AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 59 bafite covid-19

Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 59 bafite covid-19
22-06-2020 saa 22:55' | By Nsanzimana Ernest | Yasomwe n'abantu 908 | Ibitekerezo

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa 22 Kamena 2020, mu turere dutandukanye tw’u Rwanda habonetse abarwayi bashya 59 barimo barindwi babonetse mu mujyi wa Kigali.

Abarwayi bashya bagaragaye barimo ab’i Kirehe (33), Rusizi (12), Kigali (7), Nyamasheke (4), Rubavu (3).

Ibi byatumye abarwayi bose hamwe baba 787, abakize biyongereyeho 11 baba 370, abapfuye ntabwo biyongereye bakomeje kuba babiri.

Kugeza ubu aba barwayi 59 nibo benshi babonetse umunsi umwe kuko undi munsi bari babaye benshi babaye 41.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA