Iki ni igipangu kigurishwa ku mafaranga macye ugereranyije n’uko kimeze, giherereye mu murenge wa Kimironko mu kagari ka Nyagatovu, aho bakunda kwita mu Gihogere. Ni igipangu kigizwe n’inzu ebyiri, imwe muri izo igeretse rimwe. Kiragurishwa ku mafaranga y’u Rwanda miliyoni ijana na mirongo itanu (150.000.000 Frw).
Uramutse ugikeneye , ushaka ibindi bisobanuro cyangwa wifuza kugera aho giherereye, wahamagara kuri 0783734945.