Igifu ni rumwe mu ngingo zifitiye akamaro gakomeye umubiri wacu ; aho kigira umumaro mu igogorwa (gutunganya ibiryo) ry’ibiryo n’ibyo tunywa byose. Ni kimwe mu nyama zo mu nda, giherereye ku gice cy’iburyo munsi gato y’igicamakoma (diaphragm).
Abantu bose ntibagira igifu kingana, ingano igenda itandukana kuri buri wese. Mu bihe bisanzwe igifu gishobora kwakira hagati ya litiro 1 na 2 z’ibyo kurya ndetse n’ibyo kunywa uba wafashe. Igifu kandi kirakweduka kuburyo gishobora kwakira hagati ya litiro 3 kugeza kuri 4 z’ibyo kurya no kunywa waba wafata.
Ariko iyo gikwedutse cyane bitera ibibazo ; ni hamwe umuntu yumva yabyimbye inda rimwe na rimwe akarwara ikirungurira, kuko igifu kiba kiremerewe n’ibikirimo bituma kitabasha kubivanga neza ngo kibisye bityo bikomeze bigabanuke mu gifu, aribyo bita indigestion.
Ese iyi ndwara iterwa n’iki ?
Kugira udusebe ku gifu (ari byo bita gastric ulcers), biterwa ahanini n’ibi bikurikira :
Ese waba uzi ko hari imiti myimerere yagufasha gukira iyi ndwara ?
Hari igihe waba ufite ubu burwayi bwarakuzengereje, ariko ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka:FDA:Food and Drug Administration, n’ibindi). Iyo miti rero ikaba yica udukoko dutera utwo dusebe ndetse ikadukiza ,kuburyo iyo uyifashe uko wabibwiwe ukira ugasubira ku byo waryaga. Muri iyo miti twavugamo nka : Propolis plus capsule, Spirulina Capsule, Zinc tablet,……Iyi miti nta ngaruka igira ku wayikoresheje.
Iyo miti nta zindi ngaruka igira ku muntu wayikoresheje kuko ikoze mu bimera kandi ikaba ari umwimerere. Abantu baba bifuza kuyibona, bashobora kugana ivuriro Horaho Life rikorera i Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura muri etaji ya 3 ku muryango wa 301 na 302. Ku bindi bisobanuro wabahamagara kuri 0788698813 /0728698813. Ushobora no gusura website yabo www.horahoclinic.rw