Indwara yo kwibagirwa (Amnesia) ikomeje kugenda ifata benshi, aho usanga hari abatibuka aho bashyize ibikoresho, abandi bakibagirwa gahunda bafitanye n’abandi, ibyo bavuze n’ibindi, nyamara ugasanga nta gikorwa kugirango hirindwe iyi ndwara ndetse ugasanga n’uyirwaye ntazi icyamufasha ngo abe yakira.
Ese indwara yo kwibagirwa iteye ite ?
Indwara yo kwibagirwa ni indwara yibasira ubwonko, akenshi bikambura ubwonko ubushobozi bwo kwibuka ibintu bimwe na bimwe byabaye mu gihe gito cyangwa bimaze igihe byarabaye, bikaba byanagira ingaruka ku wayirwaye mu gutekereza ahazaza he. Akenshi iterwa n’indwara zo mu mutwe,nk’ihahamuka, ihohoterwa, itotezwa cyangwa se igaterwa n’inzoga nyinshi n’ibiyobyabwenge byinshi umuntu yaba yafashe, ndetse ishobora no guterwa no gukoresha ubwonko cyane bukananirwa.
Ibimenyetso by’iyo ndwara :
Ese wayirinda ute ?
Abahanga mu buvuzi, babinyujije ku rubuga www.huffingtonpost.com, bashyize ahagaragara zimwe mu nama zishobora gufasha umuntu kurwanya iyo ndwara yo kwibagirwa. Muri zo twavugamo :
Ese wari uzi ko hari imiti myimerere ifasha ubwonko gukora neza ?
Birashoboka ko waba ufite ubu burwayi, nyamara warivuje bikanga. Ubu habonetse rero imiti myimerere ikoze mu bimera, kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga, ifasha ubwonko gukora neza, igatuma amaraso atembera neza, ndetse ikavura kwibagirwa. No ku bantu bagira akazi kabasaba gutekereza cyane, iyi miti ifasha ubwonko bwabo kutananirwa. Muri iyo miti twavugamo nka : Gingko biloba capsule, Soybean Lecithin Capsule, SuperCoQ10 capsule,…
Abantu baba bifuza kuyibona, bashobora kugana ivuriro Horaho Life rikorera i Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura muri etaji ya 3 ku muryango wa 301 na 302. Ku bindi bisobanuro wabahamagara kuri 0788698813 /0728698813. Ushobora no gusura website yabo www.horahoclinic.rw