AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax
Inkuru zamamaza
Skol yasohoye icupa rishya yinjira  mu bufatanye bushya n’abanyarwenya Skol yasohoye icupa rishya yinjira mu bufatanye bushya n’abanyarwenya

Ingingo nyamukuru y’iki kiganiro n’abanyamakuru,ni ukwerekana inzoga ya Skol Ragga yahinduriwe...

Kabarondo :Niyitegeka yegukanye miliyoni muri poromosiyo ya byuka uri miliyoneri Kabarondo :Niyitegeka yegukanye miliyoni muri poromosiyo ya byuka uri miliyoneri

Kuri uyu wa kane tariki 20 Kamena 2019 mu karere ka Kayonza mu murenge wa Kabarondo Aitel Tigo...

Itangazo ry’usaba guhindurirwa amazina mu irangamimerere Itangazo ry’usaba guhindurirwa amazina mu irangamimerere

Uwitwa NZANYWAYIMANA mwene BUTERA Anastase na BABIGIRIYIKI Sylverie, utuye mu mudugudu wa...

Itangazo ry’usaba guhindurirwa amazina mu irangamimerere Itangazo ry’usaba guhindurirwa amazina mu irangamimerere

Uwitwa SIBOMANA Noel mwene BARIRUSHYA Ezechias na KAKUZE Esther, utuye mu mudugudu wa Ruhanga,...

TNSP irashaka guha akazi abantu benshi babyifuza

Ubu TNSP irashaka guha akazi ababyifuza benshi ku mwanya wa Sales & Marketing Agents...

Rayon Sports na Tour du Rwanda biri mubyatumye Arsenal igirana amasezerano na Skol Rayon Sports na Tour du Rwanda biri mubyatumye Arsenal igirana amasezerano na Skol

Ibi byatangajwe n’ubuyobozi bwa Skol mu kiganiro bwagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu...

Airtel na Tigo barimo gufatanya na Radiant kwita ku banyarwanda mu gihe barembeye mu bitaro Airtel na Tigo barimo gufatanya na Radiant kwita ku banyarwanda mu gihe barembeye mu bitaro

Tigo na Airtel, ku bufatanye na Radiant Insurance Company, Inclusivity Solutions hamwe na...

KTRN yamamaye kuri  Internet ya 4G,  ubu  ikuzaniye Pack idasanzwe  wakoresha ku mbuga nkoranyambaga KTRN yamamaye kuri Internet ya 4G, ubu ikuzaniye Pack idasanzwe wakoresha ku mbuga nkoranyambaga

KTRN ni sosiyete icuruza murandasi (Internet) zitandukanye ariko noneho by’umwihariko kuri ya 4G...

Itangazo ry’usaba guhindurirwa amazina mu irangamimerere

Uwitwa MUKAMUKAMA mwene BENDA Abassa na UMUTESI Sifa, utuye mu mudugudu wa Kabuye, Akagari ka...

Urifuza kugerageza amahirwe yo kujya gutura muri Amerika n’umuryango wawe ? Dore inzira...

Dore impamvu 10 ari twe wagana tukagufasha kugerageza amahirwe yo kujya gutura muri USA mu...

Ibiciro bya internet byakubiswe hasi muri TNSP, abifuza 4G y’igitangaza bashyizwe igorora Ibiciro bya internet byakubiswe hasi muri TNSP, abifuza 4G y’igitangaza bashyizwe igorora

TNSP yongeye kudabagiza abakiliya bayo bakoresha Internet cyane cyane ibigo bya Leta ndetse...

Muri Monaco Café barataramirwa n’abaririmbyi b’akataraboneka mu njyana ya Karaoke Muri Monaco Café barataramirwa n’abaririmbyi b’akataraboneka mu njyana ya Karaoke

Ubuyobozi bwa Monaco Café bwatangaje ko gushyiraho iyi gahunda uyu munsi ari ukugira ngo bafashe...

Muri Monaco Café ufata ifunguro wese ahabwa ikirahuri cya Divayi (Wine) y’ubuntu Muri Monaco Café ufata ifunguro wese ahabwa ikirahuri cya Divayi (Wine) y’ubuntu

Ubuyobozi bwa Monaco Café bwatangaje ko gutanga ikirahure cya divayi ku muntu wese uguze...

TNSP yatangiye gukuba ubushobozi bwa internet ku bakiliya babo bakoresha Fiber optics TNSP yatangiye gukuba ubushobozi bwa internet ku bakiliya babo bakoresha Fiber optics

Mu rwego rwo kunoza imikoranire n’imibanire muri rusange hagati y’abakiliya ba TNSP n’ubuyobozi...

Ibigo n’abantu ku giti cyabo bifuza kugendana n’igihe bashyizwe igorora na Call Rwanda

Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bwayo, ubu Call Rwanda irimo gutanga izi servisi ku giciro cyo hasi...

Konka yashyize igorora abakiliya bayo, igena n’uburyo bushya bwo gukopa abayigana

Guhera mu mpera z’umwaka wa 2016 mu gihe cy’iminsi mikuru isozq umwaka, muri Konka bari...

Zipline yazanye utudege twa Drones mu Rwanda irimo gushaka abanyarwanda iha akazi Zipline yazanye utudege twa Drones mu Rwanda irimo gushaka abanyarwanda iha akazi

1.COUNTRY DIRECTOR Country Director azaba afite inshingano zo gukurikirana imikoranire ya...

Abakundana bazasohokera muri Monaco Cafe kuri St Valentin bateguriwe impano zihebuje

Abakundana bazasohokera muri Monaco Cafe tariki 14 Gashyantare 2017, bazaba bafite amahirwe yo...

Monaco Cosmetics yadabagije abakundana ngo bazaryoherwe n’umunsi wa St Valentin Monaco Cosmetics yadabagije abakundana ngo bazaryoherwe n’umunsi wa St Valentin

Ubu niba uri umusore ufite umukunzi cyangwa ukaba uri umugabo ufite umugore ukunda kandi uha...

Abateganya gukora ubukwe n’ibindi birori i Kigali no mu Ntara zose bashyizwe igorora

Muri "BENO Events Decor and Styling" basanzwe bambika abageni imyenda igezweho kandi ikozwe mu...

Call Rwanda yashyize igorora abayigana, ibiciro byahanantuwe mu buryo budasanzwe Call Rwanda yashyize igorora abayigana, ibiciro byahanantuwe mu buryo budasanzwe

Iri gabanuka ridasanzwe Call Rwanda iritanze mu rwego rwo gushimira abakiriya bayo no...

AZAM TV yateguriye abanyarwanda impano z’iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani AZAM TV yateguriye abanyarwanda impano z’iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani

AZAM MEDIA ni kompanyi imaze hafi imyaka ibiri ikorera mu Rwanda, ikaba izwiho kugurisha...

Abanyarwanda basiragiraga bajya gushaka ’Barcodes’ mu mahanga bashyizwe igorora

Hari abanyarwanda bafite ibintu bifuza ko byarangurwa bigacuruzwa mu maduka akomeye, cyangwa...

Abacuruzi bo mu Rwanda bifuza ko ibicuruzwa byabo byamamara mu mahanga babonye igisubizo

International Barcodes Network, sosiyete mpuzamahanga icuruza ikanakwirakwiza nimero ziranga...

Hari imyanya 28 y’akazi mu karere ka Kirehe, mu nzego zitandukanye Hari imyanya 28 y’akazi mu karere ka Kirehe, mu nzego zitandukanye

1. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge (1)* 2. Umuhuzabikorwa wa gahunda z’Itorero (1)* 3....

Minisiteri y’ubuzima ikeneye abakozi 54 mu nzego nyinshi zitandukanye Minisiteri y’ubuzima ikeneye abakozi 54 mu nzego nyinshi zitandukanye

Umunsi wa nyuma wo kurangiza gutanga dosiye zisaba akazi, ni tariki 28 Nzeri 2016, saa kumi...

Indege y’akataraboneka ya RwandAir yakoze urugendo rwayo rwa mbere - Amafoto Indege y’akataraboneka ya RwandAir yakoze urugendo rwayo rwa mbere - Amafoto

Muri Nzeri umwaka ushize wa 2015, RwandAir yatangaje ko yasinyanye amasezerano na Airbus yo...

Abafite ibirarane by’amazi ya WASAC batishyuye kagiye kubabaho Abafite ibirarane by’amazi ya WASAC batishyuye kagiye kubabaho

Ubuyobozi bwa WASAC, buvuga ko hari bamwe mu bafatabuguzi banze kwishyura amazi, bamwe...

RwandAir ikomeje kwerekana ibyiza by’indege zidasanzwe yaguze zirimo n’uburiri

Muri Nzeri umwaka ushize wa 2015, RwandAir yatangaje ko yasinyanye amasezerano na Airbus yo...

Call Rwanda izayobora abazitabira inama y’abakuru b’ibihugu izabera i Kigali Call Rwanda izayobora abazitabira inama y’abakuru b’ibihugu izabera i Kigali

Call Rwanda, ikigo gikoreshwa n’ibihumbi byinshi by’abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga nacyo...

Minisiteri yashyize ku isoko imyanya 71 y’akazi mu byiciro byinshi mu kigo cya Iwawa

- Abaforomo 4 : Ushaka aka kazi agomba kuba afite impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye (A2) mu...

IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA