Muri iki gihe indwara zitandukanye z’umutima zisigaye zibasira abatari bacye haba mu bihugu byateye imbere ndetse n’ibiri mu nzira y’amajyambere, ku buryo buri mwaka abantu batari bacye bapfa bazize indwara zibasira umutima hirya no hino ku isi. Ni byiza ko abantu bamenya uburyo bwo kwirinda ubu burwayi, nko gukora imyitozo ngororamubiri, kurwanya umubyibuho ukabije, kurya indyo iboneye kandi idakungahaye cyane ku binure, kwirinda inzoga n’itabi n’ibindi
Gusa ntitwakwirengagiza ko hari benshi barwaye indwara z’umutima zitandukanye, bibwira ko byabarangirangiranye. Ubu rero habonetse umuti mwimerere ukoze mu bimera uvura indwara zitandukanye z’umutima ndetse ukanarinda umutima ku bantu batari bawurwara.
Reka rero turebere hamwe ibijyanye n’umuti mwiza uvura umutima witwa Cardiopower capsule. Ese ni ibiki bigize uyu muti ?
Uyu muti ugizwe n’uruvange rw’ibimera bitandukanye, twavugamo nka Radix Salviae Miltiorrhizae Extractum, Radix Notoginseng Extractum, Rhizoma Chuanxiong Extractum, Radix Ginseng Extractum, Flos Carthami Extractum, Borneolum,...
Ese umumaro wawo ni uwuhe ?
Ese uyu muti wizewe gute ?
Uyu muti ukoreshwa ku ruhando mpuzamahanga, kandi ukozwe mu bimera, ufite ubuziranenge mpuzamahanga butangwa n’ibigo bikomeye ku isi, twavugamo nka FDA (Food and Drug Administration) n’ibindi. Nta mpungenge rero kuko nta ngaruka ugira ku buzima bw’uwawukoresheje. Ikindi cyiza cy’uyu muti w’umwimerere ni uko ushobora no kuwukoresha utarwaye, kugirango wirinde uburwayi butandukanye bushobora kwibasira umutima.
Abantu baba bifuza kubona uyu muti, bashobora kugana ivuriro Horaho Life rikorera i Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura muri etaji ya 3 ku muryango wa 301 na 302. Ku bindi bisobanuro wabahamagara kuri 0788698813 /0728698813. Ushobora no gusura website yabo www.horahoclinic.rw