Nibyo rwose ahubwo igihe rura iheruka guhana mtn mu gusumbanya aba kiliya nagize ngo irahita ikuraho ubusumbane bwa supa pake..bakosore rwose kuko ntibidushimisha iyi supa paki bazitumbagije aka kagene
Hhahah, reka jye njye nisekera !! Ntacyo bintwaye naguze akandi ko guhamagaza hanyuma iyindi ntira 5000 kandi nzabibambura.
Bakomereze aho ariko ndabagaya cyane
Mbina harimo imibare mike mubyo bakora barangoye gusa ntunga phone 2. None se nomero zose bazishyize kuri supapaka zimwe umuntu azajye atoranya iyo agura akurikije ubushobozi bwe ! Naho rwose ntacyo bimaze nubundi iyo nomero yindi nyitunze nyitabiraho gusa. Mwe kutugora. Nomero yanjye ya kera iyo ngiye kugura bahera kuri 800 naho indi bagahera kuri 50 ngatoranya iyo nkeneye. Mwisubireho rwose. Igishekeje nuko nabakozi babo ariko disi bimeze. Yabababa
Mbina harimo imibare mike mubyo bakora barangoye gusa ntunga phone 2. None se nomero zose bazishyize kuri supapaka zimwe umuntu azajye atoranya iyo agura akurikije ubushobozi bwe ! Naho rwose ntacyo bimaze nubundi iyo nomero yindi nyitunze nyitabiraho gusa. Mwe kutugora. Nomero yanjye ya kera iyo ngiye kugura bahera kuri 800 naho indi bagahera kuri 50 ngatoranya iyo nkeneye. Mwisubireho rwose. Igishekeje nuko nabakozi babo ariko disi bimeze. Yabababa
nukuri ibyo joriji abaza bifite ishingiro

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
urabona ngewe ibyo byo kunkandamiza nabivuyeho ubu nsigaye nkoresha telefoni yonyine kandi mba ntakibazo