umuryango we wihangane kdi abandi babonereho nimba koko urugutwara inda zida teguwe nubwo nawe yarejyeye ?
Ariko muravuga weee, ninde waruhari yiyahura akaba yaramubwiye ko agiye kwiyahura ? ese nibura hari ubutumwa yasize ? ahubwo abantu bamamaza ko yiyahuye nibakorweho iperereza wasanga babifitemo ururare. sinumva ukuntu abantu bakwamamaza ngo umuntu yiyahuye ntakimenyetso na kimwe bagaragaza. hari ikibyihishe inyuma
Ese ubundi ni iki kibabwira ko yiyahuye ? Mujye mwirinda guhita musamira hejuru ibyo mubwiwe byose.
Kwamuganga c ntibazi gupima ngo barebe ko yaratwite koko
Imana imubabarire pe !
Erega wenda wasanga atari no gutwita byatumye yiyahura ? Ariko icyo mpmya cyo abanyeshuri b’urwanda bafite ibibazo ndetse byinshi cyane, uzi ibibazo urugaga rw’abaforomo, mineduc, high education council na minisante biteje abana b’urwanda uzi kumara imyaka itatu cg ine ngo ntiwemerewe gukora ikizamini kikwemerera gukora akazi murwanda waratanze amafr afite ingano itabarika , koko uzi ababyeyi bifashe mapfubyi ????? Nabandi baracyapfa pe !!
Erega wenda wasanga atari no gutwita byatumye yiyahura ? Ariko icyo mpmya cyo abanyeshuri b’urwanda bafite ibibazo ndetse byinshi cyane, uzi ibibazo urugaga rw’abaforomo, mineduc, high education council na minisante biteje abana b’urwanda uzi kumara imyaka itatu cg ine ngo ntiwemerewe gukora ikizamini kikwemerera gukora akazi murwanda waratanze amafr afite ingano itabarika , koko uzi ababyeyi bifashe mapfubyi ????? Nabandi baracyapfa pe !!
MUREKE GUCIRA URUBANZA MUGENZI WANYU POLISI IVUGA YUKO BAKIRI MWIPEREREZA MWAABWIRWA NIKIKO YIYAHUYE ???????
MUREKE GUCIRA URUBANZA MUGENZI WANYU POLISI IVUGA YUKO BAKIRI MWIPEREREZA MWAABWIRWA NIKIKO YIYAHUYE ???????
Kwiyahura ni umuvumo wa karande( generational curse), dusabe Imana iwukize abantu ! Niyo mpamvu tugomba kwakira Yesu Kristo kuko niwe wenyine ubasha gukiza abantu imivumo harimo n’ uwo kwiyahura.
Icyibazo yaba afite cyose kwiyahura sicyo Gisubizo.abwiwe niki se ko aribwo akemuye icyibazo atazi aho agiye uko hameze.
Niyo umuntu yaba afite ibibazo byinshi kandi bikomeye umuti wabyo si ukwiyahura ahubwo akwiye gushaka uko yabicyemura.Reka dutegereze ikizava mu iperereza.
njye sinshobora kwemerako umukobwa wintiti nkuyu ashobora kwiyahura kubera inda !!!!!!! police ikore irindi perereza kuko ashobora no kwicirwa ahandi bakaza kuhamujugunya ngo ariyahuye.wapiiiiii
njye sinshobora kwemerako umukobwa wintiti nkuyu ashobora kwiyahura kubera inda !!!!!!! police ikore irindi perereza kuko ashobora no kwicirwa ahandi bakaza kuhamujugunya ngo ariyahuye.wapiiiiii
HAKABA HARUNDI MUKOBWA ATWITE CANKE AFITE GAHUNDA ZO KWIYAHURA KUBERA YA BENZWE CANKE IKINDI CU RUKUNDO NA NYANDIKIRE ANGANE MUMUHE E MAIL YANJE MUHE URUKUNDO RUTUMA AVYIBAGIRWA ANGIRE MUGABO WE
Njye ndunva police yari ikwiriye gukora iperereza riri scientific naho ibyo ni ibya gi sivile kuko ashobora kuba hishwe cg se ari n ’impanuka yagize byose birashoboka
Yooo !! Yihenze Yoba Abaye Uwambere Atwit ?Erega Umwana Suwumwe.
Njye nibaza niba bidashoboka ko ari impanuka yagize agahanuka kuko mbona ibitangazamakuru byose byaremeje ko yiyahuye nk’aho hari ubutumwa yasize bubivuga ! Ese niba yari atwite muganga ntago yabipimye ngo abyemeze ?
KUKI MWESE MWEMEZAKO YIYAHUYE ASHOBORA NOKUBA YASUNITSWE AGAHUBUKA AGAPFA
abakobwa beshi batewe amada bagerageza kwiyahura abenshi bikabananira uyu we arabishoboye. hari nababa bumva bajya mumuhanda imodoka zikagonga. biriya bintu ni faux harimo umuvumo nshuti bakobwa mujye mwitwararika njye nakuze ntinya Inda na Sida kuburyo aho bica ntawahageraga namwe muzareba ukuntu mukoressha iyo technik !
reka da ! hari nabakiyahura c ngo nuko batwite ?
Nukuri uyu umukobwa arababaje pe !!! Ntabwo gutwita byari gutuma yiyahura. Uwiyishe ntaririrwa. .
ESE YABAGA MUCYUMBA WENYINE NTABANDI BANYESHURI BARI BAHARI NGO BATUBWIRE IYO NKURU ?? Sa. INE HABA HAKIRI KARE. HAKAGOMBYE KUBA HARUWABIBONYE !
imana imwakir mubay gusa abahung ndabagay cyne ntimukamere gutyo mwihakana abakobwa mwatey inda
Gutwita ntibyatuma umuntu yiyahura, ahubwo barebe neza hari ikindi kibyihishe inyuma
gutwita ntibyatuma wiyahura kuko umwana uko yaza kose numugisha,, abo nabadayimoni
gutwita ntibyatuma wiyahura kuko umwana uko yaza kose numugisha,, abo nabadayimoni
Eriminate iratumara igitambo kweri
Eriminate iratumara igitambo kweri
Ariko umurengwe utera kwinshi nonese utwite wese agiye yiyahura igihugu cyasigaramo nde ko mbona aribyo byeze, gusa ndamugaye kuko ibyo gutwita siwe wambere kdi si n’uwanyuma
Yooooo ! reba ukuntu kari keza disi , ndababaye gusa Imana imubabarire adusize mu gahinda
Ohhhh Mana weee ! Ariko se disi gutwita byatuma umukobwa yiyambura ubuzima kweli ? Buriya disi kandi uwayimuteye wenda yari yanamwihakanye none ubu arigaramiye undi yashyinguwe. Hummm ariko rero abakobwa mumfashe kabisa mumenye ubwenge. Umukobwa ni nk’amata ntasogongerwa nimugeze ahooooo ndabasabye
Ohhhh Mana weee ! Ariko se disi gutwita byatuma umukobwa yiyambura ubuzima kweli ? Buriya disi kandi uwayimuteye wenda yari yanamwihakanye none ubu arigaramiye undi yashyinguwe. Hummm ariko rero abakobwa mumfashe kabisa mumenye ubwenge. Umukobwa ni nk’amata ntasogongerwa nimugeze ahooooo ndabasabye
uwiyishe ntakwiye kuririrwa
Gutwita se bituma umuntu yiyahura ? Siwe 1waba utwaye inda harimpamvu yabikoze

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
birababaje pe !Imana imwakwire.ark urubyiruko rifite ibibazo byonshi.knd munzego nyonshi uburezi,ubukungu,ubuzima nizindi.eg turasaba minedic na minisante bigane ubushishozi kukizamini gikorwa nabaforomo cyurugaga.twigire kubindi bihugu