Ibi bibanza byiza biri i Nyamata mu nkengero z’umujyi wa Kigali. Ni ibibanza byiza bigura macye kandi buri kibanza gifite icyangombwa cyacyo, kandi kikagira metero 15/20. Ibi bibanza biteye borne byose, aho biri ni ahantu harimo gutera imbere cyane. Uramutse ushaka kwiturira heza ku giciro kidakanganye, cyangwa ushaka ibindi bisobanuro, waduhamagara kuri 0788328340.