Ubwo bukwe ntibwaribusengeye
ndagaya umuhungu ibintu byose nukwivumbura ushobora nokuzapfa atabonye uwo yifuza umugore mwiza umuhabwa nuwiteka wenyine kuko ushobora nokuzaza akwereka ubwitonzi kandi arisasu.wanga uhecyenya igufwa ukazana urimira bunguri.yitonde yekwiyemera atazapfa
Isi iri kundunduro kweli umusi wa marriage bagashwana ibintu nigitangaza.
Isi iri kundunduro kweli umusi wa marriage bagashwana ibintu nigitangaza.
wanga umugore uhekenya igufa ukaza urimira bnguri. kdi nta Malayika azabona hano mu isi
ihangane musore imana izaguha undi udasuzugura uzi kubaha cyane nkanjye
Oya Rwose Ntimukwiriye Gushinja Uyu Mukobwa, kuko Ntaw udakosa Rwose twese Tur Abantu knd babanyantegenye
Oya Rwose Ntimukwiriye Gushinja Uyu Mukobwa, kuko Ntaw udakosa Rwose twese Tur Abantu knd babanyantegenye
Ibintu birakaze KBS
Isi yacu igeze kure
Burikweto igiriyayo buriwese azabona umukunda.kubwibyo nibatuze.
Burikweto igiriyayo buriwese azabona umukunda.kubwibyo nibatuze.
Burikweto igiriyayo buriwese azabona umukunda.kubwibyo nibatuze.
Ubwo ntacyo ataramweretse kdi aho kugirango uzicuze uzirinde icyatuma wicuza gusa yari kureba niba hatabayemo no guhubuka guturutse ku mukobwa
Nta mpamvu yo kwihambira kubidashoboka Uyu musore yarebye kure iyo babana yari kuzamugira ayo ifundi igira ibivuzo.
agasuzuguro kabakobwa gashire yaratangiye kumusuzugura batarabana uyumusore numuntu wumugabo cyane azabona undi witonda sinumva ngo ADPR igira abakobwa bitonda niyamategeko yabapendekote azizanire umusiramukazi
agasuzuguro kabakobwa gashire yaratangiye kumusuzugura batarabana uyumusore numuntu wumugabo cyane azabona undi witonda sinumva ngo ADPR igira abakobwa bitonda niyamategeko yabapendekote azizanire umusiramukazi
uwo mukobwa natuze yihangane niko byagombaga kugenda imana izamuha undi murakoze.
Uwo musore yafashe icyemezo cya kigabo ; kuko inkumi ikwishobgoyeho ityo uba ikwereka ko nimurubanamo izaruhindura umuriro.
Ngewe ndabona ibyo ataribyo byatuma ubukwe bupfa nubundi babasubukura

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
jyu musore ndamugaye kubwo umwanzuro utari mwiza yafashe njye ndumva yari bwihanganire umukunzi we ubukwe bugakomeza uwo mwanzuro nuwabagore suwabagabo