ibya mpyisi byo ndabyemera ariko abandi Bose barabeshya ndetse baravangiwe
nukuri ba chrito bavandimwe,ntacyomvuze ariko umuntuwe ashatse yakwituriza,kuko turi nkibitambambuga,twahishe kumenya,noguhishura ibihishwe.umunyabwenge yagize ati, to speak is good but to keep quiet is the best one.
ariko ubwo umuntu yavuga ngo abacyene ntibazajya mwijuru !!bugacya nkamusubira imbere koko !!ngo imana yamutejyetse gusambana ubwo se nasubirayo !!Mana wee Ahubwo umenya bajyira namarozi baroga abayobocye babo !!Yezu abatabare nukuri !!
Uwo wasambanye arabeshya ijana kwijana Imana ntiyoshya gukora ibibi,
Rwandamura we arabeshya Lazalo yageze mwijuru, cyokora koko hari ibyaha byinshi dukoreshwa nubukene,
Mpyisi nawe ibye birenda kuba ukuri kuko ntadini Imana yaremye ntanirizajya mwijuru
Gitwaza nuwo muhanzi no bashobora kubaha bavuga ukuri cg Atari nukuri gusa ibyo bavuga birashoboka ndetse cyane
mpyisi yavuze ukuri,muri ikigihe amadini yabaye business.Aba bandi bo baravangiwe pe !!!!murwanda mufite udushya twinshi
Umukambwe mpyisi rwose ibyo avuze ni ukuri amadini ni business ikomeye yabanyafurika kuko abazungu bahugiye mwiterambere ryatechnology naho muri Africa 80%niba mbare ubukeye 20%nabo batunzwe nimitsi yaba bambere ubukeye abapasteri bari muri aba naho Gitwaza we ni umuhanga nabazungu arabatuburira gusa ndamwemera muhaguruke mubeshye isi muhange imirimo
Wowe witwa Dine, ntabwo bavuze ko Mpyisi afite 65 ans ahubwo bavuze ko amaze 65 ans avuga ubutuma. C’est tout différent !
Aba mwita ngo ni abavugabutumwa, ni aba farceurs, bahemukira rubanda. Ahubwo mbona bamwe muri bo bakwiye no gukurikiranwa n’amategeko.
Njye nibera muri Kiliziya, kuko yigisha Imana idakabya. N’ibyo umuntu yayishinja byasaba ko azana za gihamya zifatika, zicukumbuye. Na ho bariya bo amagambo bavuga buri munsi arahagije ngo ubone ko babeshya.
KILIZIYA, OYEEEE
Aba mwita ngo ni abavugabutumwa, ni aba farceurs, bahemukira rubanda. Ahubwo mbona bamwe muri bo bakwiye no gukurikiranwa n’amategeko.
Njye nibera muri Kiliziya, kuko yigisha Imana idakabya. N’ibyo umuntu yayishinja byasaba ko azana za gihamya zifatika, zicukumbuye. Na ho bariya bo amagambo bavuga buri munsi arahagije ngo ubone ko babeshya.
KILIZIYA, OYEEEE
ariko koko mpyisi afite imyaka 65 gusa ?help me know cg numwanditsi
wibeshyetse
Muzehe Mpyisi yenda kuvuga ukuri : Amadini si aya satani ahubwo satani akorera mu madini yose kuko : Yesu agiye kuva mu isi yahaye intumwa ze mission imwe rukumbi ati : Mugende mu mahanga yose abantu bose mubahindure kuba abigishwa banjye nyakuri, iyo mission niyo amatorero yagombye gukomerezaho nkuko intumwa zabigenzaga, ba Paul ndetse n’abandi. Ariko ikibabaje ubu nuko ubutumwa buriho ari ubwo gushaka amafranga aho kugeza abantu kuri Kristo, kandi ibi biri gukorwa mu matorero yose.
Muzehe Mpyisi yenda kuvuga ukuri : Amadini si aya satani ahubwo satani akorera mu madini yose kuko : Yesu agiye kuva mu isi yahaye intumwa ze mission imwe rukumbi ati : Mugende mu mahanga yose abantu bose mubahindure kuba abigishwa banjye nyakuri, iyo mission niyo amatorero yagombye gukomerezaho nkuko intumwa zabigenzaga, ba Paul ndetse n’abandi. Ariko ikibabaje ubu nuko ubutumwa buriho ari ubwo gushaka amafranga aho kugeza abantu kuri Kristo, kandi ibi biri gukorwa mu matorero yose.
Ahaaaaaa ! icyo mpamya nuko umuntu wese imana imuzi icyambere satani ntarema, Imana niyo yatanze ubwenge ariko igihe cyoguhitamo cyaturutse kucyaho, nuko rero tugire gutuza kuko itorero rw ;uwiteka riri mwibanga, ndahamya ntanuzi icyo imana izakurikiza ihana cg ibabarira kuko inyandiko zose zanditswe nabantu kugiti cyabo. ibyo Ezra avuga 50% birashoboka ariko yeguca imanza igihe ntikiragera,
Naho Ereney Mercy nakomere kandi agumemo kuko imana niyo imenya umutima w’umuntu kandi umuntu nimugari cyane asumba akarere kose, wahamya kandi wakwemezwa niki niba ibyo ari ukuri ? mbese wahakana kandi washingira kuki uvugako ibyo mercy avuga ataribyo ? gusa IMANA YONYINE IRABIZI.
Umusaza Mpyisi aravuga ukuri !
Ni gute amadini yaba atandukanye agakoresha Bibiliya imwe akigisha ibitandukanye maze agakorera Imana imwe ????? Buri wese yagiye ashinga idini kubera inyungu gusa ! uzi ubwenge amadini ajye ayagendera kure kuko ntakindi amaze uretse kumunyunyuza
umbabarire simvuze ko udakorera Imana cyangwa uyikorera kuko simbizi Imana yo ubwayo niyo ibizi ariko gusengera umuntu akazuka (niba byaranabayeho kuko nawe ubizi) sibyo byerekana ko ukorera Imana kuko nabadayimoni bazura abantu
Aha, uwavuze ibijya gusa n’ukuri ni Umukambwe Pasteri Ezra MPYISI.
Gusa aha icyo yibagiwe ni uko bose bakoresha BIBILIYA yanditse kimwe kandi ivuga ubutumwa bw’Imana. Ahubwo yagombye kuba yaravuze ko abantu benshi bayobora amadini ari Aba Satani kuruta uko yavuga ko amadini ariyo ya Satani. Ariko nanone niba se abo banyamadini ari aba Satani ubwo yo si aya Satani ? Umusaza afite point.
Aha, uwavuze ibijya gusa n’ukuri ni Umukambwe Pasteri Ezra MPYISI.
Gusa aha icyo yibagiwe ni uko bose bakoresha BIBILIYA yanditse kimwe kandi ivuga ubutumwa bw’Imana. Ahubwo yagombye kuba yaravuze ko abantu benshi bayobora amadini ari Aba Satani kuruta uko yavuga ko amadini ariyo ya Satani. Ariko nanone niba se abo banyamadini ari aba Satani ubwo yo si aya Satani ? Umusaza afite point.

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Yezu agiye gusubira mwijuru yahaye mission intumwa ze aziha roho mutagatifu aziha numutware ariwe Petero urwo ruhererekane ruracyariho kuko rwubatse ku rutare kiriziya Gatolika wabyemera wabihakana umbwire irindi dini cg itorero rifite amahame nkayo Yezu yasigiye intumwa ze andi madini yose akomoka ku bahakanyi abaprotrstanti nkuko mpyisi abivuga ntiwaba ukorera Imana ukoresha nijambo ryayo Bible ngo wigishe ibitandukanye nibyabandi kiriziya gatolika yagiye ikora amakosa Ariko ntiyari impanvu yo kuyiyomoraho ngo bashinge amadini yo kuyihakana ahubwo bari gukomeza bagakosora ayo makosa kuko nubundi nyuma yarakosotse, abayisiraheri muzi ukuntu Imana yabavanye mu bucakara bakayigomera biteye ubwoba Ariko ntiyigeze ibavaho kuko bwari ubwoko bwi Imana na kiriziya nubwo yakora amanyanga ki uwayishinze Yezu ntiyayireka kuko yubatse ku rutare. Naho aba rwose nabatekamitwe bishakira indonke uzarebe rever zabo nubukungu bwisi tu ngo umwana wange azaba prezida wa USA waravangiwe Ariko byose bizagenda bigaragara kuko ibyo muba mwahanuye byibinyoma biba byanditswe.