jye mbana n’ubumuga ark rimwe numva haraho dukabya kuko hari aho dufata igisobanuro tugashaka ko aribyo twita izina nkurwo rugero atanze « igipfamatwi » ufite nubumuga bwamatwi bikaba izina ntabwo aribyo
arko koko ubu njyiye kumirwa nakakanya ubu murumva mugiye no guhindura amagambo ari muri bible muranatinyuka cyakoze no kubivuga ubwabyo muzikururira ibyago birenze nibyo mufite
hari ibizatuma bibiliya idakurwamo ayo magambo. abayobozi bacu bahindaguraimvugo bakurije uko bavuga. urugero :
igihekane njye nagikuye bakigira nge ; mu byukuri uyu yashingiye ku ki :, nihaza uvuga ikigoyi "nta" azayihindura "nda" " mpa" ayihundure "mba", guhindura amazina n’uturere,.... ibi nibyo ihuriro ry’amadini ya kristo ashingiraho , avuga se nitubihindura uyu munsi, ejo hakaza undi nawe agashyira ibye,... amaherezerezo azaba ayahe.
Hazabona ishyano umuntu uzagira icyo akura cg yongera kuri ayamagambo uyisoma wese abyitondere ! noneho iyohabahazwi abayanditse bakiriho barikujyanwa munkiko.
Ariko ntitugakabye ngo dushake guhindura amazina kuko niko ubuzima buba bumeze,nk uko habaho umutindi,umuhanya,umukire,no nk uko habaho i yo bibazo bindi by ubumuga kd amagambo yabyo ni ayo ngayo nyine,mu zindi ndimi twwumva deaf,borgne,muet...
ahubwo njye mbona amazina bavuga aba ari ibisobanuro by’ubwo bumuga Atari amazina, none se bibiliya ko ibaho imyaka myishi buri wese azanye impinduka ze muri politique bibiliya yajya ihinduka buri gihe. kereka niba bibila nyarwanda zitanditse muburyo izindi zanditse, ni igitabo mpuzamahanga