Muri iki gihe abantu benshi usanga bataka ububabare mu ngingo cyane cyane mu mavi, ukabona umuntu guhina mu mavi ni ingorane, ubu burwayi bwo kubabara mu mavi bushobora guterwa n’impamvu nyinshi kandi bushobora kwibasira ingeri nyinshi z’abantu, yaba abagore, abagabo, abakuru cyangwa abato.
Mu byukuri ububabare bwo mu mavi ntabwo ari indwara ahubwo ni ikimenyetso cy’uburwayi butandukanye ufite mu mavi.
Ese ubu bubabare bwaba buterwa n’iki ?
Ni byinshi bishobora gutera umuntu kubabara mu mavi, ariko reka turebe bimwe muri byo :
Ese ni ibihe bimenyetso byakwereka ko amavi yawe atangiye kwangirika ?
Ese ni bande bakwibasirwa no kubabara mu mavi ?
Buri muntu wese yagira ibibazo by’amavi bitewe n’impamvu iba yabiteye, gusa hari abantu bashobora kwibasirwa cyane kurusha abandi. Muri bo twavuga :
Ese wari uzi ko hari ubufasha ?
Ni kenshi uzasanga umuntu arwaye indwara zo mu mavi, yarivuje bikanga cyangwa se imiti ikamugiraho ingaruka zitandukanye, ubu rero habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka:FDA:Food and Drug Administration, n’ibindi), ikaba rero ifasha gusana ibyangiritse mu mavi ndetse ikakurinda gukomeza kwangirika kw’amavi. Muri yo twavugamo nka : Joint health capsule, Calcium capsule, chitosan plus capsule, compound marrow powder, Twabibutsa ko iyi miti nta ngaruka igira ku mubiri kuko ikoze mu bimera.
Abantu baba bifuza kubona iyi miti, bashobora kugana ivuriro Horaho Life rikorera i Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura muri etaji ya 3 ku muryango wa 301 na 302. Ku bindi bisobanuro wabahamagara kuri 0788698813 /0728698813. Ushobora no gusura website yabo www.horahoclinic.rw