birakabije kdi biteye nagahinda gakabije gs nyagasani amwakire mubayo kdi amuhe iruhuko ridashira
Ibi ntibyahakwiye mu Rwanda rwacu. Kuko mu Rwanda twabaye indashyikirwa
Uhagarariye ingabo akomeje atangaza ko uyu mwana ariwe wiyahuye.
Byusa Imana iguhe iruhuko ridashira tuzahora tukwibuka forever and ever.
Mana uyu mwana nubwo tutazi impamvu yabayeho ariko umwakire kd ntibigarukire aha kuko aka ni akagambane kabi biteye isoni nagahinda imitima ya kinyamaswa icike burundu kd umuryango we wihangane
ibyo ntibyumvikana byose biri mukigo yigagaho kuko ntamuntu waturuka hanze atamuzi ariko Mana yanjye gusa yapfuye ababaye cyane Mana umwakire mubawe
mbega ubugome bukabije !!????ibi nindenga kamere cyane Police idufashe tumenye abo bagome
Birenze ubwenge ntanubwo umuntu yabyiyumvisha kuko ikigaragara uwishe uyu muvandimwe yari yabipanze ndetse afite nibikoresho,bitabaye ari ikibazo cyumutekano wa gace kose byaba arakagambane yarafitiwe nabazi gahunda ze zose zaburi munsi,investigation zirakenewe abo bagome bagafatwa kuko ubu bugome burenze ubwenge bwabantu
mbega ubugome bwindenga kamere eeeeeee birarenze twari tuziko abagome babiretse none baracyaturimo ,umwanzi ntaba kure kko ,police ihere mukigo na dortoire nuwo bararanaga ,biragaragara ko bari bamurajeho umugambi kugirango azinduke babyita siport kandi bagirango bamubone nta muntu urabyuka Imana imwakire mubayo
Uyu mwana aruhukire mu mahoro ya Nyagasani.gusa nka mugenzi wanjye watanze igitekerezo hejuru ntago bishoboka ko uyu mwana yaba yariciwe ahandi hano bakanamutwika nyuma bakamuzana muri iryo shyamba ?kuko ariya masaha cg gutwikira umuntu ku gasozi ntago bari kubura ubyumva cg ngo ababone muzaperereze .ikindi njye mbona leta yacu dukunda kandi ishoboye yashaka igihano (exception kubantu nkaba) kuko ibi byo biba birenze ubwenge bwa muntu kuburyo nushaka kubitekereza kubikora bimuvamo .murakoze exceptio
Mwiriwe ho ?njye nabuze icyo mvuga kuko ibi ntago byari bikwiriye mu rwagasabo nk umunyarwanda ukora ibi aba afite izihe ndangagaciro koko ?reka nibarize uwabikoze cg ababikoze kuko ndabona ari kazi katakozwe nu muntu umwe mwungutse iki ?uretse guhemuka no kugucumura ku Mana gushinyagurura umuryango ndetse natwe twese abanyarwanda muri rusanga ntakindu .muri Bibiliya handitswe ko uwicisha inkota ariyo azazira ariko Imana mugira nuko mu Rwanda ibyo kwihorera no kuba wakatirwa urwo gupfa byavuyeho ariko njye numvaga aribyo mu kwiriye guhanishwa nkuko mwamugize namwe mukababara nkawe .
Isi iraragiye pee ibinibimenyesto biheruka Mana tabara ubwoko bwawe uburanire abaregana Imigani 31:8-9
Ikigaragara nuko yishwe nabantu bari babigambiriye mutagiye kure muhere mukigo kuko nubundi umwana ntiyabaga hafi aho Wenda ngo ni amashyari yabaturanyi nibintu byateguwe nkuko nibindi babiteguye abagome gusa niba babona nabo bazabakatire urubakwiye pee nukwicwa urwagashinyaguro
urupfu ryuyu mwana ntiryumvikana pe gusa police yacu ikore iperereza neza kuko ndumva tugifite abagome !imana imwakire mubayo
Umva u rwanda nigihugu cyamahoro numutekano sinumva ko tugifite abantu nkabo gusa iperereza rihere mukigo kubayobozi ;abanyeshuli nabasecurite.urwo rupfu ntago rusobanutse
Gusa Imana imwakire mubayo
Umva u rwanda nigihugu cyamahoro numutekano sinumva ko tugifite abantu nkabo gusa iperereza rihere mukigo kubayobozi ;abanyeshuli nabasecurite.urwo rupfu ntago rusobanutse
Gusa Imana imwakire mubayo
Uwishe nawe agomba gupfa
Allah amubabarire anamugirire impuhwe unagure imva ye
Birakabije rwose Police yacu ndayizera mwi perereza , izakore imperereza ryimbitse maze izo nkora maraso zizamenyekane zikanirwe uruzikwiye kandi na baturage bazafashe police mwi perereza
Nukuri police ihere kuri uwo yabwiye ndetse n abamubonye bakina. Udasize umuzamu n abayobozi bikigo bigaragara ko bari bamwiteguye kuva kera ibaze Super glue. Cg bamwiciye Dortoir asinziriye bashyizeho Super Glue bajyana gutwikira mu ishyamba. Ahubwo abo ban bose babikoze ni mubo babana. Indanga bizwi kera ko arikigo kitagira uburere bwiza bakurikirane neza ko atanigiwe dortoir.
ruhango njyewe intera ubwoba pe ifite ibirara ibyigomeke barafungwa ejo bagasohoka mbese ni weakness yabayobozi mfiteyo family iyo ngiyeyo sinarenza saa 18h ntarataha, ibyo bintu abayobozi babikurikirane pe
IKIGARAGARA ABAMWISHE BARI BAMWITEGUYE.IPEREREZA RIHERE KURI UWO YABWIYE KO AGIYE.NO KUBO BABANAGA.
zimaze abana binzirakarengane burwanda ubwo wasanga yishwe nintasi zirikwi shuri ryabo ngayo ngugo
Nigute umuntujya murisiporo arumwemukigo ntibibaho abafite abandibasohokanye cyangundimuntu barikumwe.Iperereza nirihere mukigo mubabanaganawe nibataribobamwishe yishwe nabohanze amakuruyukasohotse yavuyemukigomimbere.kuko sambushiyatezwe.,,kdi nibayaragimuri sport urumwe nuburangare bwubuyobozi bwikigo nabobahanwe kuko umwanya wasport urategurwa kubageshuribose hakabaho Time yogusohoka no kugaruka ntabwobikorwa mukajagari.urupfurwuwomwana intandaroyarwo nimukigo iperereza riheremukigondani ntamuntu ukora sport urumwe.ndihanganisha umuryangowe nyakwigendera Imana imuhe imuhe iruhukoridashira.gusa birababaje.
Icyiremwa cyavuye kwa Allah cyizanasubirayo. Ndababaye pe ubu mu Rwanda haracyari inkozi zibibi bene akakegeni yassin Allah akorohereze ntacyindi nabona mvuga Imana izagaragaze uwabikoze abihanirwe
nukuri mu Ruhango hari ikibazogikomeye ubwicanyi nubugome bukabije ahubwo abayobozi baho bakurikirane pe kuki birakabije
Usibye ubugome bwabamwishe harimo nokubura ubumuntu siniyumvishako mugihenkiki tugezemo haruwagatekereje gukora ubugome nkubu ibihebibi twavuyemo niyumvishagako abanyarwanda babonye isomo ariko niba hakiri abagifite ubugomenkubu abo ntidushobora kubihanganira kuko niba umuntu yicwa akagera naho bamutwika ese ahoyatwikiwe ntabantu bahatuye wambwiruteko ntamuntu numwe waba warabonye abobagome gusa nihanganishije umuryango wanyakwigendera kandi IMANA imuhe irihuko rida shira murirusange nkaba nanahumuriza abanyeshuri binshutize yuko bidatinze bariya bagome bazaba bamaze kumenyekana kandi muhumure mubuzima bibaho umuntu amenya iminsi amazekwisi ariko ntawumenya iyo ashigaje so mukomere kdi mwihangane buriya IMANA izimpamvu buriya YASINNE arimwijuru
Imana imwakire mubayo kand umuryangowe ukomere bekwiheba
yasinn allah akwakire kandi abo bakwishe nabobazapfa ntibazatura nkimisozi kuko nimisozi izatumuka kubwubuhambare bwa allah ikiriy oturiho cyawe turagusabira kuma nako yazagushyira muri aljana iru ta izindi ijuru rya flidaus allahuma amiina
Ibi nukuru birarenze birenze uko umuntu abyumva nubugome ndengakamere, ibi kdi nimeze nubundi nkibyo muri 1994 bakore iperereza ryinbitse kuko biteye ubwoba. Turihanganisha cyane umuryango wa nyakwigendera Imana ibahe kwihangana
yoooo
nihanganishije umuryango wa nyakwigendera umwami Yesu abakomeze kuko ntawabasha kwihanganisha ababyeyi buyumwana
indangaburezi nabo ndabakomeza kuko nabo ntiborohewe kubura umwana wareraga uba ufata nkuwawe wabyaye
imana imwakire mu bayo
Biteye agahinda cyane.sinziko ubugome mu Rwanda buzashira,ariko ndihanganisha uwo muryango wabuze uwabo ,imana ibafashe barebe
niba nahobihuriye ningengabitekerezo ya jenoside am real so sorry.
Andika Igitekerezo cyawe hano ibinuburangare nubugome reta izahe impozamarira umuryago wuyu mwana ababyeyibe ababyumva bate hakorwe ipereza rihagije
mukomeze kwihangana biragoye kubyakira
abo bakizi banaba muzabahane bikomeye
Basi Bagire Ukwihangana Nubwo Bitoroshye,ibyisi Niko Bigenda.[??????].
Internant ntacyo itazakora ,
Arko ababyeyi tugakomeza tukajyanayo abana.haba nkibi ngo nimpanuka

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
mananyagasani
biteyeisoninkumuntu
wakozeibyokoko
polic ipererezeibanjyekuwobararanye .kukoharimoakagambane
ntakuntuumuntuyakicwa
agatwikwahaburenumuntuwababona.
gusaurwandarwongereibihano murakoze.