Iki gitekerezo sico 1.Imana yaka RAPORO nuko utabizi kuko utayikorera 2.ntabwo abakirisitu bose arinjiji uburyo bayoka ibintu bitabafitiye akamaro 3.ntamuntu uzamurusengero kugahato. 4.ikindi wabeshye muri afurika siho hari insengero zifite abayoboke benshi kuko nibihugu byateye imbere Nibyo bifite abapasiteri bafite abayoboke binsh ubwo rero impamvu watanze zirapfuye
Hhhhh ! Ibi uvuze nibyo kabsa ! Gusa birazwi ko uramutse ukoze project idafite ikibazo ije gukemura cg idafite gap yuririraho ntabwo yakunguka. Gap iri muri subsaharian region abapastoro buririraho rero ni UBUJIJI n’UBUKENE bw’akarande.
njyewee rwosee nifuza kuzagera kuri uriya muprophet tb Joshua kuko njye arafasha. sinzi icon Ukwezi cyafasha. kuko
byarampagayikishije pe
ark niba wumva aribyo nawe uzarushinge. wowe c ayo amafaranga urayanze. niwenda uzatubwire tugutwerere
Mwiriwe ? uyu muntu yanditse ibintu nkunda cyane,abakwiha ngo wakabije bikurenganya these tuzi kata zo mumadini nuburyo batekinika abakirisito bakabasahura bitwaje NGO ijuru mugihe uzigisha ijambo ryimana ukorera amafaranga ibyo byitwa business niba ubihakana usobanure impamvu havuaka amadini buri munsi kandi agashingwa nabayoboke bayo madini kubera ko hari ibyo batumvikanaho cyane amafaranga kuki niba hari ikibazo mu idini mutagikemurira hamwe mudashinze irindi dini nuko muba muharanira inyungu kuri buri umwe Jye nange nuko mbibona amadini nubuyobe kandi budashingiye Ku Mana rurema byose
Mwiriwe ? uyu muntu yanditse ibintu nkunda cyane,abakwiha ngo wakabije bikurenganya these tuzi kata zo mumadini nuburyo batekinika abakirisito bakabasahura bitwaje NGO ijuru mugihe uzigisha ijambo ryimana ukorera amafaranga ibyo byitwa business niba ubihakana usobanure impamvu havuaka amadini buri munsi kandi agashingwa nabayoboke bayo madini kubera ko hari ibyo batumvikanaho cyane amafaranga kuki niba hari ikibazo mu idini mutagikemurira hamwe mudashinze irindi dini nuko muba muharanira inyungu kuri buri umwe Jye nange nuko mbibona amadini nubuyobe kandi budashingiye Ku Mana rurema byose
Ariko rero ndabona mwese mutanga ibitekerezo munenga uyu mwanditsi kdi njye nsomye neza ibyo yanditse ndetse nkanareba ibyo mbona mumadini dusengeramo, ndasanga ibyo avuga 90% ari byo pe. Abantu bubu nako amadini yiki gihe nayo yahindutse business. uzarebe aho usengera, ureste kiliziya gaturika(nubwo atariho nsengera) niyo yonyine itabyitaho. ariko ahandi umukirisito udatanga icyacumi cg amaturo uwo bamufata nkumupagani. ibyo mbabwira ndabizi kuko nkaho nagerageje kujya niko bimeze. ibyo yavuze rwose nibyo. ni business iriho rwose. kuko hari uwo twaganiriye ambwira ati njye narize ndangije mbura akazi ntangira kwiga uburyo najya mbwiriza abantu bagafashwa nkabagaruramo ibyiringiro, birya bajya bita ababwirizabutumwa bubushake, kdi ati mbona binyinjiriza mafaranga atubutse kuko yaravuze ati mbwiriza kucyumweru no mumibyizi kuburyo yavuze ati sinabura nka 200milles buri kwezi.
uyu muntu rero yarashishoje
Nari nibagiwe kuvuga ko Kiliziya yirinda ubuhanuzi bw’ibikabyo no guha amategeko Imana ngo nikore itya ( kuyitegeka ibitangaza igomba gukora )
Kiliziya nzayigwa inyuma tu. Ni ho honyine umuntu atigisha uko yabyutse, ni ho honine abashumba biga bakigisha ibyo bazi neza wongeyeho n’ubundi bumenyi rusange, ni ho honyine abashumba baba barigomwe byinshi kubera ingoma y’Imana, ni ho abashumba badakorera imishahara, ni ho badapfa amaturo, Kiliziya ni umuryango w’Imana wo ku ikubitiro, mu majyambere y’isi no mu Rwanda ni iya mbere : amashuri, imihanda, amavuriro, kwishira hamwe, ubwiyunge,.. Kiliziya we, Koko uri uw’Imana.
Njye ndumva ahubwo uyu muntu yakanze ahababaye kuko bigaragara ko abenshi amarangamutima ariyo ariho asubiza : nta n’umwe uvuga ati kuri iyi ngingo runaka urabeshya ; mu gihe igitekerezo cyanditse neza mu ngingo zumvikana kandi zifite numéro ku buryo ushoboye kumubeshyuza wagenda ubeshyuza ingingo ku yindi. Njye ndemeranya nawe 100% cyane cyane ariko kuri iriya ngingo ya 10 : ndibaza nanjye ; kuki abapasiteri batanga amatangazo yamamaza ko bazasengera abantu bafite indwara cg ubumuga byananiranye batajya bafata gahunda ngo bajye nko gusengera abarwayi mu bitaro runaka babakize batabanje gutakaza ibya mirenge ndetse rimwe na rimwe bakabura ayo kwishyura bagafungirwa mu bitaro ?
Njye ndumva ahubwo uyu muntu yakanze ahababaye kuko bigaragara ko abenshi amarangamutima ariyo ariho asubiza : nta n’umwe uvuga ati kuri iyi ngingo runaka urabeshya ; mu gihe igitekerezo cyanditse neza mu ngingo zumvikana kandi zifite numéro ku buryo ushoboye kumubeshyuza wagenda ubeshyuza ingingo ku yindi. Njye ndemeranya nawe 100% cyane cyane ariko kuri iriya ngingo ya 10 : ndibaza nanjye ; kuki abapasiteri batanga amatangazo yamamaza ko bazasengera abantu bafite indwara cg ubumuga byananiranye batajya bafata gahunda ngo bajye nko gusengera abarwayi mu bitaro runaka babakize batabanje gutakaza ibya mirenge ndetse rimwe na rimwe bakabura ayo kwishyura bagafungirwa mu bitaro ?
Rwose mujye mureka kudusetsa. mugihe ibintu utabikoze ngo ube ubutangaho ubuhamya ugaragaze ibyiza cyangwa ibibi byabyo mujye mwirind kugira icyo mubivugaho.uti mbonye igitekerezo.ndibaza ko uvugako babona amafaranga atubutse buriya uhemba pastor wawe angahe mu cyumweru,.ikintu utakoreye ubushakashatsi ntugapfe kugishyira public ngo wabonye igitekerezo kuko byafatwa nk’aho uba wisekereza abantu kandi si uko batera urwenya.
mbega umunyamakuru cyangwa umusomyi. none se sha, ko snhimye utubeshye, ubwo uyobewe ko ukorera intica ntikize ? niba rero udashobora gukora ibi ngo nawe ayo mahirwe agutaheho, icecekere. ese mu muryango wanyu hari pasteri wawuvutsemo ? uzamubaze azagusobanurira. niba ntawe kandi uzashake pasiteri nyawe akuganirize. urakoze.
Sha wamusomyi we uzarushinge uzambwira nawe iryo faranga suryanze nirumara kabiri n’ Impano yimana no kugirango wigishe bunve uzagerageze uzambwira
Wowe ubivuga se waba ubikora ?umwana bamubeshyeko azi kwiruka arenga iwabo nawe rero wibeshyako uzi ubwenge nyamara uri umuswa inyuma yabandi ahubwo ukwiye amasengesho.

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Iki gitekerezo sico 1.Imana yaka RAPORO nuko utabizi kuko utayikorera 2.ntabwo abakirisitu bose arinjiji uburyo bayoka ibintu bitabafitiye akamaro 3.ntamuntu uzamurusengero kugahato. 4.ikindi wabeshye muri afurika siho hari insengero zifite abayoboke benshi kuko nibihugu byateye imbere Nibyo bifite abapasiteri bafite abayoboke binsh ubwo rero impamvu watanze zirapfuye