Polisi y’u Rwanda yagaragaje ko ingengabitekerezo ya Jenoside yagabanutse CP Badege yavuze ko ibikorwa byo kwibuka muri iki cyumweru byaranzwe no kwitabira kw’abaturage...
Ibi byabaye ahagana saa tanu z’amanywa muri uyu murenge wa Kamembe, aho bivugwa ko iyi modoka...
Burera :Umugabo bikekwa ko yari yagiye gusambana bamusanze mu nzu n’uwo bararanye bapfuyeIbi byabaye mu rukerera rwo kuwa Kane tariki 12 Mata 2018, aho uyu Emmanuel usanzwe acuruza...
Gatsibo : Umugabo afunzwe ashinjwa kwiyicira umugore, we akavuga ko yishwe n’amadayimoniMu ijoro rya tariki 11 Mata 2018, nibwo bikekwa ko Ndahayo Philbert yishe umugore we Uwamaliya...
Ngoma : Umusore yatemaguye se wabo aramwica amuziza kuba ngo yari umuroziAmakuru y’ubu bwicanyi yemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Gashanda, Bizimana...
Ibi byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Mata 2018, ubwo ingabo z’u Rwanda zari muri iki...
Uyu mugabo wabyutse mu gitondo ahagana saa kumi n’ebyiri agasanga imbere y’umuryango asohokeramo...
Tariki ya 10 Mata 1994, umunsi hishwe abarwayi benshi mu bitaro bya Faisal na CHUKUmunsi nk’uyu mu 1994, abasirikare barindaga Perezida Habyarimana, barashe ibisasu bya rutura...
Abantu 8 baguye muri Nyabarongo babiri bahita baburirwa irengeroAba baturage bivugwa ko baguye muri Nyabarongo mu ijoro ryo ku Cyumweru aho bambukaga muri uyu...
Kuri iyi tariki ya 9 Mata, Interahamwe n’abasirikare barindaga Habyarimana bishe abatutsi bari...
Huye : Umugororwa wari warakatiwe gufungwa burundu yatorotse gerezaMwumvaneza Patrick afite inkomoko muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo akaba yari...
Umwe mu batorokanye na Ntamuhanga Cassien uri muri dosiye imwe na Kizito Mihigo yafashweUyu mugabo wafashwe ni mwene Mukamwambutsa batuye mu kagari ka Rwimbogo, umurenge wa Gatebe,...
Aba bagabo bivugwa ko ngo baguye mu kirombe ari batanu gusa umwe muri bo yaje guhita abasha...
Karongi : Umuyobozi w’ishuri afunzwe akurikiranyweho gukubita abanyeshuri bamwe bakajya mu bitaroIbi byabaye tariki 31 Werurwe 2018, aho bivugwa ko aba banyeshuri bari bakoze amakosa ariko uyu...
Umwe mu baturage wo muri uyu murenge ibi byabereyemo yabwiye Ukwezi.com ko aya masasu yahereye...
Guhagarika imyigaragambyo muri Kiziba byakozwe kinyamwuga - IGP GasanaIbi Umuyobozi mukuru wa Polisi yabigarutseho mu kiganiro cya Police n’abafatanyabikorwa bayo...
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi Abarundi 33 b’impunzi bashinjwa kugumura abandiPolisi y’u Rwanda, ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagize iti : "Polisi y’u Rwanda yataye muri...
Undi munyarwanda yashimutiwe i Kampala muri UgandaUmugore wa Iyakaremye witwa Beatrice Nyirahabimana niwe watanze amakuru y’ishimutwa ry’umugabo...
Rulindo : Babiri batawe muri yombi bakekwaho kwiba ibiro 800 by’amabuye y’agaciroUmuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana,...
Amakuru y’ifungwa ry’umunyamakuru Muramira Regis yemejwe n’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu mujyi...
Kigali : Uwari ukurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba yafashwe agerageza gutorokaAbashinzwe umutekano bafashe uyu Byumvuhore Faragie bivugwa ko ngo atari yambaye imyenda...
Muhanga:Bafite uburyo bwihariye bwo kurwanya ibiyobyabwenge mu mashuriAbanyeshiri bo ku rwunge rw’amashuri rwa Buranga, mu murenge wa Kabacuzi, akarere ka Muhanga...
Kigali : Indaya yakubise icupa umugabo ku ijosi ryenda kuvahoUyu mukobwa bivugwa ko yari kumwe n’abandi bagenzi be bagera kuri batanu, yaje gukata umugabo...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Werurwe 2018 nibwo hasomwe imyanzuro y’urubanza Mugisha Drake...
Bugesera : Umugabo n’umugore biciwe mu rutoki bivugwa ko bafashwe basambaniramoAbishwe ni umugabo n’umugore basanzwe batuye mu murenge wa Musenyi mu karere ka Bugesera mu...
Umugabo yafatiwe kuri Nyabarongo ari kumwe n’umugore we bikekwa ko yari agiye kurohaUyu muryango bivugwa ko utari ubanye neza usanzwe utuye ku Kimisagara mu mujyi wa Kigali....
Uyu muryango ugizwe n’umugore ukora akazi ko kudoda imyenda ndetse n’abana be bane yabyaranye...
Iri teme rikunze gukoreshwa n’aba baturage bo muri iyi mirenge by’umwihariko ariko ngo bakunze...
Nyabimata : Inkuba yakubitiye abantu 45 mu rusengero, 14 bahita bahasiga ubuzimaUmuyobozi w’akarere ka Nyaruguru, Habitegeko Francois, yahamije aya makuru mu kiganiro yagiranye...
Umuzungu wibwe Telefone avuye mu gitaramo cya Charly na Nina yayisubijweIbikoresho byagaragajwe birimo Televiziyo ebyiri nini(Flat Screen), Mudasobwa imwe yo mubwoko...
Aba bajura bateshejwe imyenda yari ipakiye mu mifuka 7, imifuka 2 y’inkweto n’amajerikani...
Tariki ya 25 Nyakanga 2012, nibwo Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwasomye urubanza...
Nk’uko imibare itangwa na Minisiteri ifite gukumira ibiza mu nshingano zayo (MIDIMAR), abantu...
Padiri MUSABYIMANA Antoine uyobora Ecole Secondaire Mubuga, yatangarije ikinyamakuru Ukwezi.com...