Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu, yemeje impinduka zikomeye mu mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Coronavirusi. Muri ayo harimo kuba yemeje ko amashuri azafungura mu gihe cya vuba.
Mu bindi harimo kuba ingendo zihuza Intara n’Umujyi wa Kigali mu buryo bwa rusange zimewe. N’iziva i Rusizi cyangwa zijyayo zakomorewe. Ikindi kandi isaha abantu bagomba kuba bageze mu ngo ni saa yine z’ijoro.
REBA IBYEMEZO BYOSE BY’INAMA Y’ABAMINISITIRI HANO :