AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Cecile Kayirebwa ari mu bantu 50 bafashwe bari mu birori barenze ku mabwiriza

Cecile Kayirebwa ari mu bantu 50 bafashwe bari mu birori barenze ku mabwiriza
29-05-2021 saa 16:53' | By Editor | Yasomwe n'abantu 3659 | Ibitekerezo

Umuhanzikazi mpuzamahanga Cecile Kayirebwa ari mu bantu barenga 50 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 ubwo bari mu birori byo gusaba no gukwa.

Aba bantu 50 bafashwe bari mu birori byo gusana no gukwa bisanzwe biri mu bikorwa bitarakomorerwa.

Bafatiwe mu Murenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali bakaba bafashwe na Polisi y’u Rwanda yasanze bari muri biriya birori barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19.

Ibi birori kandi ni iby’umwe mu basanzwe bazwi mu myidagaduro mu Rwanda ari we Umusizi Tuyisenge Olivier uherutse gusezerana mu Murenge akaba agiye gukora ubukwe bwabimburiwe n’ibi birori bafatiwemo.

UKWEZI.RW


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA