Iyo tuvuze ikawa, abayikunda bahita bumva uburyohe bwayo butangaje, nyamara n’ubwo bimeze gutyo ariko buriya mu ikawa habamo icyo bita Caffeine, iyi iyo yabaye nyinshi mu mubiri byangiza imikorere y’umubiri muri rusange, hahandi umuntu ashobora kubura ibitotsi ndetse bikaba byahungabanya imikorere myiza y’umutima. Ikawa zose siko ziba zifite Caffeine kuko ishobora kuvanwamo. Muri iyi nkuru tugiye kureba ikawa nziza bita GANODERMA COFFEE (Soluble coffee).
Ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko uramutse unywa iyi kawa, umubiri wawe uzunguka byinshi bikurikira :
Iyi kawa yizewe gute ?
Iyi kawa ikoreshwa ku ruhando mpuzamahanga,muri Aziya,amerika ndetse n’Uburayi.Iyi kawa ifite ubuziranenge mpuzamahanga butangwa n’ibigo bikomeye ku isi,aha twavuga nk’ikigo cy’abanyamerika gishinzwe ubuziranenge bw’imiti ndetse n’inyunganiramirire cyitwa FDA (Food and Drug Admnistration)’
Wayisanga hehe ?
Uramutse uyikeneye wayisanga aho HORAHO Life ikorera mu mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa Rubangura,Muri etaji ya 3 umuryango 302 na 301.Ushobora kubahamagara kuri numero 0788700952/0726355630 ndetse wanasura urubuga rwabo ari rwo www.horahoclinic.rw