvugako uriya mugore abonye ubutabera ahari bizamushimisha se gusa numvishe afite akanyamuneza avuga namagambo meza