Yewe mu ngo haba byinshi tukamenya bike. selemani yakoze igikorwa kiga yitse ariko na christine ntiyari shyashya, bombi bapfuye gipagani. ikizwi kdi ni uko selimani yareze abakobwa ba christine akabarihira amashuli christine akamenesha abana ba selimani bakanacikiriza amashuuli. ikizwi kandi kindi ni uko izo nzu nyamukobwa yagiye gukorera mo ubukwe bayiherukaga nyina atarashakana na selimani, ibyo ni ubukunguzi bari baramuriye baramuhenuye babonyeko amaze gukena banga .............
Gusa uko byagenda kose tutitaye kumakosa yabaye ibyo selemani yakoze ntibikwiye
Nyabuneka ntimukihute kuvuga cg guca urubanza kubyo mutazi neza nabo mutazi neza. Murakomeretsa ababuze umubyeyi, umuvandimwe, inshuti...Ubukwe bwabereye ku ivuko, munzu abana be bavukiyemo, bagakuriramo ariko nta mugabo uhari. Christine yari yarapfakaye abana be ari ibitambambuga. Yarabareze barakura wenyine. Selemani yababonye bafite hejuru y’imyaka 20. Uretse ko niyo aba yarabanye na Christine abana bakiri impinja numva atariyo mpamvu yo kumena amaraso. Kuvuga ko ariwe wareze abo bana nyuma nyina akajyana ubukwe kwa se ubabyara sibyo rwose. Christine, ruhukira mu mahoro. Muryango wa Christne mwihangane, mukomere twifatanyije namwe mu gahinda ko kubura uwanyu mu buryo nk’ubu. Selemani ndakugaye cyane.
uriya mugore yatimye selemane atekereza birenze igipimo bituma hazamo ubwicanyi gusa yatekereje hafi nitwihangane
Mugerageze mutange comentaire mutagira uwo mubabaza.kko murimo kudusonga.Ese abobana Selemani yareze bakanga ko ibirori byabo bibera iwe yababonye badakuze ?nta 1 yakiriye ari munsi ya22ans.ni umugome araduhekuye adutwaye umubyeyi twakundaga. Christine RIP .gusa ni ibimenyetso byimperuka.NB : NTABWO YASANZE UWO UWO MUGABO ASIZE UNDI.YARI YARAPFUYE KERA.Mwitondere ibyo mwandika rero birimo kudukomeretsa.
izi ni ingaruka zicyaha kuko ingaruka zicyaha ni urupfu, gusa turihanganisha umuryango basize
Uziko seleman ejo nari namubonye mu gitondo kumbi yarimo apanga kwica umugore weeeeeee,mbega isi gusa lMANA nitabare ingo zubatse kuko satani yarahagurutse
Selemani ni umugabo we wa mbere, kandi ubukwe bwarabaye le 15/11/2016. Bapfuye inkwano zuwo mukobwa wabo bashyingiye.
Uwo mugore yari yarasenyeye mugenzi we, njye ndabazi .yaraje amusohora mu rugo rwe arutahamo n’abana be , yaje buraya, ubuyobozi bwaramusohoraga bwagenda akagaruka yabaye akiziritse ku muhoro .undi ajya kwangara no guca incuro yari abanye neza n’umugabo we amutesha abana b’ibitambambuga. Shitani nayo ntikina. Musenge isi igeze aharenga.
Uwo mugabo nkeka atarubwambere yishe
Umuntu.niba umudame yarakoze ukora wenda akagendera kumaranga mutima yumukobwa we ntabwo yari kumwica.kuko urabona asa nkuwabiteguye ?none ko umwana yarafite se ahandi mwagirango abigenze gute ?hajemo ubwumvikane buke.gusa ibisubizo nticyari ukumutemagura nishoka.ngewe narinziko Christine yari umuganga murutobwe.imana imuhe iruhuko ridashira
Uwo mugabo nkeka atarubwambere yishe
Umuntu.niba umudame yarakoze ukora wenda akagendera kumaranga mutima yumukobwa we ntabwo yari kumwica.kuko urabona asa nkuwabiteguye ?none ko umwana yarafite se ahandi mwagirango abigenze gute ?hajemo ubwumvikane buke.gusa ibisubizo nticyari ukumutemagura nishoka.ngewe narinziko Christine yari umuganga murutobwe.imana imuhe iruhuko ridashira
uwo mugore niwe wabaye gashoza ntambara ariko uwo mugabo nawe yabaye ikigwari iyo abirukana bose
Selemani yari afite ukuri ariko ntiyagombaga kwica ! Ntacyo yungutse rwose usibye kujya mu muriro utazima.
Uyu mugore ni inkunguzi ! Ndetse n’umukobwa we ni uko ! Gusubira ku mugabo we wa mbere batanye akamara ukwezi !!!!!
Ntabwo arigikorwa kigayitse,ahubwo abagore bikingihe nibobazana ibara,none wasobanuraute ukuntu umugore yakwanga umugabo akazagushyingirizayoumwana we ?
Ntabwo arigikorwa kigayitse,ahubwo abagore bikingihe nibobazana ibara,none wasobanuraute ukuntu umugore yakwanga umugabo akazagushyingirizayoumwana we ?
niba selemani yarareze abo bana ubukwe rwose niho bwari kubera ntibwari Kubera kwa se, gusa selemani yakoze igikirwa cyigayitse cyo gukora ubwicanyi ubwose yungutse iki koko ?

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
ahaaa !birababaje Nina yarakiriye Ababa iyo bamureka akanacyuza ukwe selemani ihangane nubwo wacumuye.