ariko rwose ubugome abantu bamwe bagira bumva buzabageza kuki ? aba banyibukije ukuntu muminsi ishize umuntu yammpamagaye ati ko nshaka kubaka muruzitiro rwawe urabyemera cg ntubyemera ndaseka cyane ngirango ariganirira..ntihashize iminsi ngiye kureba ikibanza cyange aho ngifite nsanga koko yubatsemo. agahinda karanyica mbura icyo nkora mbajije abaturage nabo bati natwe nikuriya tumutunze nti se ni muntu ki ? ati yabaya umupolice akivamo none ni umumotari. none ndabona naba aribene wabo bafite ubugome butoshye pe !
rwose birenze kumva ,icyo nigikorwa cyubunyamaswa pe.
uyu mu jama ko mbona ari umjyambere kweli ibi bitekerezo biramugeza he ???? gsa babababarire nabo bigaye kbsa basabe imbabazi banatange indishyi kuko bakeneye kwegerwa kurusha guhanwa kuko si byumvikana kbsa .basuzumwe...........
ntabwo nemererwanywa haba IP KAYIGI cg KOFFY watanze comment. Kiriya ntabwo ari igikorwa cy’ubupfapfa.Non.I’m lawyer since 13 years, ariko kiriya ni icyaha utavuga ngo ni ubupfapfa.mwongere mutekereze irindi zina.
Ni igikorwa cy’ubupfapfa pe !!!! Imyitwarire nk’iyi ntiba ikwiriye igifungo kingana kuriya gusa. Uwabikize nyuma yo kurangiza igihano aba akwiye no kujya kwiga kubana neza muri society aho bigishiriza inzerezi kuko uyu nawe aba ari inzererezi mu mutwe. Ihene 33 16 zarizigiye kuvuka ubu nibazishyura kubera ubusazi niho bazumva...tuvaze nibura ihene ku mafrng 30.000frw bizagera muri 1.300.000frw mbega igihombo !!!!! abantu twari dukwiye guhindura imyumvire, tukubaka kubana mu mahoro
Ni igikorwa cy’ubupfapfa pe !!!! Imyitwarire nk’iyi ntiba ikwiriye igifungo kingana kuriya gusa. Uwabikize nyuma yo kurangiza igihano aba akwiye no kujya kwiga kubana neza muri society aho bigishiriza inzerezi kuko uyu nawe aba ari inzererezi mu mutwe. Ihene 33 16 zarizigiye kuvuka ubu nibazishyura kubera ubusazi niho bazumva...tuvaze nibura ihene ku mafrng 30.000frw bizagera muri 1.300.000frw mbega igihombo !!!!! abantu twari dukwiye guhindura imyumvire, tukubaka kubana mu mahoro

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
ibyo ntibikwiriye mumuco nyarwanda itegeko ribahana rizakurikizwe