Mama Komerezaho Ibyiza Birimbere Ntaho Imana Itagukura Ntanaho Itakugeza Abavuga Bareke Bivugire Ukobabyumva Icyonzineza Kandi Nemera Ntawakoreye Imana Uzikorera Amaboko Komeza Impanoyawe Ingororano Ziragutegereje Mama Ndishimye Arikokandi Ndababaye Nibutse Abafite Ibintu byabasagutse Ariko Ntamutima Ufasha Bigirira Komerezaho Impanoyawe Ifitwenabacye Kandi Igihekimwe Uzahabwa Ibiruta Ibyowarikubona Wicaye Muribiro. Ndagusabiye Imana Igutabare Kandi Izaguhe Iherezoryiza.Basomyikandi Nshutizanjye Ufite Umutima Utabarakandi Haricyo Ufite Ukowashoborakose Wafasha Uyumumama Wumugiraneza Twekumera Nkabavuzeko Ntabwenge Agira Imana Iduhe Umutima Ukunda
Mwe mwese mwagaye ubwitange bw’uyu Mu Mama Imana Ibababarire !.
uyu ni umuhamagaro udasazwe.
Turetse nibyo Iyo wumva Ba Gisa Rwigema, kuba baritanze suko bari babayeho nabi ; ahubwo barebye igikenewe bituma bashyira ubuzima bwabo Mukaga.None ubu turaririmba intsinzi.
ubutwari ni ugukora icyo abandi badashoboye.
cyane no neho mu murimo nkuyu.
kwa Muganga hariyo benshi baba babaye.
Nshimishijwe nuko uyu mu Mama yize iyo atiga muba muvuze ibirenze aha.
Imana niyo izabona icyo iguhemba.
Naho ibyubu buzima byo ...
Gufasha ni byiza ariko ijambo ry’Imana ridusaba no kumenya ubwenge kandi natwe dusoma iyi nkuru tugire ubushishozi.
Mubyukuri abana banjye ntivabindenganyiriza, ntago ari amaburakindi, kuko nabo ubwabo babonesha amaso yabo imigisha isumba kure akazi ! Tubonera hamwe ukuboko kw’Imana,nkiyo ntaheruka baransaba ngo naubireyo cyangwa se bakanshakira ibyo kubagemurira kugirango nkunde nsubire k umurimo .naho ibyo kwiga byo twizerako bazajyayo kuko ntagihindura umugambi w ’Imana, baziga !kandi nshimiye inkunga buriwese anteye, Imana ibahe umugisha ?
Imana iza gukubira inshuro ijana
mubyukuri nshimishijwe numuntu umeze gutya uyu mubyeyi akomeze umurimo w’imana kuko iyo mpano siyaburi wese kdi ari nibyo yize byose biragaragarako yabikoresheje mumpano ze ari ubuganga nivugabutumwa birigukora umurimo wimana nkuko matayo 5:1....... icyo gice havuga nukuri uyu mubyeyi arahirwa kdi akomeze umurimo gusa ubu biranshimishije sindi murwanda mwemereye inkunga yanjye nyuma y’amezi ane ingana na 50,000frws yo kumufasha muruwo murimo wubgitange kdi imana imuhe umugisha kdi bidatinze imana izamuhemba ibirushijeho mumumpere izi number ninza nzahita nyamuha 250788789656
Uyu mu mama nsanzwe muzi aho nakoraga Stage Kibagabaga rwose ibi nanjye ndabihamya yirirwagayo akora ibikorwa nk ibyo byose byo gufasha abarwayi buri musi yarahazindukiraga nkuje ku kazi ahemberwa akirirwa yoza abarwayi batagira kirwaza abaganga bamwe na bamwe koko bakamwita umutekamutwe ntangajwe no kumubona hano rwose ko yakomeje iki gikorwa kuko kuva icyo gihe hashize imyaka itanu !!lmana imuhe umugisha
Oya rwose namwe mujye mushyira mukuri,umuntu areka akazi afite abana mwarangiza ngo ni byiza,ntiyabafasha se anakora ubwo ibyo yagiye kwiga iyo akomeza ubuganga ntaba ari Dr nka musaza we,ubwose murumva atavunisha musaza we basigaranye ,nuko atari mwebwe biriho sha,nabana be ndibaza ko batishimiye kuburara nikubira uko bagira bakubaha umubyeyi nyine ariko yarakosheje rwose ,yagombaga kwiga akanafasha abaryayi ni byiza pe,ariko akanakora inshingano ze nk umubyeyi ubuse ko batiga bimaze iki oya rwose ntimugashime ibyo mutakora namwe .
Byanga Bikunze Uko Kugira Neza Ndagufite Ark Sindagushyira Mu Bikorwa 100% kubera amashuri,,,, mama ndagukundaaaaa kandi ndabizi ko nzajyera ikirenge mu cyawe kbs,,,
Uyu mubyeyi nari nsanzwe muzi bisanzwe ariko nkamubona mo umutima w’urukundo udasanzwe sinarinziko akora uyu murimo utashoborwa na buri wese uretse impano Imana yamwihereye komereza aho kandi uzahembwa nukuri
Uyu mubyeyi nari nsanzwe muzi bisanzwe ariko nkamubona mo umutima w’urukundo udasanzwe sinarinziko akora uyu murimo utashoborwa na buri wese uretse impano Imana yamwihereye komereza aho kandi uzahembwa nukuri
Rwose IMANA izabimuhere umugisha akiri mu isi kandi izanamuhe ubugingo buhoraho
Ndashaka gufatanya nawe
Abifuza numero y’uyu mugore, ni 0788215162
Phone ye ni 0788215162
Imana niyo ibimushoboza pe ! naho ubundi nta muntu wabyishoboza.Imana ikomeze ibane nawe
Mwaduha phone number ye ? rwose mugerageze muyitubonere.
Imana izamwiture iyo neza kalijana.

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Mana ushoborabyose urigitangaza njyewe narize bikomeye ariko sindijijwe nibyuwomubyeyi akora kuko afite iherezo ryiza Kandi ukorikiza ukagisangimbere ndijijwe nabandi basanze bafite umutima wujurukundo impuhwe ubugwaneza bataribazi aho babikoresha cg aho izomuhwe nubugwaneza bazishyikiriza nukuri nanjye nizubuganga nabitekereje mbonyimbabare muri 94, 95 ubwo nibajije aho nashyirizompuhwe zanjye mpitamo kwiga ubuganga mubyukuri mwishime murinyagasani turagukunda Kandi courage Mama mwiza