AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Shaddyboo, Tom Close, na The Ben mu berekanye uko basaga mu myaka 10 ishize #Challenge

Shaddyboo, Tom Close, na The Ben mu berekanye uko basaga mu myaka 10 ishize #Challenge
15-01-2019 saa 16:18' | By Nsanzimana Ernest | Yasomwe n'abantu 6877 | Ibitekerezo

Ku mbuga nkoranyambaga hadutse ikiswe #10yearschallenge aho ibyamamare biri kugaragaza amafoto abiri iyo muri 2009- niyo muri 2019 kugira ngo ababikurikira ku mbuga nkoranyambaga by’ umwihariko instagram barebe aho bavuye n’ aho bageze.

Abitabiriye iyi Challenge barimo abahanzi, Abanyamideli n’ abanyamakuru. Ifoto iteye amatsiko cyane ni iy’ umunyamideli Mbabazi Chadia wamamaye nka Shaddyboo kuko nubwo ubu ari umunyamideli w’ icyamamare mu Rwanda akaba n’ umubyeyi w’ abana babiri ifoto ye avuga ko ari iyo mu myaka 10 ishize imugaragaza nk’ akana gato k’ imyaka 9.

Brue Melody

Mugisha Benjamin The Ben

Muyombo Thomas , Tom Close

Umuhanzi Christopher

Abanyamideli

Zari wahoze akundana na Diamond Plutnumz

Mbabazi Chadia, Shaddyboo

Abanyamakuru

Aissa Cyiza , umunyamakuru wakoreye amaradiyo atandukanye yo mu Rwanda

Innocent Muvunyi, nawe ni umunyamakuru wakoreye amaradiyo atandukanye ndetse yanakoreye RoyalTV itarafunga imiryango

Umunyamakuru Basile Uwimana
Abandi

Miss Vanessa Raïssa Uwase wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga 2015

Biravugwa ko iyi #Challenge yaba yaratangiriye muri Amerika mu bahanzi barimo n’ uyu NickMinaj


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA