AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Ikinyobwa kidasanzwe cy’umwimerere cyageze mu mujyi wa Kigali benshi barakirahira

Ikinyobwa kidasanzwe cy’umwimerere cyageze mu mujyi wa Kigali benshi barakirahira
28-11-2019 saa 18:46' | By Chief Editor | Yasomwe n'abantu 591 | Ibitekerezo

Nyuma y’uko mu mujyi wa Kigali hageze ikinyobwa kizwi nka BIG kiri mu bwoko no mu ngano zitandukanye, abakinyweye batangiye kukirahira kubera uburyo kibagwa neza kandi kikabamara inyota kikabahembura. Ni ikinyobwa kidasindisha kandi gifasha uwakinyweye guhorana akanyamuneza.

Iki kinyobwa cya BIG cyemejwe nk’ikinyobwa cyujuje ubuziranenge ku rwego mpuzamahanga ndetse henshi mu bihugu byateye imbere bakaba bakinywa ku bwinshi. Gusa mu mujyi wa Kigali kihageze vuba, abakinyweye bakaba ubu bakirahira.

Iki kinyobwa gisanzwe kinanyobwa n’ibyamamare bitandukanye ubu kiboneka mu maduka menshi muri Kigali ku bifuza kukirangura, ndetse no mu ntara hose kikaba kimaze kuhakwirakwira.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA