Mwirinde abajura babakora mu mifuka bitwaje Imana ko bashishikarira kubaka hotel ,television,radio kandi ayo mafaranga agomba kuva mu bakristo ko mudatekereza Ku bakene bari mu itorero ryanyu nkuko reta ibikora mu rwego rwo kubaka ubuzima bwabo bwejo hazaza ahubwo mwebwe nkaba mbona vision mufite ari ukubasahura ikindi iyo ufashe iyo budget ingana gutyo ukayigereranya nubuzima abayoboke Banyu bafite mubona Atari ukugora abantu no kunaniza abagenzi ? ikindi aho abayoboke Banyu batangiye amafaranga niyihe mishinga ibyara inyungu mwakoze keretse kuyaryaniramo buretse muzaba mureba icyo iriya hotel izakora ubwo izaba irigutanga umusaruro uhagije intambara izaba mu bayobozi b’adepr izaba irenze iyahuje Vietnam n’Amerika kuko ntibakiyoborwa. nijambo ry’Imana kuko Yesu ariwe muyobozi wabo ntibagirana urwango ahubwo umuyobozi wabo ni ifaranga bakristo Yesu yazanywe no kubaka imitima yacu ayubakisha ijambo yihishijwe n’Imana kugira NGO nituryumvira tuzage kubana nawe mu mazu atarubatswe nabantu mu ijuru kandi yesu yaje intego afite ari ukudutandukanya nisi adukundisha ijuru iyi ntego ninayi intumwa zakoreyeho ndetse nabakristo bambere bemeye guhorwa ijambo ry’Imana nicyo cyatumaga umwuka wera abazaho akabatindaho ariko abapasteur benshi miri iyi Minsi bo cyabo ni amafaranga mbese so aba Yesu ahubwo Nabisi reri bakristo mube maso mumenye ubwenge amafaranga yanyu muyakoreshe mubibafitiye inyungu kuko into barikubaka mu mafaranga urigutanga umusaruro uzabivamo uzaribwa nabapasteur nabana babo naho wowe abawe barikwicwa nibibazo mukanguke rero
meme urantangaje pe ngo izo ndimi in izihe ko uduhaye urutonde ruto se indimi ziri kwisi zirenga 8.000 none uvuze 5 gusa bigaragara ko ukeneye kumenya byinshi uzasome bible Ese wibwirako izavuzwe kuri pentekote (ibyak 2) bose bazumvaga reka da kuko hari abavuze ko basaze,basinze aribwo petero yababwiraga ati ntibasinze kuko hakiri kare kuburyo ,batari kuba basinze niyo bari kuba bazizindukiyemo (inzoga) inzandiko zandikiwe itorero ry’ikorinto uzabibonamo iby’indimi
Mwebwe mupinga muribeshya. Icyo turi neza ni uko iyatangiye umurimo ari nayo izawusoza. Dushimiye Imana aho igejeje ikora tuyiragije nibiri imbere. Uyu mushinga ni mwiza, Imana ihe umugisha abafashamyumvire bacu kdi Yesu abashyigikire.
Ahaaa ADEPR ni toréro nemera nk iry umwuka ariko abahanuzi bo muri iyi minsi mubitondere KO batabona ibyaha bikorerwamo Imana yararebye ibona télévision na radio aribyo byihutirwa nibarebe ubugingo ibindi bazabyongererwa
ADPR karibu ariko murebe neza kuko mufite abakene beshi kandi bakeneye inkunga, ikindi kandi igihe tugezemo ese nicyo gushinga Radio na Television. ahaaaa
ADPR karibu ariko murebe neza kuko mufite abakene beshi kandi bakeneye inkunga, ikindi kandi igihe tugezemo ese nicyo gushinga Radio na Television. ahaaaa
murishinga abacinya inkoro yahanuye nyine ngo bamwemere. ariko uwo we ntibazayamuce ubwo yayahanuye
Izo ndimi muzireke.Ni izacu abayoboke ba ADEPR, namwe muzifakire izanyu. Twe gufite umwuka wera,nta rindi torero Imana ishobora guha ubwo bubasha bwo kuvuga izo ndimi. Ni akumiro pee............
NJYE NDI UMUYOBOKE WA ADEPR KANDI NDA YEMERA ARIKO UREBYE UMUSHINGA W’INYUBAKO YA DOVE HOTEL IMBARAGA WATWAYE ABAKIRISITU KU MUDUGUDU BITYO NDASANGA ABAYOBOZI BACU BAKORA DESCENTE MU MA PARUWASI BAGASHIMIRA ABAGIZE URUHARI MURI IKI GIKORWA.
ICYIFUZO MFITE HARI INSENGERO ZARI ZARAHAGARITSE IBIKORWA BY’INYUBAKO KUBERA DOVE HOTEL UBU BARI KU NYAGIRWA ABAFASHA MYUMVIRE BARABIVUGAHO IKI KUGIRANGO HEJURU BITAZABA AMEN HASI SATANI YARAHAFASHE IKIBANZA ??????????
Mwebwe mupinga muribeshya. Icyo turi neza ni uko iyatangiye umurimo ari nayo izawusoza. Dushimiye Imana aho igejeje ikora tuyiragije nibiri imbere. Uyu mushinga ni mwiza, Imana ihe umugisha abafashamyumvire bacu kdi Yesu abashyigikire.
ndabishimye iryo ni iterambere ! Ariko se bararebye basanga ibyo aribyo by’ingenzi umuyoboke w ’idini ryabo akeneye mbere nambere ? ubuse bangahe barwara bagahera mu ngo babuze mutuelle de sante ? Kera ADEPER yarangwaga no gufashanya naho ubu babaye nk’abandi bose ! Imana idutabare !
keretse niba yeretswe uwo mushinga hanyuma bagahita bawigaho !! nibadasuzuma neza izonote zizahekenywa kuko numva ngoniyonyubako ntikiri iya ADEPER kdi mubayobozi ngoharimo amatiku atarakemuka !! ese izondimi niba hari ababa bazumva bagiye bahita bazisobanurira abatazumva ?!!!
keretse niba yeretswe uwo mushinga hanyuma bagahita bawigaho !! nibadasuzuma neza izonote zizahekenywa kuko numva ngoniyonyubako ntikiri iya ADEPER kdi mubayobozi ngoharimo amatiku atarakemuka !! ese izondimi niba hari ababa bazumva bagiye bahita bazisobanurira abatazumva ?!!!
Ver funny.
Ver funny.
nge ndibariza abapinga,niba Imana Yatanze Umwuka Wera Kuntumwa Zikavuga Mundimi, Zigahanura Nkabaza Niba Yarahagaritse Gukora Kuburyo Ubu Itabikorera Abayizera ?Kdi Nkabakangurira Gusoma Bible Kko Handitswe "Ibyaha Byose Birababarirwa Ariko Icyo Gutuka Mwuka Wera Ntikibabarirwa".Nti Mugapinge.
ADEPR iyobowe n’umwuka ifite abafashamyumvire !hasigaye abahwituzi na dasso bikuzura.
Ubwa Gamaliyeli twirinde tutagaragara ko turwanya Imana. Ywishimire ko habaho iterambere kdi bitanatinze mu mezi 2 gusa ? Si igitangaza se ?!!! Ahubwo dusengere kubigiramo uruhare ibindi Imana izabyimenyera niba yanahamije ko birangira mu mezi 2 gusa.Amen
Abafashamyumvire mà » idini ry’umwuka !hasigaye abahwituzi na Dasso ngo byuture !
Imana izi ubwenge, wowe uvuga ngo izo ndimi n’izihe ,nagirango mutangarize ko iyo Imana ishaka ko abantu bose bakizwa yari kuba ibafashe ku ngufu,noneho rero iyo Ishaka ko abantu bose bumva ururimi nabyo ntibyari kuyinanira ahubwo buri wese " ahabwa n’uwo Mwuka guhanura,.......no kuvuga ururimi rutamenyekana, uzasome bibiliya neza uzabisanga mu nzandiko Pawulo yandikiye abanya korinto " wabipinga ,utabipinga ntibyabuza Imana gukora.
Byiza Cyane IMANA Nziko Ishobora byose iyo Radio na Television Iziko bikenewe nabyo tuzabigeraho kandi Kuba inyubako imeze kuriya yaruzuye ibyo bindi sibyo bizananirana. Ahubyo IMNANA ibihe umugisha kd mwe muhakana ko IMANA itavuga Muribeshya.
ariko izondimi zifata abayoboke ba Adeper gusa
Ahahaha
Ntibyoroshye pe. Ariko nibagerageze naho kubihanura byo kwari ugushimangira uyu mushinga bigagaho
Ni byo Imana iravuga turabizi turanabyemera .ariko hagowe uvuga ko Imana yavuze itavuze .umushinga barikwiga ni mwiza ni niterambere kuri adper ndetse ni gihugu.ariko bige neza no kubazahagararira uwo mushinga amafranga atazatangwa ..
njye sinemera izo ndimi ibintu avuga bitumvwa na buri wese nibiki ? yuzura umwuka ? umuhanuzi utabeshya ni bible niyo tugomba kwizera gusa naho uwonguwo yagushije kubyifuzo bye cg ibyo yumvise biri mumishinga yo gukorwa
Izo ndimi yavuzemo ni izihe. No icyongereza, igifaransa, icyarabu, ilingala, amashi, urunyankole,......
Abazumvise mutubwire ibyo mwe mwumvise.
Izo ndimi yavuzemo ni izihe. No icyongereza, igifaransa, icyarabu, ilingala, amashi, urunyankole,......
Abazumvise mutubwire ibyo mwe mwumvise.


Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
njye nabuze icyo mvuga pe ! ubu nibaza ibintu byose abantu bavuga nibyo bakora niba imitima yabo ibahamiriza ko ari Imana bakorera cg ari bo ubwabo bikorera. nanjye ndi umukristo wa adepr but nkurikije igihe nahamagariwemo abantu bamaze gucuya.!