Uwo muyobozi ntakwiriye ubuyobozi kuko ntaha agaciro abaturage ayoboro no mu murenge wa mukura ntiyigeze na rimwe yitwara neza
Uwo muyobozi ntakwiriye ubuyobozi kuko ntaha agaciro abaturage ayoboro no mu murenge wa mukura ntiyigeze na rimwe yitwara neza
Uwo muyobozi ntakwiriye ubuyobozi kuko ntaha agaciro abaturage ayoboro no mu murenge wa mukura ntiyigeze na rimwe yitwara neza
Uwo muyobozi ntakwiriye ubuyobozi kuko ntaha agaciro abaturage ayoboro no mu murenge wa mukura ntiyigeze na rimwe yitwara neza
Uwo muyobozi ntakwiriye ubuyobozi kuko ntaha agaciro abaturage ayoboro no mu murenge wa mukura ntiyigeze na rimwe yitwara neza
Uyu muyobozi bamukurikirane rwose uku nugusebya image yumuntu. Kandi subwa mbere agaragara mu bintu byo gutesha agaciro abaturage. Mubaze abaturage bo mu murenge wa Mukura yayoboraga. Abaturage ntibakopforaga
ARIKO MWABUZE IBYO MWANDIKA KOKO...EJO MWANDITSE KO BANZE KUBASEZERANYA KUKO BABASHINJAGA UBWICANYI....NONE MWUMVE...
Ibibyo turabishyigikiye kko u Rwanda ruri mubihugu umuco n’ururimi rurihafi kuzimira, Kdi rwose twibukiranye Ko ururimi n’umuco ni ikintu cyoroshye kuzimira.
Urubyiruko rwo Byararangiye barangije kwibagirwa ururimi rwakavukire :
Urg:yigo,igo, ......nubwo yenda twagiye tugira umuco n’ururimi rwahindaguritse urg :
Igifaransa, Icyongereza,..... Bikaba byarongereye Uburyo bwo kutagira ururimi rumwe ariko ntago byasibye ikinyarwanda.
Nimba imbwirwa ruhame yateguwe mu Kinyarwanda yubahirizwe Kdi Nimba ari icyongereza y’ubahirizwe.
Gusa kibazo gikomeye ni mumashuri usanga Kubera kwigisha mundimi nshya usanga abarimu nabo bavanga ngo Nibura abanyeshuri babashe kumva.
Hano ho bizatugora cyane kuhikura ????????