AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 21 bafite coronavirus

Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 21 bafite coronavirus
2-07-2020 saa 21:02' | By Nsanzimana Ernest | Yasomwe n'abantu 1783 | Ibitekerezo

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa 2 Nyakanga mu Rwanda habonetse abarwayi 21 bafite covid-19.

Abo barwayi babonetse mu buryo bukurikira : Kigali:7, Ngoma:5, Rusizi:5, Kirehe:4.

Ibi byatumye umubare w’abamaze kwandura bose hamwe baba 1063, abakize biyongereyeho 13, baba 493. Abakirwaye ni 567.

Kugeza ubu abamaze guhitanwa na covid-19 mu Rwanda ni batatu.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA