Ukwezi.com turabashima cant ku maku
Ariko se ko ibyo muba mwatubwiye ko tubikora bikanga mwagiye mutubwira mwabanje gukora isuzuma kweri narwanye nabyo byananiye pe ndabishyiramo uko byanditse bikanga nkashyiramo uko nzibonyemo bikanga
Kuziyandukuzaho ntibikunda. Bazongere basuzume iyo systeme yo kwiyandukuzayo izo numero.
Kuziyandukuzaho ku bigo byitumanaho byose ntabwo biri gukunda mubabwire batworohereze twikureho iyi mitwaro !
Reba njywe mfiteho no. 18 kandi ntunga 3 zonyine
Kuziyandukuzaho biranga mutubarize ibigo by’itumanaho cyane cyane tigo na aitel
Ahubwo tuzafungwa abenshi tuzira abo tutazi none se nubundi niyo twazisiba ibi bisambo bizajya byongera bizibaruzeho ahubwo nibashyireho uburyo ntazawuzajya yibaruzaho numero itariye kuko rwose birashyira mukaga abantu benshi RURA ni idutabare
Ahubwo tuzafungwa abenshi tuzira abo tutazi none se nubundi niyo twazisiba ibi bisambo bizajya byongera bizibaruzeho ahubwo nibashyireho uburyo ntazawuzajya yibaruzaho numero itariye kuko rwose birashyira mukaga abantu benshi RURA ni idutabare
Ngewe nasanze hari numero zirenga 30 ntazi ntigeze nanakoresha ahubwo ikibazomfite nuko nubu nkizibona kandi naragerageje kuziyandukuza ho niba hari ubundi buryo mwatubwira tks.
Ngewe nasanze hari numero zirenga 30 ntazi ntigeze nanakoresha ahubwo ikibazomfite nuko nubu nkizibona kandi naragerageje kuziyandukuza ho niba hari ubundi buryo mwatubwira tks.
Jyewe ntunguwe no gusamga hari numero eshatu za Airtel zinyanditseho ntazizi
Murakoze cyane kuriyi nkuru abenshi.ntitwajyaga tubyitaho. Igitangaje nuko turi benshi basanze baranditsweho numeros tutigeze dutunga, none rero mudukorere ubuvugizi tuzisibishe kuko iriya system ntirimo gukora barebe icyakorwa
muturangire ahotwakura iyomiti ituma abakobwa bongera kuba amasugi. muraba mukoze.
Kwiyandikuzaho numéro ntibikunda KD usanga wanditsweho izo utigeze utunga.
Nange byanze gukunda.
kwiyandikuzaho ko byanga ?
Kwiyandukuzaho nimero ntabwo bikunda.
turashimira polisi ko idahwema kugira abaturage uko barushaho kwicungira umutekano wabo nibyabo kandi nibyiza ko tuba maso kuko abateka mutwe baragwiriye
turashimira polisi ko idahwema kugira abaturage uko barushaho kwicungira umutekano wabo nibyabo kandi nibyiza ko tuba maso kuko abateka mutwe baragwiriye
Njyewe uko mbyumva nukwirinda tukareba kure twirinda abateka mutwe bikigihe kuko baragwiriye gusa njye ntibirambaho abo byabayeho bihangane pee !
Njye banyanditseho numero zirenga 40 iyo mbikoze biranga.
Njye banyanditseho numero zirenga 40 iyo mbikoze biranga.
Yebabawe nsanze nanditseho numero 5 za aitel kandi ntarigeze ntunga aitel none ko kuzivanishaho byanze gukunda.
hriyo banyanditseho ntazi ndayihamagra nkumva isa nitaragera kuri network nayiyandukuzaho bikanga
Murakoze Kuduha Iyi Nkuru Nanjye Byambayeho Ahubwo Tugomba Kwirinda Abatekamitwe

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
mana weeee nge birandenze nimero umunani nfite eshatu/ abo mukwezi.com mutubarize impanvu bidakunda kuzikuraho please dor byanze