ninde wampa address y’i kuzimu ? numero yanjye Ni 0733745096. ndashaka kujyayo mumfashe
gitwaza NI umugabo wabaye umuhanga cyane afite ubwenge bwiyi si iyo abonye abafite mumutwe hadakomeye umugabo umugore aho kubaka gitwaza arabatanya, Bose bitwaje gukorera imana, abantu nibashishoze bakure mumutwe, kuko abanyamadini bamwe babaye abanyendambi,
he he birasekeje ESE umuntu ahatiriza ko bamwimika ?ESE gitwaza niba afire imbaraga z’imana kuki atabanje gusenga ?haa gitwaza arabeshya
ahwiiiii !! birasekeje kdi biranababaje ngoyarahatrije ! niba barabonagako atabikwiyese iyobanga yari kubarasa ? kdi se umugorewe bapfiki gikomeye kuburyo bagomba gutandukana ? bakwiye gusengerwa bose kugirango babashe kwera imbuto zikwiriye abihannye byukuri. ariko hagataho babe bambuwe ayo makamba bahawe babanze bumvikane.
ahwiiiii !! birasekeje kdi biranababaje ngoyarahatrije ! niba barabonagako atabikwiyese iyobanga yari kubarasa ? kdi se umugorewe bapfiki gikomeye kuburyo bagomba gutandukana ? bakwiye gusengerwa bose kugirango babashe kwera imbuto zikwiriye abihannye byukuri. ariko hagataho babe bambuwe ayo makamba bahawe babanze bumvikane.
Bose Ni Abatekamutwe ! Kandi Birabakijije Bibagize Abaherwe...Ngo Impamyabumenyi Y’ikirenga Muri Tewoloji ! Iyo Mpamyabumenyi Se Iriho Sinya Na Kashe(stamp)bya Yesu ? Cyangwa Ni Iby’Undi Muntu ! Uwasinye Iyo Mpamyabumenyi Niwe Mukorera Kandi Muragaragaza Kamere Nk’iye Kuko Ari Umutware W’isi (2Abakorinto4:4 ;1Yohana5:19) Uwo Ntiyifuza Ko Imiryango Ibana Mu Byishimo.None Murasohoza Umugambi We !
Ntibitangaje rwose Pawulo YARANDITSE NGO Mu minsi y,imperuka abantu baziziba amatwi ngo batumva ukuri bazigwiriza inyigisho zihuye n,irari ryabo nawe se Umuntu utazi gutegeka abo mu rugo rwe aba Apotre ate ? gusa amadini ari hanze aha ni ikibazo.
erega abiyita abakozi bimana bazagaragazwa nimbuto bera
Yewe mureke iyumugabo ngoni iburahimu umwakuwamukurikiranye acyivuka ngaho Gitwazawe ararengana ahubwo kuberako yahatirije niyompamvu yabaye igicamuke arabeshya numugore wimikwaga kukowe agiye itorero kandi umugabo ntaryafite
Yewe mureke iyumugabo ngoni iburahimu umwakuwamukurikiranye acyivuka ngaho Gitwazawe ararengana ahubwo kuberako yahatirije niyompamvu yabaye igicamuke arabeshya numugore wimikwaga kukowe agiye itorero kandi umugabo ntaryafite
Mureke turondere Yesu kristo kuko niwe adahinduka,kandi atihenda ivyabaye kuri Apotre Liliane na Ibrahim uko biri kwose ikibazo kinini kibarimo bonyene ubwabo kuko namwe murabizi haribiba mumuntu imbere Pasteur canke mwarimu batobasha kumenya ,kiretse Yesu wenyene mwibuke na Yesu ko yarekeye Yuda muntumwa kndi yarabona ubuhemu bwari muriwe,ego basi ribaye arikosa ryuwabahezagiye Apotre Gitwaza nkuko muvyiyumvira kuk navyo bibaho umuntu (un etre humain)birashika akihenda nibisanzwe,twebweho nkabakristo twumvise ivyabaye kuraba benedata Apotre Liliane na Ibrahim ntitunabasengere ngo tunasengere ningo zabashakanye,tukagwiza comments mwibaza ko natwe atamakosa dufise ?muzansubize ndi ALexis ngendakumana
Mureke turondere Yesu kristo kuko niwe adahinduka,kandi atihenda ivyabaye kuri Apotre Liliane na Ibrahim uko biri kwose ikibazo kinini kibarimo bonyene ubwabo kuko namwe murabizi haribiba mumuntu imbere Pasteur canke mwarimu batobasha kumenya ,kiretse Yesu wenyene mwibuke na Yesu ko yarekeye Yuda muntumwa kndi yarabona ubuhemu bwari muriwe,ego basi ribaye arikosa ryuwabahezagiye Apotre Gitwaza nkuko muvyiyumvira kuk navyo bibaho umuntu (un etre humain)birashika akihenda nibisanzwe,twebweho nkabakristo twumvise ivyabaye kuraba benedata Apotre Liliane na Ibrahim ntitunabasengere ngo tunasengere ningo zabashakanye,tukagwiza comments mwibaza ko natwe atamakosa dufise ?muzansubize ndi ALexis ngendakumana


Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
ninde wampa address y’i kuzimu ? numero yanjye Ni 0733745096. ndashaka kujyayo mumfashe