Iki kibanza kri ahitwa mu Meru, Akagari ka Remera ; ni i Muhanga. Kikaba gihana imbibi n’amashuri ari haruguru y’ako kagari ; mu murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga. Ni muri metero 130 uvuye ku muhanda munini wa kaburimbo ugana ku Kibuye cyangwa mu Ngororero. Kirimo amatafari n’amabuye (icyo kizu cyasenyutse). Igiciro ni 8.000.000 (negotiable).
Iki kibanza ni kinini cyagabanywamo ibice, kandi cyari cyarashakiwe ibyangombwa byo kubaka kuburyo gusaba ibindi ari ugusaba kongeresha igihe cy’ibyari byararangiye.
Uramutse ukeneye ibindi bisobanuro cyangwa kukireba, wahamagara 0788519933/ 0722519933