AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk
Ubuzima
Ngoma : Abagabo babiri baguwe gitumo barimo kubaga imbwa yo kurya kandi ngo si ubwa mbere Ngoma : Abagabo babiri baguwe gitumo barimo kubaga imbwa yo kurya kandi ngo si ubwa mbere

Aba bagabo bombi babonywe n’abaturanyi babo mu gihe bari barimo kubaga iyi mbwa mu rugo rw’uyu...

Abanyarwanda barwaye indwara zidakira bagiye kujya bavurirwa mu ngo zabo

Ibi byabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Werurwe 2017 mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro...

VIDEO : Ikiganiro n’abanyarwandakazi b’abatinganyi bibanira bateganya no gukora ubukwe

Ndayisaba Ferrand na Umuhoza Mucyo Rebecca bombi bakoze mu bijyanye n’itangazamakuru. Ndayisaba...

Kigali : Abakobwa babiri bemeranyijwe kurushinga bagakora ubukwe bakibanira Kigali : Abakobwa babiri bemeranyijwe kurushinga bagakora ubukwe bakibanira

Mu mpera z’iki cyumweru dusoje, nibwo ifoto yavugishije benshi yasakaye ku mbuga nkoranyambaga,...

Kigali : Umugore n’umugabo wakubise umwana we bikamuviramo gupfa bakatiwe gufungwa Kigali : Umugore n’umugabo wakubise umwana we bikamuviramo gupfa bakatiwe gufungwa

Uyu mwana w’umukobwa witwa Uwawe Agahozo Keilla, yakubitiwe kwa se umubyara Nuwe Elvis [yari...

Menya uburyo warinda imijyana y’amaraso bikakurinda indwara z’umutima zihitana benshi

Iyo ibinure cyangwa urugimbu ( cholesterol ) kimwe n’ibindi bintu by’amavuta bibaye byinshi mu...

Kirehe : Inkuba yakubise inka enye z’umuturage eshatu zihita zipfa Kirehe : Inkuba yakubise inka enye z’umuturage eshatu zihita zipfa

Mu Murenge wa Gatore, Akagali ka Rwantonde, Umudugudu wa Karembo, niho inkuba yakubise inka...

Hari abanyarwanda batumva ko gufata abana ku ngufu ari icyaha ndengakamere – Min. Venantie

Ibi Minisitiri Venantia yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuwa Gatanu tariki ya 03...

Menya ibijyanye n’uburwayi bw’umutwe w’uruhande rumwe, ibiwutera n’uko wahangana nabyo Menya ibijyanye n’uburwayi bw’umutwe w’uruhande rumwe, ibiwutera n’uko wahangana nabyo

Ese Migraine ni iki ? Umutwe w’uruhande rumwe cyangwa ’Migraine’ mu ndimi z’amahanga, ni indwara...

Sobanukirwa uburwayi ushobora kuba utari uzi bwibasira amavi akababara cyane

Mu byukuri ububabare bwo mu mavi ntabwo ari indwara ahubwo ni ikimenyetso cy’uburwayi...

Ibiciro bya esense na mazutu byazamutseho menshi, ibyo ku masoko nabyo bishoboka kwikuba Ibiciro bya esense na mazutu byazamutseho menshi, ibyo ku masoko nabyo bishoboka kwikuba

Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Urwego Ngenzuramikorere (RURA) kuri uyu wa...

Polisi yafashe umugore watorotse gereza ya 1930 nyuma yo gutwikisha aside inshuti magara

Tariki 12 Mutarama 2016, nibwo umugore witwa Dusabimana Eugenie yatwitse umukobwa wari inshuti...

Sobanukirwa ibyiza bya Massage n’ibyo ukwiye kwitondera ngo udashyira ubuzima mu kaga Sobanukirwa ibyiza bya Massage n’ibyo ukwiye kwitondera ngo udashyira ubuzima mu kaga

Ese massage ni iki ? Massage ni uburyo bwo gukandakanda, kwagaza no kugorora ingingo...

Menya uburyo wahangana n’indwara z’umutima zikomeje guhitana benshi kandi zica zitunguranye Menya uburyo wahangana n’indwara z’umutima zikomeje guhitana benshi kandi zica zitunguranye

Gusa ntitwakwirengagiza ko hari benshi barwaye indwara z’umutima zitandukanye, bibwira ko...

WASAC yongereye uduce two muri Kigali na Kamonyi tugomba kwitegura kubura amazi WASAC yongereye uduce two muri Kigali na Kamonyi tugomba kwitegura kubura amazi

Kuri uyu wa Gatatu tariki 22 Gashyantare 2017, ubuyobozi bukuru bwa WASAC bwashyize hanze...

Ibimenyetso simusiga byatuma umugabo abona ko arwaye ’Prostate’ n’uko yahita abyitwaramo

Prostate ishobora gufatwa n’indwara zitandukanye. Harimo zimwe muri mikorobe umugabo ashobora...

Gakenke : Yakoze impanuka bamaze gukora ubukwe none bibanira badatekereza gutera akabariro Gakenke : Yakoze impanuka bamaze gukora ubukwe none bibanira badatekereza gutera akabariro

Inkuru y’urukundo rw’uyu muryango ubarizwa mu karere ka Gakenke, yamenyekanye ubwo Royal FM...

WASAC igiye kuba ihagarikiye amazi uduce twinshi tw’umujyi wa Kigali

Kuri uyu wa Mbere tariki 20 Gashyantare 2017, ubuyobozi bukuru bwa WASAC bwashyize hanze...

Menya ububi bwa diyabeti ishobora no gutera ubuhumyi, umenye n’uko wahangana nayo Menya ububi bwa diyabeti ishobora no gutera ubuhumyi, umenye n’uko wahangana nayo

Muri iki gihe abantu benshi bazi neza indwara ya diyabeti, ariko si benshi bazi ubukana bwayo,...

Kayonza : Umugabo yafashwe asambana bamurihisha inka none ubu ararira ayo kwarika Kayonza : Umugabo yafashwe asambana bamurihisha inka none ubu ararira ayo kwarika

Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2017, nibwo uyu...

Menya uko wahangana n’indwara y’ubwandu bw’amaraso (Blood infection) ihitana benshi

Ese ubwandu bw’amaraso ni iki ? Buterwa n’iki ? Ubusanzwe tugira indwara nyinshi twandura zitewe...

Kigali : Bahawe udukingirizo ku bwinshi ngo batazandura SIDA kuri St Valentin - Amafoto Kigali : Bahawe udukingirizo ku bwinshi ngo batazandura SIDA kuri St Valentin - Amafoto

Kuri uyu wa Mbere tariki 13 Gashyantare 2017, umujyi wa Kigali ufatanyije n’umuryango AHF (AIDS...

Ibintu 10 ushobora kuba utari uzi ku bijyanye no gusomana

1. Gusomana cyane bishobora gufasha abantu kunanuka dore ko kumara umunota abantu basomana...

Sobanukirwa imiterere n’imyitwarire y’umuntu ukurikije ubwoko bw’amaraso (groupe) afite Sobanukirwa imiterere n’imyitwarire y’umuntu ukurikije ubwoko bw’amaraso (groupe) afite

Ibi tubikesha ubushakashatsi bw’inzobere mu by’ubuzima n’imitekerereze ya muntu, z’itsinda...

VIDEO : Agahinda ka Ntakirutimana umaze umwaka atabumba amaso kubera ubugome yakorewe VIDEO : Agahinda ka Ntakirutimana umaze umwaka atabumba amaso kubera ubugome yakorewe

Ntakirutimana Violette avuga ko Dusabimana Eugenie wamutwitse, yahoze ari inshuti ye magara,...

Umugabo wabyaye abana 18 ku bagore 12 ati ‘nabo bafite Perezida Kagame azabafasha’ Umugabo wabyaye abana 18 ku bagore 12 ati ‘nabo bafite Perezida Kagame azabafasha’

Uyu Bushagarira Theoneste atuye mu murenge wa Gahini mu karere ka Kayonza, muri uyu murenge...

Anisie Byukusenge ugiye kurangiza Kaminuza, ni umuhanga mu busizi n’ubwo atabona

Anisie Byukusenye yahuriye n’umunyamakuru wa Ukwezi.com, mu mugoroba w’abasizi wiswe “Kigali...

Menya byinshi ku ndwara z’umutima zihitana benshi kandi vuba, usobanukirwe n’uko wazirinda

Umutima ni inyama y’imbere mu gatuza, iherereye hagati y’ibihaha. Iyo nyama ikaba ingana hafi...

Sobanukirwa byinshi ku butinganyi mu Rwanda bwashinze imizi bufite n’amashyirahamwe Sobanukirwa byinshi ku butinganyi mu Rwanda bwashinze imizi bufite n’amashyirahamwe

Nk’uko byatambutse mu kiganiro "Inyanja twogamo" gikorwa na Gentil Gideon Ntirenganya kuri KT...

Menya byinshi ku ndwara yo kwibagirwa (Amnesia), ibiyitera n’uko wayirinda

Ese indwara yo kwibagirwa iteye ite ? Indwara yo kwibagirwa ni indwara yibasira ubwonko,...

Sobanukirwa ibijyanye n’indwara yo gususumira, ibiyitera, uko wayirinda n’uko wayivuza Sobanukirwa ibijyanye n’indwara yo gususumira, ibiyitera, uko wayirinda n’uko wayivuza

Iyi ndwara yibasira abantu b’ibitsina byombi, ikaba ikunze kugaragara ku bantu bari hagati...

Sobanukirwa uburwayi bwa porositate bwibasira imyanya myibarukiro y’abagabo Sobanukirwa uburwayi bwa porositate bwibasira imyanya myibarukiro y’abagabo

Porositate ishobora kurwara indwara zitadukanye. Harimo zimwe muri mikorobe umugabo ashobora...

Kigali : Umugore wari wabeshye umugabo ko agiye kubyara yafashwe yiba umwana mu bitaro

Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Mutarama 2017, nibwo Mukamana...

Mbuye : Mu birori biryoheye ijisho, imiryango 105 yasezeranye yiyemeza kuzabana akaramata Mbuye : Mu birori biryoheye ijisho, imiryango 105 yasezeranye yiyemeza kuzabana akaramata

Ni igikorwa cyabereye hafi y’ibiro by’uyu murenge wa Mbuye aho abahatuye bamenyereye nko mu...

IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA