yewe jyewe ibintabwonabyizera gusa hari ibyotubonesha amaso yacu.ahubwo nimureketwizere imana yonyine.
Niba avuga ibyo badakora barakazwa niki ?? Niba kandi avuga ikuri, ese bwo bababazwa niki ?? Pastoro navuge ukuri uwo bizababaza biramureba. Biyita ko ari itorero ry’ukuri kubera barisha isabato n’icya cumi gusa ariko ibyaha bakora birenze nibyo kwa kanyuguri ! Amatiku,ubugambanyi ivangura no kurwanira imyanya etc... nibyo bubakiyeho ! Mugushije ishyano kubera muri akazuyazi ariko Imana ibicishije muri Pr Ezra irabakangura. Mubure kugaruka mu nzira ya Yesu ifihe kitarabashirana !
Muzehe ntawe ahakwaho, ni umusaza ushaje neza, akunda Imana, afite cash ze, nta muntu wamukanga. Muzehe ujye uvuga ukuri, ntawe twumvireho. Dore Imana yakwihereye gusaza neza.
icyampa Imana ikamutiza imbaraga akatubwira sends twakihana
Ukuri akumenye mu myaka 90 ningahe agize burya gusaza neza nibyiza ibyarimo nugusaza wanduranije. Bamuha facts ariko ntiyumva. Mzee bakujyane muri byabigo bifasha abasheshe akanguhe naho ibijyanye nubutumwa bwimana wazageraho ukabivanga.
Aharaho tutabyumva kimwe .Amadini yose sa ya satani ahubwo mbona jye yaragiyeho kubera ko na satani iliho.kuko satani yazanye icyaha.amadi adakorera satani akaba ahugulira abayoboke bayo kwanga icyaha.bityo akazi kaboneka kuberako icyaha kiliho(satani iliho)abantu baticana ntibasambane ntibibe ntibaroge ntibagilishyali nurwango.amadini ntiyabina akazi.akazi.abantu baruhurwa numuvugabutumwa ubakoraho .uvuga kubyaha byatubase.bityo.wabyihana ukumva ubonye uburuhukiro.amadini yasatani yarashinzwe .aliko yose sa ya satani .
ajye avuga ibya abadive kuko nibyo azi gusa basenga saturne y,umubumbe nawe azabiryozwe abo yayobeje.
ibyo paster mpyisi avuga nukuri kutavangiye Amadini yiki gihe naya Satani peeee Imana imukomeze imuhe imbaraga nubwenge kandi ntacyo bazamutwara
Komera ! Komera ! Pastor ahubwo ubivuge byose usobanure uko laodokia yarutswe hakaza malayika wundi uboneka mu byahishuwe 18. Imana igukoreremo rwose wenda nawe uzabe mumubare w’ abazahangana n’ inyamaswa n’ igishushanyo cyayo. Uzasobanurire abo ba pasteur bagenzi bawe ko n’ itorero barimo kurwanirira bakurwaya
Ryarangije kuba babuloni. Ijwi ry’ Imana rirahamagara riti<
Mzee Mpyisi hari ibyo avuga abantubakamuseka, nyamara hari ibyo avuga ari ukuri. none se Yezu ntiyabwiye abari bamukikije ko bakomoka kuri Se Satani ? muri abo harimo n’abayobozi b’amadini ndetse na rubanda rwa Giseseka. none se ni gute abantu babwirwa ko Yezu yaje kuducungura kandi akazi ke akakarangiza, kandi ko igitambo cye cyonyine gihaje, ariko wabivuga abantu bakakurakarira ? ni inyungu z’amadinni. kigani cya Mze amadini yose akomoka kwa SHITANI KUKO SHITANI ABWIRA ABANTU KO HARI ICYO BAKORA NGO BAKIZWE, NYAMARA IMANA YATARANGARIJE ABANTU KO HARI ICYO YAKOZE NGO ABANTU BAKIZWE. UMUNTU WESE URWANYA IGITAMBO CYA KRISTU, UVUGA KO HARI IKINDI YAKORA KIRENZE ICYO YEZU KRISTU YADUKOREYE. NI IKIVUME NI UWA SATANI NUBWO IMANA NAWE IMUKUNDA KANDI IKABA YARAMUCUNGUYE NUBWO BWOSE ATABIZI. UHOMBYE ARABYIMENYERA. MUGIRE AMAHORO YA YEZU KIRISITU, YEZU KRISTU AKUZWE. AKUZWE ITEKA.!!
NGAHO NGEWE NABIBONYE KERA NONE NABA PASTEUR BASHAKA KUVA KUKINYOMA BARABIVUZE. AMADINI YOSE YUBAKIYE KUKINYOMA N, INDONKE GUSA.
Hum..!!! Uretse abiyobagiza bashimishwa nokugenda buhumyi muri iyi si itari nziza nibo batabona ukuri k’uyu mu vieux,nyamara ashaka kuva kuri iyi si ntamugayo afite imbere y’Imana n’abantu. Umukristo nyakuri ni ukora analyse y’ibyo yemera. Erega na Elia (umuhanuzi) yabwiye abantu ati " Ariko muzageza ryari guhora murungabangabo" kugendera mukigare (buhumyi)ngo ni ukwemera bitumye benshi badakizwa uko bikwiye ahubwo bakibera mumadini yabo nk’aho ari amashyirahamwe abyara inyungu bashinze. Bihabanye kure n’ijambo Yesu ubwe ysize abwiye abigishwa be. Bakristu niba muzi ubwenge mumenye ibihe tugezemo kko sinashidikanya kuvuga koari ibya nyuma. Bible niyo ibigaragaza neza. Amahoro !
kugira ngo habeho amadini menshi ni gahunda ya satani kugirango satani ahishe ukuri bityo abantu benshi bazarimbuke kubera kutamenya ukuri.gusa abayoboke bayo madini bamenye ko ukuri kuri muri bibiriya.niba biri muri bibiriya ubyizere niba bitarimo ibyo ni inyungu zabariyobora.mwitegure yesu arihafi kandi nubwo tugeze mu itorero rigereranywa na reodokiya yesu ati"ndakugira inama"uzumva inama agirwa na yesu naho yaba ari muri raodokiya azakiza ubugingo bwe.
kugira ngo habeho amadini menshi ni gahunda ya satani kugirango satani ahishe ukuri bityo abantu benshi bazarimbuke kubera kutamenya ukuri.gusa abayoboke bayo madini bamenye ko ukuri kuri muri bibiriya.niba biri muri bibiriya ubyizere niba bitarimo ibyo ni inyungu zabariyobora.mwitegure yesu arihafi kandi nubwo tugeze mu itorero rigereranywa na reodokiya yesu ati"ndakugira inama"uzumva inama agirwa na yesu naho yaba ari muri raodokiya azakiza ubugingo bwe.
Pastor Mpyisi ibyo avuga ndamushyikiye kuko amatorero namadini byi kigihe birashaka kugwiza umubare w’abantu benshi mu masengero ariko wareba imbuto zabo ukazibura kandi twakagomye kuba umwe muri kristo YESU tudatandukanyijwe na matorero cg amadini naho abavugabutumwa benshi ni bamwishakirandamu.
EREGA UKURI KURARYANA !! MUZEHE MPYISI IBYO WAVUZE NUKURI. IMANA IKOMEZE IKURINDE KANDI IGUHE IMBRAGA
Nyamara uyu mukambwe yavuze ukuri pee bamurwanya ariko yavuze ukuri njewe turi kumwe rwose Mzee Mpyisi courage.
pasta pyisi ararengana ibyavuga aravugisha ukuri
respecter le droit d’expression. niba avuga ibitari ukuri bamunyomoze.
Nyamara Mzee pastor Mpyisi avugisha ukuri kuko muri iki gihe turimwo ivugsbutumwa ryabaye ubucuruzi aho abenshi baribonamwo imibereho aho gushishikariza Abantu kureka ingeso mbi zihabanye n’ibyo bibiliya yigisha. Abenshi muri abo bavugabutumwa ubabonera kumwitwarire yabo
Pourtant il y a du vrai dans ce que le vieux dit.

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
yewe jyewe ibintabwonabyizera gusa hari ibyotubonesha amaso yacu.ahubwo nimureketwizere imana yonyine.