Indwara ya Diyabeti ni imwe mu ndwara zihangayikisha abazirwaye dore ko nta n’umuti uhamye uyivura burundu. Iyi ndwara ifata umuntu, iyo impindura yahagaritse kuvubura umusemburo wa insulin, ariko hakaba n’ubwo diyabete ishobora gufata umuntu bitewe n’uko umubiri wananiwe gukoresha umusemburo wa insulin nk’uko bikwiye.
Iyi ndwara akenshi itera ingaruka nyinshi harimo ubuhumyi, intege nkeya z’umubiri, kurwara kw’impyiko, indwara z’umutima, umuvuduko w’amaraso udasanzwe, kwangirika kw’imitsi n’uburemba ku bagabo n’abahungu.
Amababi y’imyembe yakoreshejwe kenshi n’Abashinwa bo hambere, mu kuvura asima na diyabete. Ibi bibabi bikaba byuzuye ibintu by’ingirakamaro nka acide caffeic, mangaferin, flavonoids, acide gallic byagufasha mu guhashya diyabete.
Hano tugiye kukwereka uko wakwifashisha ibibabi by’imyembe bikagufasha kugabanya ubukana bw’iyi ndwara :
Ibisabwa :
Uko bikorwa :
Uretse kandi kurwanya diyabete bizanafasha :
Ese waba uzi undi miti myimerere yagufasha guhangana n’iyi ndwara ?
Ni byiza kwirinda iyi ndwara kuko bishoboka, gusa birashoboka ko waba waramaze kurwara, kandi ikaba yaranakuzengereje. Ubu habonetse imiti myinshi myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka:FDA:Food and Drug Administration,n’ibindi). Iyo miti rero ikaba ifasha uturemangingo tw’impindura gukora neza bigatuma wa musemburo wa Insulin utangwa neza, isukari ikajya kuri gahunda, kandi igatuma Diyabete itangiza ibindi bice by’umubiri. Muri iyo miti twavugamo nka:Glucoblock capsule,Balsam pear tea (Plant insulin),Chitosan capsule,..............Nta ngaruka igira kuko ikoze mu bimera.
Uramutse ukeneye iyi miti y’umwimerere wahamagara kuri numero 0789433795/0726355630 cyangwa ukagana aho Horaho Life ikorera mu mujyi wa Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura muri etaji ya 3 mu muryango wa 301 na 302. Ushobora no gusura urubuga rwabo ari rwo www.horahoclinic.rw