Bihorere bajye bakora ibihwanye n’ibyifuzo byabo bitwaje izina ry’imana ariko abo bose bafite ishyano umunsi nyiritorero birirwa biyitirira yaje kurijyana iwe.a satisfied soul loathes a honey comb but to the hungry soul a very better thing is sweet.
Mwese ntimwamenye ko ku isi hari umuhanuzi marayika yesu yohereje abantu bose bategetswe kumwumva naho abo bandi ntagihe batazabarushya
Mwese ntimwamenye ko ku isi hari umuhanuzi marayika yesu yohereje abantu bose bategetswe kumwumva naho abo bandi ntagihe batazabarushya
Yewe usabyimana yayoboye neza imana izabimuhembere ntamatiku yabagaho naho abariho ntaho batuganisha imana itugenderere
nukuri ibyo aba bayobozi bavuga sibyo barabeshyera abayoboke babo, nonese umuntu uvuze amakosa bakora mwitorero bahita bamugira umwanzi wigihugu ,birababaje pe ,ubwo se Tom Rwagasana na Sibomana babona barusha abanyarwanda bose bari muri ADEPR gukunda igihugu cyabo,,, ntabwo bazi ko harimo nabakirwaniriye bakakirasanira , ubu twese badufata ko turabanzi bigihugu ko tubona amakosa barimo gukora bikatuyobera, ubu amafaranga baka burigihe bayaka abayoboke babo kugitugu Umushumba utayatanze bakamwikiza ,ibintu byose byabaye agahato nta bwumvikane nabuke bukibaho, nyabuna turasaba ubuyobozi rwose gutabara bagahagarika aba bantu kuko nta ndanga gaciro za gikristo bafite nankeya.
yesu niwe wavuze ko igiti kitera imbuto nziza,gitemwa kikajugunywa mu muriro.none imbuto abayobozi ba ADPR bari kwera nimbi.ubwo urumva ko uzi ubwenge yahita ava muriADPR agashaka inzira y’ukuri.kuko ntampumyi iyobora indi,niyabikora zose zagwa mumbwobo.
MATAYO 7:15-21
Ibyo byose,ntawe bikwiye kurangaza,ngo bitwibagize KO turi abagenzi bajya mw’ijuru.kuko itorero rifite nyiraryo,ibiriberamo byose arabizi,azi nibyo twe tutazi. nimureke twirinde gucumura duca imanza,niba ibiri kuvugisha benshi IMANA Ibyemera Izabikomeza bikomere.Aliko nibona bitayubahisha,niyo Izabyirangiriza.Jyewe kugeza Ubu ndumva ntacyo ndabona gikwiye kubuza umugenzi ujya mw’ijuru by’ukuri kwikomereza urugendo. Abagenzi nimukomere dukomeze. kd ababona bikomeye namwe, Umwami wacu azi intege nke za nyu,ntizabura kubarengera.Inama nugusenga twirinda cyaneee kuko igifite itangiriro kigira n’iherezo.ibi nabyo bizashira.kuko sizo ntambara zambere itorero rigize.IMANA ibarinde
Ibyo byose,ntawe bikwiye kurangaza,ngo bitwibagize KO turi abagenzi bajya mw’ijuru.kuko itorero rifite nyiraryo,ibiriberamo byose arabizi,azi nibyo twe tutazi. nimureke twirinde gucumura duca imanza,niba ibiri kuvugisha benshi IMANA Ibyemera Izabikomeza bikomere.Aliko nibona bitayubahisha,niyo Izabyirangiriza.Jyewe kugeza Ubu ndumva ntacyo ndabona gikwiye kubuza umugenzi ujya mw’ijuru by’ukuri kwikomereza urugendo. Abagenzi nimukomere dukomeze. kd ababona bikomeye namwe, Umwami wacu azi intege nke za nyu,ntizabura kubarengera.Inama nugusenga twirinda cyaneee kuko igifite itangiriro kigira n’iherezo.ibi nabyo bizashira.kuko sizo ntambara zambere itorero rigize.IMANA ibarinde
Muribeshya Icyo nzicyo Uwiteka abereye maso umurimo we ako kavuyo muteza mu nzu y’Imana muzabona icyo bizababyarira murabona uburyo mutukisha izina ry’Imana kubwo gushaka ibyubahiro bitampaye agaciro mwagiye muri politic mukava mur itorero kuk nubundi mwebwe ndabona mutaranyuze mu marembo ahubwo mwuriye inkike abant nkamwe kweli birababaje
"IMANA N’IMWE KIRIZIYA N’IMWE (GATULIKA) UKWEMERA KUMWE BATISIMU N’IMWE" babigize business ntambuto bera MANA TABARA
"IMANA N’IMWE KIRIZIYA N’IMWE (GATULIKA) UKWEMERA KUMWE BATISIMU N’IMWE" babigize business ntambuto bera MANA TABARA
mureke abanyeroma bibereho mu mutuzo ; ziriya ngo bafite nizo zibatera kwifuza birutwa no kudashaka abagore rero
mureke abanyeroma bibereho mu mutuzo ; ziriya ngo bafite nizo zibatera kwifuza birutwa no kudashaka abagore rero
Iriya bombori nimwe mubimenyetso rya AMADINI yikinyoma
nibareke buri toréro aho ryubatse ryijyenge,nubundi nitwe twirya tukimara muri byose
YEWE YESU YARAVUZE NGO MUZABAMENYERA KUMBUTO BERA.NONE RWOSE
IMBUTO ZABO TURI KUZIBONA IMBONA NKUBONE.KANDI YESU YARAVUZE NGO IGITI KITERA IMBUTO NZIZA KIRATEMWA KIKAJUGUNWA MU MURIRO.UBWO RERO NUKUVA MURI ADPR MATAYO 7 ;17-21
UWAMENYERA AHO MUSENYERI ATANIYE NA PASITERI MU MIKORERE NO MU NSHINGANO YAMBWIRA
IYABA ABAREGA BABIKORAGA KUBWUMUHATI NISHYAKA BAFITIYE UMURIMO W’IMANA BATABIKORERA NABO GUSHAKA KWIHIMURA KUBABAHAGARITSE. NABO UBAGIZE ABAYOBOZI NONE NTACYABABUZA KUGERA IKIRENGE MUCY’ABO BASIMBUYE. UBWO RERO NTA MPYISI NTA MASEGA. BOSE NI BAMWE NI BATUREKERE IMANA YACU NITORERO IBIBAZO RIFITE UWITEKA AZABIKEMURA AKORESHEJE ABO YITORANIRIJE. NIWE NYIRUMURIMO KANDI ARAWUHAGARARIYE. ABAKENEYE INDAMU Z’INDA ZABO BO TUZAGUMANA NABO KUGEZA CHRISTO AGARUTSE GUTWARA ITORERO. KANDI ABAKURURA IBISITAZA KUBWO BW’IMANA BAZABONA ISHYANO.
Ahaaaaa !ni ugusenga gusa,Imana igatabara umurimo wayo dore ko usigaye unakundwa na bake kuko nyirawo ari we usigaye awukunda by’ukuri.
Njyewe uko mbyumva Imana yacu ntijya ibura uko igira ngo isubize abana Bayo mwebwe mubasengere iyo mwijuru kandi muzasenge mwizeye nkuko Elie yasenze kumusozi niba dusenga iyo mwijuru koko izitamurura kandi kandi mbivuze mbishimangira niba hari umuntu wo mumiryango yabo ukurikira izi mbunga tubaho azababona ko bizabagaruka cyakora bajye bavuga bati benewacu badukururiye umuvumo kuko Imana ntago yabareka rwose ngo bagumye barye imitsi yabariya bakecuru bingorwa baburara babwirirwa iyo mwijuru izabahorera
Yewe Elishadaiiii !!!rengera itorero ryawe. Nshuti z’umusaraba mwihangane kdi mukomere murusheho kwegera data azatumenyesha ibyejo hazaza nkabanyetorero. ibindi mubiharire Imana kdi mwibukeko ibihe bigoye cyane umugenzi, mwicecekere ahubwo mureke duhamagare gatonda azaturengera. umugoroba mwiza wo kubana n’Iman
Amadini yatugize uturima twabo ntakundi byagenda.Ariko buhoro buhoro bizakemuks ubwoba nibushira.uzi ko amà dini ari nka company z’ubucuruzi bashinze ubundi tugahora tubasorera !
Yewe, ndumva ibyo muri ADEPR bikaze pee !!!!!!
Umuzaza Mpyisi aba ararikocoye ati ; Amadini yose ati ; ni aya Shitani. Umusaza tuba tumusamiye hejuru tuti ; Ceceka wa Gasaza we !! Erega niryo akomokamo ry’Abadivantiste nabo baba baramwihaye da ! None kugeza ubu nihagire umbwira idini risigaye ritarimo bombori bombori ishingiye ku mitungo n’Ibyubahiro ? Usibye Abahamya ba Yehova ?
Yemwe ibyaha byabantu nibyinci uko numva uwakoze icyaha muri reta yahanwa nkabandi hakoreshejwe amategeko yareta ariko kwimura itorero ntibikwiriye kuko buri wese ari nyamwigendaho bafite imigabane ibiri bahawe kujya bishyura iby’imana bakabiha imana n’ibyareta bakabiha reta.

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Bihorere bajye bakora ibihwanye n’ibyifuzo byabo bitwaje izina ry’imana ariko abo bose bafite ishyano umunsi nyiritorero birirwa biyitirira yaje kurijyana iwe.a satisfied soul loathes a honey comb but to the hungry soul a very better thing is sweet.