Ni kenshi iyo uganiriye n’umuntu ashobora kukubwira ko ashobora kumara ukwezi adakoze imibonano mpuzabitsina n’uwo bashakanye kuko yumva nta bushake yumva afite. Ibi nibyo bita FRIGIDITY ku bagore. Igikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina cyangwa se gutera akabariro nk’uko bamwe babyita ku bashakanye, nicyo gikorwa cy’ibanze kibahuza ndetse kigashimangira ubusabane n’umunezero baba bafitanye bityo bagakomeza kunga ubumwe no kuryoherwa n’ubuzima. Kubura ubushake, binatuma umubiri w’umugore utagira amatembabuzi azana ububobere mu gihe cyo gutera akabariro.
Iyo iki gikorwa nyamukuru gihuza abashakanye kitagenze neza bitera umwiryane ndetse n’ubwumvikane bucye mu rugo bikaba byavamo no gucana inyuma ndetse no gutandukana. Muri iyi nkuru tugiye gusobanukirwa byinshi kuri iki kibazo ndetse n’igisubizo kuri iki kibazo.
Ese iki kibazo cyaba giterwa n’iki ?
Iki kibazo gikunze kugaragara kenshi ku bagore bakuze (Bacuze cyangwa bari hafi gucura), ibi ahanini bigaterwa n’imisemburo bita ESTROGEN iba itangiye kugabanuka cyangwa se yaragabanutse mu mubiri wabo, bigatuma umugore yumva nta mibonano mpuzabitsina ashaka. Gusa n’abakiri bato bataragera mu gihe cyo gucura nabo bashobora kugira iki kibazo.
Izindi mpamvu zishobora kubitera harimo :
Dore ibyo ugomba kwirinda niba ufite iki kibazo :
Ibi biribwa bikurikira ni ingenzi niba utagira ubushake :
Ese wari uzi ko igisubizo kirambye cyabonetse kuri iki kibazo ?
Ni byiza gukurikiza inama twababwiye hejuru kugirango uhanagane n’iki kibazo, gusa nanone hari uba waragerageje bikanga. Ubu rero habonetse imiti ikoze mu bimera ituma ya misemburo iba yaragabanutse yiyongera mu mubiri bityo umubiri ugakanguka ubushake bukaboneka gutera akabariro bikagenda neza nta kibazo. Iyo ubushatse bwabaye bwinshi, n’ububobere buhita bwiyongera bityo abatera akabariro bombi bakaryoherwa.
Jean Claude Habimana, ni umuvuzi gakondo ukorera ku Muhima mu mujyi wa Kigali imbere y’aho Tigo yakoreraga, aho afite ivuriro ryitwa "Ubuzima buzira umuze". Amaze igihe kirekire avura indwara zijyanye n’ubuzima bw’imyororokere kandi akaba yaragize uruhare mu kubaka ingo nyinshi zari zigeze mu marembera nk’uko abyivugira, ibyo akaba yarabigezeho akoresheje ubujyanama n’imiti aha abagore ikabafasha kubona ububobere n’amavangingo ahagije mu gihe cyo gutera akabariro, ariko n’abagabo akabaha imiti ituma imyanya myibarukiro yabo ikora neza bakabasha gushimisha abagore babo no kubafasha kugera ku byishimo bya nyuma muri icyo gikorwa.
Uyu muvuzi avuga ko abamugana bose babona ibisubizo byongera kuzana umunezero mu ngo zabo, bityo agasaba abafite ibyo bibazo kugana ivuriro rye no kumugisha inama nk’abashakanye, aho bashobora kumusanga mu nyubako akoreramo ku Muhima imbere neza y’ahahoze TIGO cyangwa bakamuhamagara kuri telefone igendanwa 0788795500.