niko mbabaze wariye neza ,ukambara neza , ukarara heza, udahangayitse wabuzwa niki kuba mwiza ntawe bitabera ndabona atarusha ubwiza Diane na murumuna we
uzabe infpura nka papa wawe
Ariko ko bajya bavuga ko aba bana ba muzehe ngo ni abaswa bateye ubwoba nibyo ? Bose ngo amashuri yarabananiye.
iminsi yose iyo mbonye Ange mpita mbona Mama we rwose wagize uburere bwiza wakomoye ku babyeyi bawe ntawe utagukunda uri urugero rw’abakobwa b’ababanyarwandakazi Bravo Mama Ange warakoze gutanga uburere bubereye igihugu n’Imana irabishimira Ange ukomerezaho ntawe utagukunda pe uri imfura uri umwari urakabyara uzaheke uzahorane umugisha
HBD,tukuri inyuma mwana w’iRwanda.nkuko mu Rwanda umwana yiharika (gutangira udushinga)namwe icyi nicyo gihe cyo gutangira imishinga (ifitiye abagukunda:abanyarwanda akamaro).uzoroze abana n’ibigo by’amashuri n’amavuliro inkoko mu rwego rwo kurwanya imirire mibi.muzampemo akazi
HBD,tukuri inyuma mwana w’iRwanda.nkuko mu Rwanda umwana yiharika (gutangira udushinga)namwe icyi nicyo gihe cyo gutangira imishinga (ifitiye abagukunda:abanyarwanda akamaro).uzoroze abana n’ibigo by’amashuri n’amavuliro inkoko mu rwego rwo kurwanya imirire mibi.muzampemo akazi
Ibise mwamuvuzeho nti dusanzwe tubizi.! Nagizengo agiye ku rongorwa cg se afite boyfriend tutazi. Ahubwo mutubwire niba ajya abenga abahungu cg niba agihitamo mu inshuti ze.
Ese conditions ze ni izihe ? Ashaka umeze ate ?
Niyo nkuru dukeneye.
Naho ibi mwandika mumutaka gusa ntacyo bavuze.
ariko njye hari icyo nshaka kwibariza abo bakobwa aba ari kumwe nabo ni nshuti ze cg nabashinzwe ku murinda,kandi niyo yaba ari inshuti ndumva bitemewe ko yakora official ceremony ari kumwe ni nshuti ye.
Wamugani se yagira inshuti ndavuga Boyfriend, aratereteka se ? Ese akunze umusore hano mu Rwanda bamumuha ? Ibyo nabyo muzabicukumbure mutubwire kuko kuba mwiza ni mwiza pe !! Gusa arakabije kuba muremure bitera abasore ubwoba. Elle ferais une bonne Basketeuse !!!
HBD Ange. Ubwiza n’uburere nibyo bikuranga. Urahenze cyane. Kwifurije ibyiza byose cyane cyane wisdom from God.
ndamwemeye gusa muzamugire miss wa frica cg diane rwigara bose barasa
HBD our gal Ange. We love you
Happy Birthday ,komerazaho , kandi abandi bakobwa bakuboneho urugero rwiza , kuko uri umwari ubereye urwanda
Happy Birthday to you
Isabukuru nziza mukobwa mwiza imana igukuze kandi ikomeze ikurinde wowe numuryango wawe turabakunda cyaneee
Hbd ange kandi ubupfura ufite uzabuhorane
Uyu mwana ndabona ameze neza ! Ariko 1m93 nindende cyane ! Nanjye nubwo murushaho quelque cm, ariko kumukobwa ndumva bikabije ho gato.
Tukwifurije isabukurunziza anger Kagame uzahirwe mhribyose imanizagufashe tukwifurije umugisha wimana
Tukwifurije isabukurunziza anger Kagame uzahirwe mhribyose imanizagufashe tukwifurije umugisha wimana
Tukwifurije isabukurunziza anger Kagame uzahirwe mhribyose imanizagufashe tukwifurije umugisha wimana
umunsi mwiza mama, ukomeze ubwenge na Displine bishimisha ababyeyi nigihugu muri rusange
24 ni imyaka yo kubaka urugo.Urakuze rero rekera aho guhora ugenda iruhande rwa papa wawe kimwe na musaza wawe ugize 27 mutangire kuba abantu bakuru
Happy birth day dear Sister Ange !
Ufite ibigwi byiza Cyane ariko byose ubikomora ku babyeyi bawe Ku Intwari Mpinduramatwara Paul KAGAME " igitabo twanditse kirabigaragaza.
Icyo nkwifurije ni ugukomereza aho ukarushaho kugera ikirenge mu cyabo.
Happy birth day dear Sister Ange !
Ufite ibigwi byiza Cyane ariko byose ubikomora ku babyeyi bawe Ku Intwari Mpinduramatwara Paul KAGAME " igitabo twanditse kirabigaragaza.
Icyo nkwifurije ni ugukomereza aho ukarushaho kugera ikirenge mu cyabo.
Happy birth day dear Sister Ange !
Ufite ibigwi byiza Cyane ariko byose ubikomora ku babyeyi bawe Ku Intwari Mpinduramatwara Paul KAGAME " igitabo twanditse kirabigaragaza.
Icyo nkwifurije ni ugukomereza aho ukarushaho kugera ikirenge mu cyabo.
Kibobya cyangwa uwiyise kidobya......uri Kidobya koko..!!!!Izina niryo muntu !!!
Hbd to u Ange.njye uwampa no kugukoraho gusa byaba ari ibyagaciro kuri njye
ntagobyoroshye banubaku.
she is so beautiful .ndamukunda nuko ntaho namubona byibuze ngo ansuhuze. kugira umutima mwiza afite aho awukomora ,turagukunda na famille yawe
imana yagutatse kera .unsuhurize papa.
imana yagutatse kera .unsuhurize papa.
muravuga ubwiza se bwe murabuzi ?bizi umu type umuswera buriya sha.uwamumpa nange nkamukubita wenda ituru imwe gusa.kararyoshye biragaragara pe !!!!
muravuga ubwiza se bwe murabuzi ?bizi umu type umuswera buriya sha.uwamumpa nange nkamukubita wenda ituru imwe gusa.kararyoshye biragaragara pe !!!!
Nyakubahwa angel we mbanje kugusuhuza uraho ?ibyonavuga nibyinshi ariko ndabikubira mu ijambo rimwe umutima w’ubupfura n’ubutwari ufite uzawihorane.IMANA ikomeze uguhe umugisha.mboneyeho nogushimira ababyeyi bakwibarutse bakanagutoza umuco mwiza wokubana nabose,uzakomeze ubafateho urugero rwiza ntuzigere wibagirwa ubutwari bwabaranze,mpamya ntashidikanya ko ari intwari ku isi.Rurema azabampere umugisha w’ibihe byose.
Imana yagutatse kd iguha utaravuka Mukobwa mwiza komeza ube urugero rwiza kubari b’urwanda.
Nanjye nshimishwa nuwomwari uko aha agaciroburiwese kandiyitanga nibyo biranga umwarirero nukugira imbabazinubwenge ndanga mimerere yagaciro
Nanjye nshimishwa nuwomwari uko aha agaciroburiwese kandiyitanga nibyo biranga umwarirero nukugira imbabazinubwenge ndanga mimerere yagaciro
I wish I met you, I’m 14 and ur so cute
U really looking nice babe may God bless u inshuti yagye
HBD kuri Ange uri umunyamahirwe, IMANA izagufashe ndagukunda
Kuri iyi tariki kandi (8/9) twizihiza Ukuvuka kwa Bikira Mariya !
Ange Kagame. Uri mwiza ndabona waba miss Universe. HBD. Komeza utere imbere turagukunda kandi turagushyigikiye nk’Abanyarwanda
Ariko Mana yanjye uyu mukobwa ni mwiza pe !!!!Ararenze !!!!!!
Pour être belle, t’es la beauté incarnée, Ange : heureux anniversaire, jolie fille.
uzakomerezaho kandi amahirwe masa nanjyubaye role modols
wanjye
uzakomerezaho kandi amahirwe masa nanjyubaye role modols
wanjye
Isabukuru nziza Ange Kagame uri umukobwa wikitegererezo kubandi bakobwa mubwiza no kumyambaro Imana ikomeze ikurinde weho numuryango wawetegererezo
happy birth day ange ndagukunda kuko wicisha bigufi
Isabukuru nziza mukobwa mwiza Imana ikomeze ikurinde
isabukuru nziza mukobwa mwiza. komereza aho kandi uzatere ikirenge mucyababyeyi bawe.






























Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Ndamwifuriza kuzakurana ubunyangamugayo kugeza ku ndunduro akomeza kuzirikana ko ababyeyi be Imana yabaduhereyeho umugisha. Mushiki wacu nawe turakwifuriza kubera umugisha abo muzabana mu bizima bwose. Usabe Imana igufashe impumuro nziza ababyeyi bawe bakwije nawe azabe ari yo ukwiza na basaza bawe.
Turabakunda.