AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Leta y’ u Rwanda yahagaritse inama n’ ubukangurambaga bikorwa mu masaha ya mu gitondo

Leta y’ u Rwanda yahagaritse inama n’ ubukangurambaga bikorwa mu masaha ya mu gitondo
15-10-2019 saa 09:43' | By Nsanzimana Ernest | Yasomwe n'abantu 2547 | Ibitekerezo

Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu yasabye abayobozi b’ inzego z’ ibanze n’ abandi bantu bategura ibikorwa by’ inama cyangwa ubukangurambaga mu masaha ya mu gitondo kubihagarika.

Itangazo ryashyizeho umukono Minisitiri w’ ubutegetsi bw’ igihugu Prof Shyaka Anastase rivuga ko impamvu inama n’ ubukangurambaga byo mu masaha ya mu gitondo byahagaritswe ari uko bibuza abaturage gukora akazi kabo kandi bari mu gihe cy’ ihinga.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA