Diyabete cyangwa indwara y’isukari (diabetes mellitus) ni indwara yibasira uburyo umubiri ukoresha isukari (isukari yo mu maraso izwi nka glucose), uyirwaye akaba agira isukari nyinshi mu maraso, bitewe n’uko impindura (pancreas) iba itakibasha kuvubura umusemburo wa Ensiline (Insulin) cyangwa se uturemangingo tw’umubiri tutumva neza uwo musemburo.
Mu mwaka ushize wa 2016, ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) bwemeje ko Abanyarwanda bagera kuri 3% (hafi 360.000) barwaye diyabeti ariko ko ababizi batarenga ibihumbi 25, kuko abenshi batajya bayisuzumisha, ndetse yanabafata bakavuga ko ari amarozi kugeza ubwo ishobora kuba yanabahitana.
Ubusanzwe habaho ubwoko butatu bwa diyabeti butandukanye, n’ubwo ubuzwi cyane ari 2 ;
Bimwe mu bimenyetso n’ibiyiranga :
Ese waba uzi imiti y’umwimeree itagira ingaruka yagufasha guhangana n’iyi ndwara ?
Ni byiza kwirinda iyi ndwara kuko bishoboka, gusa birashoboka ko waba waramaze kurwara iyi ndwara kandi ikaba yaranakuzengereje. Ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikabayizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka : FDA : Food and Drug Administration, n’ibindi). Iyo miti rero ikaba ifasha uturemangingo tw’impindura gukora neza bigatuma wa musemburo wa Ensiline utangwa neza, isukari ikajya kuri gahunda, kandi igatuma Diyabete itangiza ibindi bice by’umubiri. Muri iyo miti twavugamo nka : Glucoblock capsule, Balsam pear tea (Plant insulin), Chitosan capsule,..............Nta ngaruka igira kuko ikoze mu bimera.
Ku bifuza aho babona iyi miti y’umwimerere yizewe kandi yemewe yabafasha gukira burundu indwara ya diyabeti kimwe n’abashaka kuyirinda, bashobora kugana ivuriro Horaho Life rikorera i Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura muri etaji ya 3 ku muryango wa 301 na 302. Ku bindi bisobanuro wabahamagara kuri 0788698813 /0728698813. Ushobora no gusura website yabo www.horahoclinic.rw