Ibyiciro by’ubudehe n’ibyingenzi.
Ariko bikoranwe ubushishozi hagati y’ubuyobozi natwe abagenerwabikorwa(abaturage) duharanira kuzamura abafite intege nke n’ubushobozi bukeke muburyo bwo kuzamurana nkuko ibyo twagezeho twafatanyije mubyo tumaze kugeraho biduha imbaraga n’ikizereko n’ibindi bishoboka kugerwaho .
Ariko se mwese ntawashije kubaza igihe nyacyo bizatangira kuvugururirwa
Nibyizacyanekomwibuka kumuturagewohasi arikomungemwoherezinzobere hasimubaturagekuko zibihugutsemo kuko harahumuturage arenganwa na bagenzibe bashingiye kuribibintu bitatu
1,Abanayabyaye ukobahagaze cg akazibakora
2,umuryangowe avukamo
3,ukoyitwaramubuzimabusanzwe
Ngererombonibyarukwibeshya cyane
Nihakorwe ibyo byiciro hakoreshejwe ubushishozi kuko bamwe Baca inyuma bakaba bavugana nabari gushyira mubyiciro nkange nkintore yatojwe nasabaga ko mwanyemerera nyaba ijisho ryawamuturage utabashije kwivuganira umwe wa ntahonokora kuko nasanze bamwe babashyira aho batakagombye gushyirwa murakoze 0781892082 from bugesera rweru
Nihakorwe ibyo byiciro hakoreshejwe ubushishozi kuko bamwe Baca inyuma bakaba bavugana nabari gushyira mubyiciro nkange nkintore yatojwe nasabaga ko mwanyemerera nyaba ijisho ryawamuturage utabashije kwivuganira umwe wa ntahonokora kuko nasanze bamwe babashyira aho batakagombye gushyirwa murakoze 0781892082 from bugesera rweru
Rwose Bizakorerwe Munteko Z,abaturage Bagize Umudugudu Kandi Buri Mudugudu Ugire Indorerezi Yawo Ikurikirana Ko Amakuru Abaturage Batanze Kumuntu Ariyo Umwanditsi Yanditse Ikindi Mbona Umwandi W,amakuru Mumudugudu Akwiye Nibura Kuzajya Aturuka Mukandi Kagali Umwanditsi Ntakorere Mukagali Atuyemo.