Nyuma y’uko mu mujyi wa Kigali hageze ikinyobwa kizwi nka BIG kiri mu bwoko no mu ngano zitandukanye, abakinyweye batangiye kukirahira kubera uburyo kibagwa neza kandi kikabamara inyota kikabahembura. Ni ikinyobwa kidasindisha kandi gifasha uwakinyweye guhorana akanyamuneza.
Iki kinyobwa cya BIG cyemejwe nk’ikinyobwa cyujuje ubuziranenge ku rwego mpuzamahanga ndetse henshi mu bihugu byateye imbere bakaba bakinywa ku bwinshi. Gusa mu mujyi wa Kigali kihageze vuba, abakinyweye bakaba ubu bakirahira.
Iki kinyobwa gisanzwe kinanyobwa n’ibyamamare bitandukanye ubu kiboneka mu maduka menshi muri Kigali ku bifuza kukirangura, ndetse no mu ntara hose kikaba kimaze kuhakwirakwira.