AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Ndanda wabyaraye na Anita Pendo abana 2 yasezeranye n’undi mukobwa aherutse kwambika impeta

Ndanda wabyaraye na Anita Pendo abana 2 yasezeranye n’undi mukobwa aherutse kwambika impeta
9-07-2021 saa 17:17' | By Editor | Yasomwe n'abantu 4895 | Ibitekerezo

Nizeyimana Alphonse uzwi nka Ndanda wabyaraye n’Umunyamakurukazi Anita Pendo, yasezeranye mu mategeko n’undi mukobwa aherutse kwambika impeta amusaba kumubera umugore.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru nibwo hagiye hanze amafoto y’uyu mugabo arimo yambika impeta umukunzi we.

Gusa sibwo yambitse impeta iyi nkumi isanzwe iba mu Bwongereza kuko amakuru avuga ko byabaye mu kwezi gushize kwa Kamena uretse ko batinze gusohora amafoto.

Kuri uyu wa Kane tariki ya 08 Nyakanga 2021 ni bwo basezeranye imbere y’amategeko mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo.

Ndanda waretse gukina yahoze akundana n’umunyamakuru Anita Pendo ndetse banabyaranye abana 2.

Nizeyimana Alphonse “Ndanda” yabaye umunyezamu muri AS Kigali na Mukura VS.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA